Umukobwa w’imyaka 22 wo muri Nigeria uvuga ko ari umunyeshuri wa kaminuza yatangaje ko hari abantu bamwishyuye miliyoni enye z’amanayira ngo aryamane n’imbwa gusa ngo akaba akeka ko yaba yarasamye.
Uyu mukobwa utaratangajwe amazina ubwo yaganiraga n’impuguke mu by’imibanire, Osigwe Omo-Ikirodah yavuze ko afite ubwoba bwo kujya kwa muganga ngo yisuzumishe niba ko yaba atwite cyangwa yibeshya.
Ibi bikorwa uyu mukobwa yabishowemo n’abasore avuga ko ari abo muri Ghana baje bashaka abakobwa bo kujya gukinisha filimi z’urukozasoni.
Avuga ko “ Yihsuwe miliyoni imwe y’amanayira nka vansi. Uwanjyanye yambwiye ko buri muntu ari bukorere miliyoni ebyiri. Naremeye tugezeyo nsanga ni ukuryamana n’ibikoko n’imbwa. Nashatse kubyanga ariko mugenzi wanjye avuga ko twakumvikana ku biciro. Bambwiye ko abantu baba hanze bakeneye kubona videwo byihuse. Bageze aho batubwira kuduha miliyoni enye buri muntu.
Uyu mukobwa wivugira ko yacumuye ku mana n’abantu, akomeza agira ati “ Twarabeyemeye, turayamana n’inyamaswa. Ku munsi ukurikiye twasubiye muri Nigeria gusa ntituzi n’aho twari turi muri Ghana. Nyuma natangiye kumva ndwaye nk’aho ntwite, byongeye nabuze imihango.”
Uyu mukobwa yibaza icyo yakora aramutse asanze yaratewe inda n’imbwa!


