Ubukwe bw’umunyamakuru Itangishatse na Nishimwe bwabaye indorerwamo ya bagenzi be- AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Umunyamakuru akaba n’umwanditsi mukuru (Chief Editor) wa Bwiza.com , Itangishatse Theoneste, mu mpera z’icyumweru gishize nibwo yarushinganye n’umukunzi we Nishimwe Devotha bari bamaranye igihe kitari gito bakundana.

DSC_5039
Ubwo bari bageze iwabo w’umukobwa bagiye gusaba no gukwa i Kayenzi (Kamonyi)

DSC_5118
DSC_5199
Bahana impano mu muhango wo gusaba no gukwa wabereye mu Karere ka Kamonyi

DSC_5247
Itangishatse na Nishimwe bicaye mu byicaro bari bateguriwe imbere y’imbaga

DSC_5290
DSC_5305
Basangira icyo kunywa nk’ikimenyetso cy’uko bazasangira buri kimwe cyose

DSC_5226
DSC_5168
DSC_5412
Theoneste arahira ko yemeye ko Nishimwe amubera umugore

DSC_5418
Nishimwe nawe arahira ko yemeye ko Itangishatse amubera umugabo

DSC_5430
Padiri muri Kiliziya Gatolika paruwasi ya St Famille abahesha umugisha anabifuriza kuzagira urugo ruhire

DSC_5436
DSC_5586
Itangishatse Theoneste na Nishimwe Devotha bamaze kuba umwe

DSC_5593
Basezera abasiribateri bagenzi babo bishimira ko bavuye mu busore bakinjira mu zindi nshingano

DSC_5611
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Itangishatse Theoneste avuga ko ubu bukwe iri imwe mu ntambwe ateye mu buzima bwe atazibagirwa na gato .iyi ntambwe kandi ikaba yarabaye ikitegererezo ku bandi banyamakuru bagenzi be aho bamwe bashingiyeho bafata umwanzuro wo kuzagera ikirenge mucye.
DSC_5775 DSC_5752 DSC_5614
DSC_5624 DSC_5629
DSC_5631
Itariki ya 6/08/2016 ubukwe bwabayeho, urwibutso kuri Theoneste n’umufasha we Devotha

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *