Umunyamakuru akaba n’umwanditsi mukuru (Chief Editor) wa Bwiza.com , Itangishatse Theoneste, mu mpera z’icyumweru gishize nibwo yarushinganye n’umukunzi we Nishimwe Devotha bari bamaranye igihe kitari gito bakundana.















[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Itangishatse Theoneste avuga ko ubu bukwe iri imwe mu ntambwe ateye mu buzima bwe atazibagirwa na gato .iyi ntambwe kandi ikaba yarabaye ikitegererezo ku bandi banyamakuru bagenzi be aho bamwe bashingiyeho bafata umwanzuro wo kuzagera ikirenge mucye.



Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


