Umugabo wo mu gace kitwa Kubwa mu gihugu cya Nigeria, yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gutahana indaya iwe mu rugo yayihageza agasanga ni umugabo mugenzi we.
Ngo bariya bombi bahurira muri kariya gace k’i Abuja, uwacyuwe nk’indaya yari yambaye imyambaro y’abagore.
Urubuga News PHX Feeds rwavuze ko nyamugabo akibona ko uwo yari acyuye ari umugabo mugenzi we, yatangiye kumubaza impamvu yahisemo kumubeshya ko ari umugore bikagera n’aho amwemerera ko batahana.
Uwari wigize indaya yavuze ko yari azi neza ko aza gufatwa, gusa avuga ko yari afite icyifuzo cy’uko aza kubona umugiraneza umufasha, bijyanye n’uko nta kazi yari afite nyuma yo kurangiza amasomo.
Uyu musore kandi avuga ko yabeshye uko abishoboye kose, ndetse agakora n’imirimo y’ubwoko bwose kugira ngo abone amaramuko ye n’umuryango we gusa byose ntibimuhire.



6 Responses
Umugabo yacyuye indaya agiye gutera akabariro asanga ari umugabo nka we.
Nibe nawe yazanye undi muntu.Mu bihugu byateye imbere basigaye batera igikumwe na robots z’ingore.Cyangwa bakararana nazo muli Hotel babanje kuriha amafaranga menshi.Ubusambanyi bukabije cyane butabagaho kera,ni kimwe mu byerekana ko turi mu bihe by’imperuka.Ikindi kibyerekana,nuko abantu aho gushaka Imana,bibereye gusa mu gushaka amafaranga,shuguli,politike,etc…Bakibagirwa ko aricyo cyatumye mu gihe cya Nowa abantu bose bari batuye isi Imana yarabarimbuye,igasigaza abantu 8 gusa bashakaga Imana.Yesu wavuze iyo nkuru muli Matayo 24:37-39,yavuze ko ariko bizagenda nagaruka ku munsi wa nyuma ushobora kuba wegereje.
Umugabo yacyuye indaya agiye gutera akabariro asanga ari umugabo nka we.
Nibe nawe yazanye undi muntu.Mu bihugu byateye imbere basigaye batera igikumwe na robots z’ingore.Cyangwa bakararana nazo muli Hotel babanje kuriha amafaranga menshi.Ubusambanyi bukabije cyane butabagaho kera,ni kimwe mu byerekana ko turi mu bihe by’imperuka.Ikindi kibyerekana,nuko abantu aho gushaka Imana,bibereye gusa mu gushaka amafaranga,shuguli,politike,etc…Bakibagirwa ko aricyo cyatumye mu gihe cya Nowa abantu bose bari batuye isi Imana yarabarimbuye,igasigaza abantu 8 gusa bashakaga Imana.Yesu wavuze iyo nkuru muli Matayo 24:37-39,yavuze ko ariko bizagenda nagaruka ku munsi wa nyuma ushobora kuba wegereje.
Umugabo yacyuye indaya agiye gutera akabariro asanga ari umugabo nka we.
Iyamutera akinyuma ko nako nacyo gatwara cyane ko karuta naho imbere …uwo musore ntazi ibiryoha bigezweho ntakiryoha nkumugabo kumugabo …ariko amategeko yicyo gihugu atabyemera byo byaba aramakosa kereka kubabyemera.
Umugabo yacyuye indaya agiye gutera akabariro asanga ari umugabo nka we.
Iyamutera akinyuma ko nako nacyo gatwara cyane ko karuta naho imbere …uwo musore ntazi ibiryoha bigezweho ntakiryoha nkumugabo kumugabo …ariko amategeko yicyo gihugu atabyemera byo byaba aramakosa kereka kubabyemera.
Umugabo yacyuye indaya agiye gutera akabariro asanga ari umugabo nka we.
Iyamutera akinyuma ko nako nacyo gatwara cyane ko karuta naho imbere …uwo musore ntazi ibiryoha bigezweho ntakiryoha nkumugabo kumugabo …ariko amategeko yicyo gihugu atabyemera byo byaba aramakosa kereka kubabyemera.
Umugabo yacyuye indaya agiye gutera akabariro asanga ari umugabo nka we.
Iyamutera akinyuma ko nako nacyo gatwara cyane ko karuta naho imbere …uwo musore ntazi ibiryoha bigezweho ntakiryoha nkumugabo kumugabo …ariko amategeko yicyo gihugu atabyemera byo byaba aramakosa kereka kubabyemera.