Bimaze kuba akamenyero ko buri kwezi hazajya haba siporo rusange, aho mu Mujyi wa kigali imihanda imwe n’imwe ifungwa mu rwego rwo korohereza abakora siporo ngo bayikore badahura n’imodoka nyinshi mu mihanda zibazitira, akaba ari muri urwo rwego Umujyi wa Kigali wagaragaje imihanda izaba ikoreshwa kuri iki Cyumweru, itariki 14 Kanama mu gihe hazaba haba siporo rusange.
Dore itangazo ry’Umujyi wa Kigali ku ikoreshwa ry’imihanda kuri uyu wa 14 Kanama

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@bwiza.com


