Mu Mafoto: Miss Rwanda yitabiriye isabukuru y'imyaka 21 y'umuryango Mwana Ukundwa

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 13 Kanama 2016, kuri Stade ya Huye, mu Karere ka Huye ho mu Ntara y’Amajyepfo, habereye umuhango wo kwizihiza imyaka 21 umuryango, Mwana Ukundwa , umaze ushinzwe, umuhango witabiriye n’abantu batandukanye barimo Mayor Kayiranga Eugene na Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly.
Dore uko byari byifashe mu mafoto:

CpvK1cIW8AIIIo1
Miss Mutesi Jolly hagati

CpvKGllWcAAYHhj
Miss Jolly yabanje kwifatanya n’abandi mu karasisi

CpvKYwlXgAAKqg-
CpvLHJhXEAEXDTH
CpvLYQmXEAALKTf
Umuyobozi w’Akarere ka Huye, Kayiranga Eugene (Hagati) nawe yifatanyije na Association Mwana Ukundwa mu isabukuru yayo

CpvOb_UWcAIXyPx
CpvPCdbWIAAPzTN
Umuhanzi Mani Martin mu basusurukije abitabiriye uyu muhango

CpvOcDlWYAAal63
CpvPigVW8AA_-0k
CpvQEprXEAAsK6n
CpvQEprXYAALkoe
CpvXAbaWgAAt0A5
CpvXHlUXgAAVSvg
Miss Jolly agiye guha abana amata

 

CpvXo7CWYAAcDyC
Mayor Kayiranga ageza ijambo ku bitabiriye iyi sabukuru

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Dennis Ns./Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *