Inama igirwa abibwira ko bakize

Sangiza iyi nkuru

Abahanga mu inyurabwenge ishingiye ku iyobokama bemeza ko hari ugukira kw’ amoko abiri.
Hari ugukira ku bintu (imitungo y’ imukanwa n’ itimukanwa) ndetse akaba no gukira ku mutima bigaragarira cyane ku myitwarire ya nyir’ ubwite irangwa cyane n’ urukundo, kwiyubaha, gufasha , kwicisha bugufi n’ izindi gaciro z’ ubumana.
Imana mu ijambo ryayo ivuga iti:«Kuko uvuga uti “Ndi umukire, ndatunze kandi ndatunganiwe nta cyo nkennye”, utazi yuko uri umutindi wo kubabarirwa, kandi uri umukene n’impumyi ndetse wambaye ubusa. Dore ndakugira inama: ungureho izahabu yatunganirijwe mu ruganda ubone uko uba umutunzi, kandi ungureho n’imyenda yera kugira ngo wambare isoni z’ubwambure bwawe zitagaragara, kandi ungureho umuti wo gusÄ«ga ku maso yawe kugira ngo uhumuke.»
Ibyahishuwe:3-17
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *