Nturano Eustache wari umukozi ushinzwe amashuri yisumbuye na TVET mu Karere ka Rubavu, Ugirabino Elisaphan wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mudende, Ngirabatware Etienne wari ushinzwe imibereho myiza muri Mudende na Dushimimana Diogene wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kanyundo muri Mudende bahagaritswe kuri izi inshingano mu gihe kitazwi bitewe n’amakosa bakurikiranweho.
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe ubukungu, Nzabonimpa Deogratias yahamirije ikinyamakuru RwandaNews24 iby’aya makuru. Ati: “Ni byo abari abakozi muri aka karere bahagaritswe mu kazi igihe kitazwi.”
Nturano Eustache akurikiranweho gushyira umwarimu mu kazi mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bigatuma akora nta mushahara abona. Mu gihe abandi bose bakurikiranweho gutanga raporo mpimbano, igaragaza ko bubakiye umuturage utishoboye kandi ntabyo bakoze.

Itegeko rigenga abakozi riteganya ko igihe umukozi akurikiranweho amakosa, ahagarikwa mu gihe kitazwi, hagasuzumwa ibyo akurikiranweho atari mu kazi. Mu gihe bitamuhamye, asubira muri izo nshingano.



26 Responses
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Abaturage bimudende turanezerewecyane????
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Abaturage bimudende turanezerewecyane????
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Abaturage bimudende turanezerewecyane????
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Nibyiza ko abayobozi nkabo babazwa amakosa yabo
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Nibyiza ko abayobozi nkabo babazwa amakosa yabo
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Abaturage bimudende turanezerewecyane????
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Abo bazaze no muri Gicumbi bazabona abobeguza badatanga service, ikindi bamwe muri ba Gitifu b’imirenge umutungo wa leta barawumaze.
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Abo bazaze no muri Gicumbi bazabona abobeguza badatanga service, ikindi bamwe muri ba Gitifu b’imirenge umutungo wa leta barawumaze.
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Munzego z ibanze ibyo biracyabaho?
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Munzego z ibanze ibyo biracyabaho?
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache iyo yari ingeso ye kuko natwe byatubayeho,ngye nakoze amezi atatu ndahembwa hahembwa uwo naritsimbuye.
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Nawe niba waragiye mukazi muburyo butemewe namategeko ubwo umukurikire
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Nawe niba waragiye mukazi muburyo butemewe namategeko ubwo umukurikire
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
you
and
whom
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
you
and
whom
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache iyo yari ingeso ye kuko natwe byatubayeho,ngye nakoze amezi atatu ndahembwa hahembwa uwo naritsimbuye.
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Nanjye byambayeho eustache sibwo bwambere.
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Nanjye byambayeho eustache sibwo bwambere.
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache asanzwe ari igisambo ndetse anarangwa nogutonesha abaturuka iwabo (headteachers,SEOs biyandarika buri gihe mukazi…
Nibamukanire urumukwiye
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache asanzwe ari igisambo ndetse anarangwa nogutonesha abaturuka iwabo (headteachers,SEOs biyandarika buri gihe mukazi…
Nibamukanire urumukwiye
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache asanzwe ari igisambo ndetse anarangwa nogutonesha abaturuka iwabo (headteachers,SEOs biyandarika buri gihe mukazi…
Nibamukanire urumukwiye
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache asanzwe ari igisambo ndetse anarangwa nogutonesha abaturuka iwabo (headteachers,SEOs biyandarika buri gihe mukazi…
Nibamukanire urumukwiye
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache asanzwe ari igisambo ndetse anarangwa nogutonesha abaturuka iwabo (headteachers,SEOs biyandarika buri gihe mukazi…
Nibamukanire urumukwiye
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache asanzwe ari igisambo ndetse anarangwa nogutonesha abaturuka iwabo (headteachers,SEOs biyandarika buri gihe mukazi…
Nibamukanire urumukwiye
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache asanzwe ari igisambo ndetse anarangwa nogutonesha abaturuka iwabo (headteachers,SEOs biyandarika buri gihe mukazi…
Nibamukanire urumukwiye
Rubavu: Ushinzwe amashuri yisumbuye, Gitifu w’Umurenge n’abandi 2 bahagaritswe igihe kitazwi
Eustache asanzwe ari igisambo ndetse anarangwa nogutonesha abaturuka iwabo (headteachers,SEOs biyandarika buri gihe mukazi…
Nibamukanire urumukwiye