Ijambo ry’ Imana: Ukwizera kutagira ibikorwa kuba gupfuye ubusa

Sangiza iyi nkuru

Uyu munsi tugire kurebera hamwe ’’Kwizera’’, bibiriya itubwira neza ko kwizera ko nyine kudahagije iyo kudafite imirimo. Yakobo 2: 14 17; haravuga ngo: “mbese bene Data, byavura iki niba umuntu avuga ko afite kwizera ariko nta mirimo?
Bene uko kwizera kwabasha kumukiza? Cg se hagira mwese Data w’ umugabo cg w’ umugore wambaye ubusa, kandi akaba abuze ibyo kurya by’ iminsi yose, maze umwe akamubwira ati “genda amahoro ususuruke uhage” ariko ntimumuhe ibyo umubiri ukennye byavura iki”?
Uko niko kwizera iyo kudafiye imirimo, ahubwo kuba gupfuye.
Haguruka ukoreshe kwizera kwawe kuko kwizera kudafite imirimo kuba gupfuye. Ibyo utazakora ukiri ku isi ntawundi uzabigukorera kuko ntawe mumeze kimwe kdi imirimo myiza ukorera muri iyi si niyo izaguherekeza.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *