Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi

Sangiza iyi nkuru

Umuhungu wa Dr. Pierre Damien Habumuremyi witwa Mucyo Apollo arasaba Perezida Kagame kumukura mu maboko y’ubutabera bitewe n’imirimo yakoze ubwo yari mu buyobozi bukuru bw’igihugu.

Tariki ya 5 Nyakanga 2020 ni Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha wasigariyeho Marie Michelle Umuhoza, Bahorera Dominique yatangaje ko Dr. Habumuremyi yatawe muri yombi tariki ya 3, akurikiranweho icyaha cy’ubuhemu no gutanga sheki zitazigamiye. Amakuru avuga ko Dr. Habumuremyi arimo umwenda wa miliyari 1.5 rwf.

Itabwa muri yombi rya Dr. Habumurenyi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda kuva mu 2011 kugeza mu 2014, ryakurikiwe n’ifungwa rya Kaminuza yashinze mu 2017 ya Christian University of Rwanda, bitewe no kutuzuza ibisabwa bituma itanga uburezi bufite ireme.

Ku munsi Dr. Habumuremyi yatereweho muri yombi, Mucyo Apollo yashyize hanze ubutumwa yageneye Perezida Kagame, abucishije ku rubuga rwa Instagram, asabira se imbabazi. Ati: “Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe. Mu bwana bwanjye bwose ntabwo nigeze mubona kuko yazaga mu rugo akerewe ubwo yari ayoboye Komisiyo y’Amatora, ahagarariye [igihugu] muri EAC, ubwo yari Minisitiri n’igihe yari Minisitiri w’Intebe.”

Mucyo yakomeje ati: “Nk’umuryanyamuryango wa RPF, kuva navuka yabaye inkingi ya mwamba mu guteza imbere ubumwe n’ubwiyunge. Nari mpari kandi narabibonye. Yagize uruhare runini mu iterambere ry’igihugu. Yabaye kandi azahora ari umuntu w’umunyamurava mwagize.”

Uyu musore avuga ko ibyaha se aregwa byoroheje ugereranyije n’ibyo yakoreye igihugu. Ati: “Gira imbabazi!”

Dr. Habumuremyi yatawe muri yombi kandi muri leta y’u Rwanda yari ayoboye Urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari, Impeta n’Imidari y’Ishimwe, umwanya yagiyeho tariki ya 13 Gashyantare 2015 nk’uko byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye kuri uwo munsi, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.

Soma Izindi Nkuru

60 Responses

  1. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ese uwo muhungu yifuza ko bigenda bite? Ayo mafaranga ayishyurirwe na Perezida Kagame cg Leta? Umuntu yakwibaza akanashidikanya Ku musaruro yatanze Niba yarageze igihe abamo umwenda wa miliyari kdi ahembwa. Akiri Minisitiri w’Intebe yari afire Immunité; sinkeka ko agifite ubudahangarwa. Ubu se yakoze kurusha Pasteur Bizimungu?

    1. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      Uyu muhungu wa Damien aranyumije pe,kuba yarakoreye byinshi igihugu ntawubihakana ariko se bimuha ubuhe budahangarwa bwo gukora amakosa ntayabazwe.reka ubutabera bukore akazi kabwo,

    2. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      Uyu muhungu wa Damien aranyumije pe,kuba yarakoreye byinshi igihugu ntawubihakana ariko se bimuha ubuhe budahangarwa bwo gukora amakosa ntayabazwe.reka ubutabera bukore akazi kabwo,

    3. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      None se igihe Kagame azabazwa aho abanyarwanda barigitiye azatubwira ko yubatse kigali Arena? buri muntu agomba kwikorera umutwaro we imbere y’ubucamanza. Ntabwo kuba Papa wawe yarakoze imirimo ikomeye bimwemerera gukora ibyaha. Gusa n’abandi bakora nkawe cyangwa bamusumbije nabo nibabakanire. 2 poids 2 mesures!!!

    4. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      None se igihe Kagame azabazwa aho abanyarwanda barigitiye azatubwira ko yubatse kigali Arena? buri muntu agomba kwikorera umutwaro we imbere y’ubucamanza. Ntabwo kuba Papa wawe yarakoze imirimo ikomeye bimwemerera gukora ibyaha. Gusa n’abandi bakora nkawe cyangwa bamusumbije nabo nibabakanire. 2 poids 2 mesures!!!

  2. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ese uwo muhungu yifuza ko bigenda bite? Ayo mafaranga ayishyurirwe na Perezida Kagame cg Leta? Umuntu yakwibaza akanashidikanya Ku musaruro yatanze Niba yarageze igihe abamo umwenda wa miliyari kdi ahembwa. Akiri Minisitiri w’Intebe yari afire Immunité; sinkeka ko agifite ubudahangarwa. Ubu se yakoze kurusha Pasteur Bizimungu?

  3. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ok byiza cyane ibyuvuga birumvikana yakoze byinshi byiza Kandi turabimushimira arko simpamvu yogukora ibibi none ugatinyuka ngoyabaye umuyobozi nibamureke bibaye ibyo rero nguwayoboye wese nakora ikintu kibi ntacyibazwe ngonuko mbere yakoze neza ntaho twabatujya #ubutabera kuribose nibwo dukeneye.

    1. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      ariko sha tujye tuvugisha ukuri pe nawe ari papa wawe ndumva ariko wavuga umusabira imbabazi. rero mureke umwana akoreshe amarangamutima ye pe

    2. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      ariko sha tujye tuvugisha ukuri pe nawe ari papa wawe ndumva ariko wavuga umusabira imbabazi. rero mureke umwana akoreshe amarangamutima ye pe

  4. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ok byiza cyane ibyuvuga birumvikana yakoze byinshi byiza Kandi turabimushimira arko simpamvu yogukora ibibi none ugatinyuka ngoyabaye umuyobozi nibamureke bibaye ibyo rero nguwayoboye wese nakora ikintu kibi ntacyibazwe ngonuko mbere yakoze neza ntaho twabatujya #ubutabera kuribose nibwo dukeneye.

  5. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Mumureke atakambe iyo ubabaye ntaho utapfunda umutwe!Twese dufitiye HE icyizere iyo bukomeye turamwiyambaza kdi tuzahora tumwisunga yo gahora ku ngoma.
    Gusa bishobotse yafashwa nta mpamvu yo kwandagara yarayoboye abanyarwanda nanubu yari akiyoboye. Thanks

    1. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      Mwaramutse Neza! Nagirango nkwibutse ko nari umugabo idahabwa intebe. Nabazwe ibyo yakoze kuko abo yakoreraga nibo yambuye. Wibuke ko Hari abanyacyubahiro bamurenze ubu bari imbere yubushinjacyaha.

    2. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      Mwaramutse Neza! Nagirango nkwibutse ko nari umugabo idahabwa intebe. Nabazwe ibyo yakoze kuko abo yakoreraga nibo yambuye. Wibuke ko Hari abanyacyubahiro bamurenze ubu bari imbere yubushinjacyaha.

    3. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      Nonese kugira umwenda birahanirwa cg yanze kwishyura

      1. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
        Nones icyo bita check itazigamiye wumva Icyaricyo cg nuko utazi amategeko icyo avuga?

      2. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
        Nones icyo bita check itazigamiye wumva Icyaricyo cg nuko utazi amategeko icyo avuga?

    4. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
      Nonese kugira umwenda birahanirwa cg yanze kwishyura

  6. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Mumureke atakambe iyo ubabaye ntaho utapfunda umutwe!Twese dufitiye HE icyizere iyo bukomeye turamwiyambaza kdi tuzahora tumwisunga yo gahora ku ngoma.
    Gusa bishobotse yafashwa nta mpamvu yo kwandagara yarayoboye abanyarwanda nanubu yari akiyoboye. Thanks

  7. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Muvandimwe birecyere ubutabera kuba yarakoze neza nibyiza turabimushimira ariko niba hari ibyo abazwa agomba kubisubiza urwanda nigihugu kigendera kumategeko uretse nawe nabamennye amaraso bakibohoje iyo hagize utana munshingano arabibazwa

  8. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Muvandimwe birecyere ubutabera kuba yarakoze neza nibyiza turabimushimira ariko niba hari ibyo abazwa agomba kubisubiza urwanda nigihugu kigendera kumategeko uretse nawe nabamennye amaraso bakibohoje iyo hagize utana munshingano arabibazwa

  9. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ese pilote w’indege ayitwaye neza igahaguruka, mu kirere ikagenda ariko igihe ageze aho ajya akayikubita hasi bidaturutse ku mpanuka, yabishimirwaabantu bakomeretse cyangwa bapfuye?
    Uwatetse neza se byamara gushya akabishiriza nkana wamushima iki?
    Birashoboka ko akantu keza gakomeye katuma umuntu ababarirwa amakosa yakozwe mbere yaho, ariko igikorwa kibi gihanagura ibyakozwe n’ubwo byaba byiza, byaba bibi kigashimangira ububi bwacyo.
    Ntawakora ibibi rero ngo bamureke yitwaje ko hari ibyo yakoze neza, yaba agiye kibigira inyoroshyo kandi ruswa na yo igomba guhashywa.

  10. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ese pilote w’indege ayitwaye neza igahaguruka, mu kirere ikagenda ariko igihe ageze aho ajya akayikubita hasi bidaturutse ku mpanuka, yabishimirwaabantu bakomeretse cyangwa bapfuye?
    Uwatetse neza se byamara gushya akabishiriza nkana wamushima iki?
    Birashoboka ko akantu keza gakomeye katuma umuntu ababarirwa amakosa yakozwe mbere yaho, ariko igikorwa kibi gihanagura ibyakozwe n’ubwo byaba byiza, byaba bibi kigashimangira ububi bwacyo.
    Ntawakora ibibi rero ngo bamureke yitwaje ko hari ibyo yakoze neza, yaba agiye kibigira inyoroshyo kandi ruswa na yo igomba guhashywa.

  11. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ese pilote w’indege ayitwaye neza igahaguruka, mu kirere ikagenda ariko igihe ageze aho ajya akayikubita hasi bidaturutse ku mpanuka, yabishimirwaabantu bakomeretse cyangwa bapfuye?
    Uwatetse neza se byamara gushya akabishiriza nkana wamushima iki?
    Birashoboka ko akantu keza gakomeye katuma umuntu ababarirwa amakosa yakozwe mbere yaho, ariko igikorwa kibi gihanagura ibyakozwe n’ubwo byaba byiza, byaba bibi kigashimangira ububi bwacyo.
    Ntawakora ibibi rero ngo bamureke yitwaje ko hari ibyo yakoze neza, yaba agiye kibigira inyoroshyo kandi ruswa na yo igomba guhashywa.

    Erega hari n’abataragiye babona ababyeyi babo kubara guhangayika ku byo bagombye kuba barabonye ariko bikanyerezwa.

  12. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ese pilote w’indege ayitwaye neza igahaguruka, mu kirere ikagenda ariko igihe ageze aho ajya akayikubita hasi bidaturutse ku mpanuka, yabishimirwaabantu bakomeretse cyangwa bapfuye?
    Uwatetse neza se byamara gushya akabishiriza nkana wamushima iki?
    Birashoboka ko akantu keza gakomeye katuma umuntu ababarirwa amakosa yakozwe mbere yaho, ariko igikorwa kibi gihanagura ibyakozwe n’ubwo byaba byiza, byaba bibi kigashimangira ububi bwacyo.
    Ntawakora ibibi rero ngo bamureke yitwaje ko hari ibyo yakoze neza, yaba agiye kibigira inyoroshyo kandi ruswa na yo igomba guhashywa.

    Erega hari n’abataragiye babona ababyeyi babo kubara guhangayika ku byo bagombye kuba barabonye ariko bikanyerezwa.

  13. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Nababarirwe,Kiko imbabazi zisabwa kuko habonetse amakosa.
    Ndabizi na president wacu agira imbabazi. Ariko usabye arahabwa. Imana imufashe!

  14. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Nababarirwe,Kiko imbabazi zisabwa kuko habonetse amakosa.
    Ndabizi na president wacu agira imbabazi. Ariko usabye arahabwa. Imana imufashe!

  15. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Uwomwana gusabira ise imbababazi birumvikana ntawe utabikora.ariko kuvugayuko ise yahaye abaturage ni gihugu burikimwe cyose sibyobyatuma ahabwa imbabazi. Yewe, ubaye waranakiviriye amaraso ukagira amahirwe yokuba ukiriho ntibyaba urwitwazo wakoze amakosa ngo wakoreye igihugu nabanyarwanda.kuko numusanzu uba waratanze Kandi ningombwa kumwenegihugu gatanga umusanzu kuneza yigihugucye.

  16. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Uwomwana gusabira ise imbababazi birumvikana ntawe utabikora.ariko kuvugayuko ise yahaye abaturage ni gihugu burikimwe cyose sibyobyatuma ahabwa imbabazi. Yewe, ubaye waranakiviriye amaraso ukagira amahirwe yokuba ukiriho ntibyaba urwitwazo wakoze amakosa ngo wakoreye igihugu nabanyarwanda.kuko numusanzu uba waratanze Kandi ningombwa kumwenegihugu gatanga umusanzu kuneza yigihugucye.

  17. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Uwomwana gusabira ise imbababazi birumvikana ntawe utabikora.ariko kuvugayuko ise yahaye abaturage ni gihugu burikimwe cyose sibyobyatuma ahabwa imbabazi. Yewe, ubaye waranakiviriye amaraso ukagira amahirwe yokuba ukiriho ntibyaba urwitwazo wakoze amakosa ngo wakoreye igihugu nabanyarwanda.kuko numusanzu uba waratanze Kandi ningombwa kumwenegihugu gatanga umusanzu kuneza yigihugucye.

  18. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Uwomwana gusabira ise imbababazi birumvikana ntawe utabikora.ariko kuvugayuko ise yahaye abaturage ni gihugu burikimwe cyose sibyobyatuma ahabwa imbabazi. Yewe, ubaye waranakiviriye amaraso ukagira amahirwe yokuba ukiriho ntibyaba urwitwazo wakoze amakosa ngo wakoreye igihugu nabanyarwanda.kuko numusanzu uba waratanze Kandi ningombwa kumwenegihugu gatanga umusanzu kuneza yigihugucye.

  19. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ariko rero,kumuhakanira Atari twe yasabye nabyo byaba ari ukwihuta. Bibaho ko umuntu akora umushinga uremereye ugahura ni ibibazo bikamuteza ingorane atateganije cyane ko gushinga ishuri nabwo yubakaga igihugu.Ahubwo umubyeyi uwo muhungu yatakiye hari ubwo mu bushishozi bwe yamufasha mu ngorane zatumye rihagarikwa kandi yarashoyemo akayabo agahura ni atari yiteze.

  20. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ariko rero,kumuhakanira Atari twe yasabye nabyo byaba ari ukwihuta. Bibaho ko umuntu akora umushinga uremereye ugahura ni ibibazo bikamuteza ingorane atateganije cyane ko gushinga ishuri nabwo yubakaga igihugu.Ahubwo umubyeyi uwo muhungu yatakiye hari ubwo mu bushishozi bwe yamufasha mu ngorane zatumye rihagarikwa kandi yarashoyemo akayabo agahura ni atari yiteze.

  21. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ariko rero,kumuhakanira Atari twe yasabye nabyo byaba ari ukwihuta. Bibaho ko umuntu akora umushinga uremereye ugahura ni ibibazo bikamuteza ingorane atateganije cyane ko gushinga ishuri nabwo yubakaga igihugu.Ahubwo umubyeyi uwo muhungu yatakiye hari ubwo mu bushishozi bwe yamufasha mu ngorane zatumye rihagarikwa kandi yarashoyemo akayabo agahura ni atari yiteze.

  22. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ariko rero,kumuhakanira Atari twe yasabye nabyo byaba ari ukwihuta. Bibaho ko umuntu akora umushinga uremereye ugahura ni ibibazo bikamuteza ingorane atateganije cyane ko gushinga ishuri nabwo yubakaga igihugu.Ahubwo umubyeyi uwo muhungu yatakiye hari ubwo mu bushishozi bwe yamufasha mu ngorane zatumye rihagarikwa kandi yarashoyemo akayabo agahura ni atari yiteze.

  23. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ariko rero,kumuhakanira Atari twe yasabye nabyo byaba ari ukwihuta. Bibaho ko umuntu akora umushinga uremereye ugahura ni ibibazo bikamuteza ingorane atateganije cyane ko gushinga ishuri nabwo yubakaga igihugu.Ahubwo umubyeyi uwo muhungu yatakiye hari ubwo mu bushishozi bwe yamufasha mu ngorane zatumye rihagarikwa kandi yarashoyemo akayabo agahura ni atari yiteze.

  24. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Ariko rero,kumuhakanira Atari twe yasabye nabyo byaba ari ukwihuta. Bibaho ko umuntu akora umushinga uremereye ugahura ni ibibazo bikamuteza ingorane atateganije cyane ko gushinga ishuri nabwo yubakaga igihugu.Ahubwo umubyeyi uwo muhungu yatakiye hari ubwo mu bushishozi bwe yamufasha mu ngorane zatumye rihagarikwa kandi yarashoyemo akayabo agahura ni atari yiteze.

  25. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Oya rwose natabarwe pe

  26. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Oya rwose natabarwe pe

  27. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Oya rwose natabarwe pe

  28. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Oya rwose natabarwe pe

  29. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Uyu mugabo ngo ni Damien nafungwe ibindi byose ni amatakira ngoyi. Baba bashaka kurya imitsi ya rubanda. Uyu muhungu we arazana ibyo guteta, shikama ugemure mwana!Kandi ugabanye gutera impihwe aho ngaho.

  30. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Uyu mugabo ngo ni Damien nafungwe ibindi byose ni amatakira ngoyi. Baba bashaka kurya imitsi ya rubanda. Uyu muhungu we arazana ibyo guteta, shikama ugemure mwana!Kandi ugabanye gutera impihwe aho ngaho.

  31. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Umwana yasabye kandi ntawukwiye ku mwima afite uwo yasabye ahari.amategeko arakurikizwa kuko gufungwa bikorwa ari amaburakindi yatanga ingwate agashaka umwishingizi.

  32. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Umwana yasabye kandi ntawukwiye ku mwima afite uwo yasabye ahari.amategeko arakurikizwa kuko gufungwa bikorwa ari amaburakindi yatanga ingwate agashaka umwishingizi.

  33. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Umwana yasabye kandi ntawukwiye ku mwima afite uwo yasabye ahari.amategeko arakurikizwa kuko gufungwa bikorwa ari amaburakindi yatanga ingwate agashaka umwishingizi.

  34. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Umwana yasabye kandi ntawukwiye ku mwima afite uwo yasabye ahari.amategeko arakurikizwa kuko gufungwa bikorwa ari amaburakindi yatanga ingwate agashaka umwishingizi.

  35. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Icyo nzi cyo nuko umuntu atakwicara kumeza n’umuryango we ngo barye 1,500,000,0000F. Naho bayarya imyaka 20 ntibayamara. Bivuze rero ko ayo mafaranga ari mu mitungo yimukanwa n’itimukanwa. Nyakubahwa Damien ashobora kuba yita iyo mitungo iye, kandi azi neza ko yayiguze mu nguzanyo, akaba yumva adashaka kuyirekura. Naho ibyo kuvuga ngo yakoreye igihugu , ntawe utagira uwo akorera. Kandi umukoresha ni we ukwiriye ishimwe ryambere kurusha umukozi. Abakibohoye bakacyitangira na bo barakoze ibirenze kuri ibyo nta kwitanga kwaba kurimo. Ni byiza ko ibintu bihabwa inyito bikwiye.

  36. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Icyo nzi cyo nuko umuntu atakwicara kumeza n’umuryango we ngo barye 1,500,000,0000F. Naho bayarya imyaka 20 ntibayamara. Bivuze rero ko ayo mafaranga ari mu mitungo yimukanwa n’itimukanwa. Nyakubahwa Damien ashobora kuba yita iyo mitungo iye, kandi azi neza ko yayiguze mu nguzanyo, akaba yumva adashaka kuyirekura. Naho ibyo kuvuga ngo yakoreye igihugu , ntawe utagira uwo akorera. Kandi umukoresha ni we ukwiriye ishimwe ryambere kurusha umukozi. Abakibohoye bakacyitangira na bo barakoze ibirenze kuri ibyo nta kwitanga kwaba kurimo. Ni byiza ko ibintu bihabwa inyito bikwiye.

  37. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    ESE kuvugango yahaye igihugu nabanyarwanda buri kimwe, ni Imana? Nonese kuba ari kwambura abandi banyarwanda byo byakwitwa iki? Tubimushimire se? Amategeko yaba amaze iki se? “Abantu barareshya imbere y’amategeko” reka aryozwe ibyo yakoze.
    Ikindi kdi, uku si ugusaba imbabazi ni ukwishongira.

  38. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    ESE kuvugango yahaye igihugu nabanyarwanda buri kimwe, ni Imana? Nonese kuba ari kwambura abandi banyarwanda byo byakwitwa iki? Tubimushimire se? Amategeko yaba amaze iki se? “Abantu barareshya imbere y’amategeko” reka aryozwe ibyo yakoze.
    Ikindi kdi, uku si ugusaba imbabazi ni ukwishongira.

  39. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Niba nawe sha iso yatindaga kukazi arimo agushakira umugati no kwiga mu mashuri Meza, abandi se ko batabonana n’ababo bakorera intica ntikize. Reka ubutabera bukore akazi kabwo. Buriya na His excellence ashobora kuba yaramugiriye inama ntiyayumva.

  40. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Niba nawe sha iso yatindaga kukazi arimo agushakira umugati no kwiga mu mashuri Meza, abandi se ko batabonana n’ababo bakorera intica ntikize. Reka ubutabera bukore akazi kabwo. Buriya na His excellence ashobora kuba yaramugiriye inama ntiyayumva.

  41. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Niba nta muntu yishe cyangwa ngo akorane na FDLR akwiye kugirirwa amarangamutima kuko nawe yarayagize.

    Yerekanye uko azishyura abo afitiye imyenda akwiye kugirirwa ikigongwe kuko yakoze byinshi byubatse iki gihugu. Ntabwo ibyo yakoze bikwiye kwibagirana. Uyu mwana ntabwo akwiye guhabwa urw’amenyo. Keretse niba Hari ibindi tutazi kuko umuntu ni mugari….

  42. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Niba nta muntu yishe cyangwa ngo akorane na FDLR akwiye kugirirwa amarangamutima kuko nawe yarayagize.

    Yerekanye uko azishyura abo afitiye imyenda akwiye kugirirwa ikigongwe kuko yakoze byinshi byubatse iki gihugu. Ntabwo ibyo yakoze bikwiye kwibagirana. Uyu mwana ntabwo akwiye guhabwa urw’amenyo. Keretse niba Hari ibindi tutazi kuko umuntu ni mugari….

  43. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Umwana rero afite ibyiyumviro buri umwe yakagize abaye m umwanya we. Buriya umuntu ntiyakubarira buryoki igisebe kiryana, kereka nawe ukomeretse nibwo wumva neza. (put on my shoes) Gusa twibuke ko amategeko akosora uwakosheje, ukanayobora uwayobye.

  44. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Umwana rero afite ibyiyumviro buri umwe yakagize abaye m umwanya we. Buriya umuntu ntiyakubarira buryoki igisebe kiryana, kereka nawe ukomeretse nibwo wumva neza. (put on my shoes) Gusa twibuke ko amategeko akosora uwakosheje, ukanayobora uwayobye.

  45. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Umwana rero afite ibyiyumviro buri umwe yakagize abaye m umwanya we. Buriya umuntu ntiyakubarira buryoki igisebe kiryana, kereka nawe ukomeretse nibwo wumva neza. (put on my shoes) Gusa twibuke ko amategeko akosora uwakosheje, ukanayobora uwayobye.

  46. Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
    Umwana rero afite ibyiyumviro buri umwe yakagize abaye m umwanya we. Buriya umuntu ntiyakubarira buryoki igisebe kiryana, kereka nawe ukomeretse nibwo wumva neza. (put on my shoes) Gusa twibuke ko amategeko akosora uwakosheje, ukanayobora uwayobye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *