G-IC9cdWQAE2Opf

Goma: AFC/M23 yateguye umuhango wo gushyingura abaturage biciwe mu gitero cya drones nyuma y’ubunani

Sangiza iyi nkuru

Ihuriro AFC/M23, kuri uyu wa Kane, itariki 7 Mutarama 2026 ryateguye umuhango wo gusezera mu cyubahiro abaturage biciwe mu gitero cya drones za FARDC mu ntangiriro z’uyu mwaka.

G IC9L2WwAA3wew

Ni igitero cy’indege zitagira abaderava cyagabwe n’Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ku itariki ya 2 Mutarama 2026, muri Masisi-centre.

Iyi mibiri y’inzirakarengane yashyizwe muri Stade de l’UnitĂ© ngo basezerweho bwa nyuma mbere y’ishyingurwa, riteganijwe kuri uyu wa Kane ahitwa Mubambiro, muri Teritwari ya Masisi.

G IC9dPWgAAuYzS

Imiryango y’abuze ababo, abaturage baho, n’abayobozi benshi ba gisivili n’abasirikare bitabiriye uyu muhango.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *