HIjAkofWAAA_VLa

Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zifatanyije na Polisi ya Mozambique mu isabukuru y’imyaka 51

Sangiza iyi nkuru

Ku Cyumweru, itariki 17 Gicurasi 2026, Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zifatanyije na Polisi ya Mozambique n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu turere twa Macomia, Palma, na Mocímboa da Praia mu Ntara ya Cabo Delgado kwizihiza isabukuru y’imyaka 51 ya Polisi y’Igihugu ya Mozambique.

HIjAkocXgAAb yZ

Abayobozi b’uturere bashimiye Inzego z’Umutekano z’u Rwanda kuza kwifatanya nabo mu birori.

HIjAkopWIAACafg

Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze muri Mozambique kandi bwongeye gushimangira ubushake bwo gukomeza ubufatanye n’Inzego z’Umutekano z’ u Rwanda mu bikorwa bihuriweho byo kubungabunga amahoro, umutekano, n’ituze mu Ntara yose ya Cabo Delgado.

HIjAkofXAAAPFwG

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *