HJEgWFjWEAAglR7

Gasabo: Abayoboke ba Green Party bateraniye mu nama ya biro politiki y’ishyaka

Sangiza iyi nkuru

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Gicurasi 2025, Abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda baturutse mu ntara zose z’igihugu bitabiye inama y’ishyaka (Political Bureau Meeting) iri kubera kuri Olympic Hotel mu karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali.

HJEgWFjWIAErXyg

Perezida w’ishyaka Hon Dr Frank Habineza,  yakiriye abarwanashyaka ba Green Party anabagezaho bimwe mu bikorwa inama iri yibanzeho: Amahugurwa ku ngingo zitandukanye cyane ku kurengera ibidukikije n’imihindagurikire y’ikirere, hateganyijwe kwakira ba komiseri n’abarwanashyaka bashya.

HJEehqRWcAA8TJS

Mu ijambo rye ritanga ikaze yavuze ko hemezwa Data base nshya y’abarwanashyaka iri buze kugaragazwa ku mugaragaro uyu munsi kandi izorohereza imikore y’ishyaka ya buri munsi, hari kandi strategic plan, communication strategy ndetse no kugaragaza amwe mu mategeko shingiro y’ishyaka uko yavuguruwe.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *