fb_img_16036944655445756.jpg

Perezida Ndayishimiye mu birori by’ababyeyi b’umugore we_Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira 2020, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yitabiriye ibirori by’ababyeyi b’umugore we, Angeline Ndayubaha.

Se wa Angeline Ndayubaha yitwa Ngogwanubusa Gérard, nyina akitwa Hakizimana Madeleine, bakaba barizihizaga imyaka 50 ishize bashakanye, hiyongeraho ibyishimo byo kuba bafite umukwe umaze amezi arenga atatu yicaye ku ntebe y’Umukuru w’Igihugu.

Ngogwanubusa na Madeleina bashakanye tariki ya 24 Ukwakira 1970. Ubutumwa umukobwa wabo, Angeline Ndayubaha yabagenewe, bugira buti: “Mwishyuke ku bwa yubile mumaze muushakanye: 1970-2020. Imana ibuzuze ibyishimo n’umugisha.”

fb_img_16036944655445756.jpg Perezida Ndayishimiye n’umugore we inyuma y’ababyeyi

fb_img_16036944599248915.jpg Ngogwanubusa Gérard na Madeleine bamaze imyaka 50 bashakanye

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Perezida Ndayishimiye mu birori by’ababyeyi b’umugore we_Amafoto
    Nifuza umukunzi utarengeje nibura imyaka 28ans winzobe bibaye byiza wize nibura kurangiza secandary jye pfite A1 muri civil engineering murakoze

  2. Perezida Ndayishimiye mu birori by’ababyeyi b’umugore we_Amafoto
    Nifuza umukunzi utarengeje nibura imyaka 28ans winzobe bibaye byiza wize nibura kurangiza secandary jye pfite A1 muri civil engineering murakoze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *