Kuri uyu wa 27 Ukuboza 2020, perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. Iyamuremye Augustin , mu ijambo yagejeje ku banyamakuru bitabiriye amahugurwa mu gutangaza ku mikorere y’inteko yavuze ko ari inshingano z’abayobozi mu korohereza abanyamakuru mu gutara no gutangaza inkuru.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC ), Peacemaker Mbungiramihigo, mu ijambo rye, yavuze ko mu cyerekezo igihugu kirimo , itangazamakuru rigira uruhare mu gufasha Abanyarwanda kumenya amakuru no gusobanukirwa bakabigira ibyabo kandi babigizemo uruhare.
VIDEO


