U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 11 mu bihugu 54 bifite imiyoborere myiza ku rutonde rwa Mo Ibrahim Governance Index 2020.
Iki gihugu cyahawe amanota 60.5%. Ni mu gihe ibihugu nk’Ibirwa bya Maurice bifite 77.2% hagakurikiraho Cape Verde (73.1%) Seychelles (72.3%), Tunisia (70.4%) Botswana (66.9%) South Africa (65.8%), Namibia (65.1%), Ghana (64.3%), Senegal (63.2%) na Maroc (61.0%). Mo Ibrahim Governance Index 2020 yashyize kandi Somalia ku mwanya wa nyuma n’amanota 19.2%. Ni amanota atangwa harebwe uko abaturage bagira uruhare mu bibakorerwa, kubahiriza uburenganzira bwa muntu, umutekano, kugendera ku mategeko ndetse n’iterambere.



2 Responses
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 11 mu miyoborere myiza
Abo ba mo Ibrahim batanga imyanya bahereye kuki? Abaturage nibo baba bazi uko babayeho ntibakajye bicara ngo bakore urutonde.
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 11 mu miyoborere myiza
Abo ba mo Ibrahim batanga imyanya bahereye kuki? Abaturage nibo baba bazi uko babayeho ntibakajye bicara ngo bakore urutonde.