U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 11 mu miyoborere myiza

Sangiza iyi nkuru

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 11 mu bihugu 54 bifite imiyoborere myiza ku rutonde rwa Mo Ibrahim Governance Index 2020.

Iki gihugu cyahawe amanota 60.5%. Ni mu gihe ibihugu nk’Ibirwa bya Maurice bifite 77.2% hagakurikiraho Cape Verde (73.1%) Seychelles (72.3%), Tunisia (70.4%) Botswana (66.9%) South Africa (65.8%), Namibia (65.1%), Ghana (64.3%), Senegal (63.2%) na Maroc (61.0%).

Mo Ibrahim Governance Index 2020 yashyize kandi Somalia ku mwanya wa nyuma n’amanota 19.2%.

Ni amanota atangwa harebwe uko abaturage bagira uruhare mu bibakorerwa, kubahiriza uburenganzira bwa muntu, umutekano, kugendera ku mategeko ndetse n’iterambere.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 11 mu miyoborere myiza
    Abo ba mo Ibrahim batanga imyanya bahereye kuki? Abaturage nibo baba bazi uko babayeho ntibakajye bicara ngo bakore urutonde.

  2. U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 11 mu miyoborere myiza
    Abo ba mo Ibrahim batanga imyanya bahereye kuki? Abaturage nibo baba bazi uko babayeho ntibakajye bicara ngo bakore urutonde.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *