Umurambo wabuze mu isanduku nyuma basanga wageze mu rugo

Sangiza iyi nkuru

Abaturage bo mu giturage cyitwa Konna nne mu Karere ka Kaliua mu Ntara ya Tabora baguye mu kantu ubwo bari bagiye gushyingura umurambo, bakawubura mu isanduku ubwo bari bawujyanye kuwushyingura ku ivuko, bagasanga wabatanzeyo.

Aba baturage baje gufata umurambo Tabora, bajya kuwushyingura ahitwa Kahama, ariko bageze mu nzira, umurambo ubura mu isanduku. Aba bavuga ko ubwo bari bageze mu rugo, bari aho bibaza icyo bagiye gukora, babona umurambo wagarutse mu isanduku.

Umuyobozi w’Umudugudu wa King’wangoko, Said Nzogola yabwiye Millardayo ko ” Uwo murambo wari watwawe ndetse ko n’abavandimwe b’uwapfuye bari bahari ariko bageze Kahama basanze nta murmabo urimo. Bagarutse hano ngo barashaka indishyi ya miliyoni n’igice. Byaje kumenyekana ko umurambo wongeye kugaruka mu isanduku.”

Amajwi kuri iyi nkuru:

YouTube player

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *