Umukobwa witwa Irakoze Jeannette utuye mu Mujyi wa Kigali amaze amezi ane yarafungiwe n’ababyeyi be mu rugo azira gukundana n’umusore witwa Jean d’Amour Niyigena umuryango we udashaka. Kuri ubu uyu musore na we akaba ari mu mazi abira kuko ari mu maboko y’ubugenzacyaha (RIB) bwamutaye muri yombi, nyuma y’uko se w’umukobwa amushinje ibyaha birimo kuvogera urugo rwe n’icyaha cyo gucuruza abantu. Kuri uyu wa Gatanu bikaba biteganyijwe ko ashobora kugezwa mu bushinjacyaha.
Irakoze ni umukobwa w’imyaka 20 wa gatatu iwabo, akaba akundana n’umusore w’imyaka 25, ariko akavuga ko ababyeyi be batifuza ko yakomeza gukundana na we kubera impamvu z’imyemerere.Gusa ibindi bisobanuro bitangwa bigaragaza ko harimo n’ikibazo cy’inzego z’imibereho, hanze bakunze ibyiciro by’ubudeehe.
Umukobwa avuga ko bijya gutangira, umusore yabanje gukundana na mukuru we, Dorcas, ariko baza gutandukana nyine bitewe n’imyemerere. Nyuma yo gutandukana, Jeanette wari usanzwe aziranye n’umusore, yakomezanyije na we barakundana. Mukuru we abimenye amubwira ko atezemera ko bakomeza gukundana, abyinjizamo n’ababyeyi babo nkuko abivuga.
Jeanette na Dorcas ni abakobwa ba Bagabo Eliezer ubarizwa mu murenge wa Remera , Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali . Ubwo Jeannette yavuganaga na Bwiza.com kuri telefone yavugaga ko atunze iwabo batabizi kuko izindi bayimwatse, yasobanuye ko ari mu bwihisho kandi atemerewe gusohoka mu rugo, ndetse no gukoresha telephone. Yagize ati “Nakundanye n’umuhungu, wari warakundanye na mukuru wanjye, noneho baza gupfa iby’imyemerere, kubera ko hari ibyo umuhungu yabuzaga umukobwa gukora. Byaye ngombwa ko batandukana, ariko icyo gihe cyose navuganaga n’uwo muhungu, kuko urumva yakundanaga na mukuru wanjye, nari muzi. Noneho batandukanye, nza kubimenya ko batandukanye, ari umuhungu ubwe ubimbwiye. Nza gukora ubushakashatsi, mbibaza na mukuru wanjye wampaye amakuru y’uko batandukanye kubera imyumvire. Byarangiye ubwo nyine ntangiye gukundana na we.”
Irakoze avuga ko agitangira gukundana n’umusore, mukuru we yabirwanyije, ndetse akamubwira ko nakomeza gukundana na we ibintu bizaba bibi, abishyiramo n’ababyeyi be.
Nk’uko akomeza abisobanura, ngo ababyeyi be bagerageje uko bashoboye ngo bahagarike urukundo rwe na Niyigena Jean D’amour, ariko birabananira. Byageze aho umukobwa bamwambura telefone, bamubuza kuva mu rugo bagira ngo barebe ko yareka Niyigena Jean D’Amour, ariko biranga.
Umwunganizi mu by’amategeko wa Jean D’Amour , we na Irakoze bavuga ko Se w’umukobwa yabonye binaniranye yitabaza RIB, atanga ikirego cyakirwa n’Umugenzacyaha ushinzwe ibyaha birebana n’icuruzwa ry’abantu ( Human trafficking ).
Niyigena Jean D’Amour yahise ahamagazwa abazwa ku byaha byo “kuvogera urugo rw’abandi atabiherewe uburenganzira” no “gushora abantu mu buraya n’ubwomanzi agamije kubikuramo inyungu”, icyaha giteganywa kandi kigahanishwa Ingingo ya 155 y’itegeko No 68/2018 ryo ku wa 30/06/2018 riteganya ibyaha n’ibihano n’ingingo ya 24 y’itegeko No 51/2018 ryo ku wa 13/08/2018 ryerekeye gukumira kurwanya no guhana icuruzwa ry’abantu no gushakira inyungu mu bandi.
Icyo gihe, Niyigena Jean D’Amour yarabajijwe bamubwira ko aregwa na se wa Irakoze Jeannette ibyo byaha byavuzwe hejuru, kandi ko mu batangabuhamya harimo na Dorcas mukuru wa Irakoze Jeannette bakundanaga mbere.
Nyuma y’iryo hamagazwa mu bugenzacyaha, Niyigena ntiyafunzwe kubera ko nta bimenyetso bifatika ubugenzacyaha bwabonye. Nyuma y’ukwezi ahamagajwe n’umugenzacyaha, tariki ya 10/12/2020 umugenzacyaha Mageza Charlotte yohereje abapolisi basanga Niyigena Jean D’Amour mu mujyi kuri ATHENEE, aho akorera, atabwa muri yombi. Kuri ubu akaba afungiye kuri station ya polisi ya Kimihurura.
Bwiza.com yashatse kumva uruhande rw’ababyeyi ba Irakoze ngo yumve ukuri kwabo, ku murongo wa telephone ibajije Bagabo uko ikibazo cy’uyu musore giteye, mu magambo macye agira ati: “Ntabyo nkwiye kubazwa.”
Umukobwa yabujijwe no kujya ku Ishuri
Uyu mukobwa wigaga mu mwaka wa kabiri muri Kaminuza y’Abadivantisiti ya AUCA, nubwo abandi batangiye kwiga we aracyari mu rugo, kubera kutemererwa n’ababyeyi be gusohoka, kuva bamufungirana azira umusore. Avuga ko n’ubusanzwe ikibazo cy’uburenganzira bucye ari ikibazo gisanzwe iwabo mu rugo.
Agira ati “Nigaga muri Kaminuza mu wa kabiri, hariya muri AUCA. Ariko muri ubwo buryo, mbere yaho twari dufite ikibazo cy’uburenganzira bucye hano mu rugo, ntabwo twari twemerewe kuba twasohoka. Turafungiranye, ntabwo twemerewe gutunga telephone, n’ubu nyitunze mu buryo buhishe. Ntabwo twemerewe mbese bwa burenganzira bwose umwana agomba ku mubyeyi.”
Uyu mukobwa asobanura ko gukanirwa cyane byabaye kuri we ngo kubera ikibazo cy’uyu muhungu, mu rugo iwabo batashakaga bamushaka. Noneho bafata umwanzuro wo kumufungirana. Agira ati “ Ubungubu maze amezi ane ntasohoka. Amasomo abandi bana barayatangiye ariko ntabwo nkiga, kubera ko hagiyemo ikibazo cy’uyu muhungu baba nk’aho bahagaritse amafaranga y’ishuri.”
Uyu mukobwa ashimangira ko akunda uyu musore cyane, ko ndetse atagomba kumureka, nubwo ababyeyi be babigize birebire, bakamufungisha bamushinja ibyaha bitandukanye kugira ngo babatandukanye. Kugirango uyu musore abashe gufungurwa nk’uko Irakoze yabibwiwe, bamusabye ko yakwandika agasinya ko azahagarika gukundana nawe, Kandi we avuga ko atafata umwanzuro wo kumwanga kubera ko batamushaka. Agira ati “Ndamukunda cyane pe! Nubwo bamushyizeho dosiye ko yateje akavuyo mu rugo”.
Akomeza asobanura kandi ko kuva batangira gukundana mu rugo “baramuhamagaye baramwihanangiriza bamubwira ko atagomba kugera mu rugo. Nta n’ubwo yari yagera mu rugo. Ariko papa yagiye gutanga dosiye amubeshyera ko yageze mu rugo”, ngo yateje akavuyo none aho bigeze ubu ngubu, byarangiye bamufunze.
Uwunganira Niyigena mu mategeko Me Evarste, yabwiye Bwiza.com ko Niyigena Jean D’Amour nta kindi azira uretse kuba akunda umukobwa ababyeyi be batabishaka. Ibyo ngo bikaba bigaragazwa n’uko umugenzacyaha, mbere amurekura agataha, “yari yamusabye kwibagirwa burundu abakobwa ba Bagabo Eliezer, ko niyongera kumva bavuganye azahita amufata akamufunga”.
Uyu munyametegeko avuga ko Niyigena yemeza ko kureka uyu mukobwa byamunaniye, kuko atari kubasha kumureka kuko amukunda kandi umukobwa na we akaba amukunda, nk’uko bagiye babishimangira mu mabazwa imbere y’ubugenzacyaha.

Ibaruwa ivugwa kuba iya Irakoze Jeannette yandikiye umukunzi we amubwira ko amukunda n’ubwo ababyeyi be batabishaka.

Uyu munyamategeko yemeza ko usibye n’ihohoterwa umukobwa arimo gukorerwa n’iwabo, yagize n’ihungabana. Avuga ko ku munsi bitaba RIB , uyu mukobwa yagize ihahamuka bikamuviramo kujyanwa kwa muganga ushinzwe abafite ibibazo bifitanye isano n’ihungabana ( Psychologue), n’uyu munsi akaba akomeje gukurikiranwa n’abo baganga.
Ese umusore yaba azira ko atava mu muryango ukize nk’umukobwa?
Umwe mu bantu bazi umuryango wa Jeannette ndetse ufite amakuru ku rukundo rwe na Niyigena, aremeza ko icyo uyu musore azira ari uko iwabo w’umukobwa batamushaka gusa.
Agira ati “Barakundanye nyine nk’ibisanzwe , ariko iwabo nyine habamo ikibazo cy’uko umuhungu batamushakaga. Ubwo urumva nyine kujya mu muryango batagushaka bigenda biteza ibibazo bitandukanye. Urebye ahanini, kuba Jeannette adasohoka, kuba atari kwiga, asa nk’aho afungiye mu rugo n’umuhungu akaba afunze, ahanini ni ukubera iyo mpamvu.”
Uyu yongeyeho ko Jeannette aramutse atandukanye n’umusore ubuzima bwakomeza nk’uko byari bisanzwe kuko ari cyo iwabo n’umukobwa bashaka . Yabajijwe impamvu yumva umuryango w’umukobwa waba udashaka uyu musore, kuko hari impamvu nyinshi zijya zigaragara zibangamira urukundo nk’ubukene, imyemerere n’ibindi.
Yasubije agira ati “Ni ukutamushaka kandi ntakize, ntari ku rugero rw’ubukire nk’urwo iwabo w’umukobwa bariho, ni icyo kibazo kirimo. Kuko umuhungu, uko biri kose iyo aba akize, bishoboka ko bari bumwemere.” Irakoze Jeannette na we yagize icyo avuga kuri iki kibazo cy’uko umusore yaba azira umuryango aturukamo. Agira ati “Njyewe umuhungu dukundana ni umuntu uri serieux, kandi ni umuntu wikorera kandi ukunda akazi ke. Twe mu rugo dusa nk’aho twifashije. Bari kumubeshyera ngo yaje mu rugo gushakamo amafaranga, kandi umuhungu arifashije, nta kibazo afite cyo kuvuga ngo yaza akurikiye amafaranga.”
Umwunganizi we avuga ko uyu musore Jean D’amour yafunzwe ku wa mbere tariki ya 7 Ukuboza 2020. Twagerageje kuvugana n’urwego rw’ubugenzacyaha (RIB), Umuvugizi w’uru rwego mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa twitter ye yavuze ko Ubuyobozi bwa RIB bugiye gukurikirana uko byagenze basanga harabayemo amakosa y’Umugenzacyaha akayahanirwa ndetse n’Abarenganyijwe barenganurwe
Ubuyobozi bwa @RIB_Rw bugiye gukurikirana uko byagenze nisanga harabayemo amakosa y'Umugenzacyaha azayahanirwa ndetse n'Abarenganyijwe barenganurwe @oswaki @bwizanews
— M B.Thierry (@MBThierry167) December 10, 2020



164 Responses
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nukuri birababaje kand ababyey ntibagakwiye kwivanga mukibazo cy’abana kuko Bose barakuze kand ntago bagomba kuba bafatira umwanzuro umwana wiga muri Kaminuza so babahe akanya kuko Bari seriously mubyo bakora mugani wabo kand urukundo bifuza umukobwa wabo abamo bashishoze neza kuko sirwo umukobwa ashaka amafaranga rero afasha mukubaka urugo ariko sicyo gusa umuntu yashingiraho ashaka uwo babana kuko Hari benshi bayagira mensh ariko ingo zabananiye .nasoza nsaba RIB kudaha agaciro ikirego bashyikirijwe kuko ntashingiro gifite hanyuma bagahita barekura umusore ndetse agacungirwa Umutekano kuburyo nagira icyaba bizabazwa Sebukwe
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ahubwo ubu jye numiwee ahubwo uyu mugenzacyaha urebye neza niwe wayeje ikibazo kikageraho gikomera pee ibi bintu ntabwo ababyeyi bakagombye kubyivangamwo nuyu mugenznacyaha mumukurikirane neza murebe ko nta cooperation irimwo hagati yababyeyi bumukobwa. Ahubwo nokumufunga ntibyakabayeyo kuziza abana yuko bakundana koko.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ahubwo ubu jye numiwee ahubwo uyu mugenzacyaha urebye neza niwe wayeje ikibazo kikageraho gikomera pee ibi bintu ntabwo ababyeyi bakagombye kubyivangamwo nuyu mugenznacyaha mumukurikirane neza murebe ko nta cooperation irimwo hagati yababyeyi bumukobwa. Ahubwo nokumufunga ntibyakabayeyo kuziza abana yuko bakundana koko.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
1. Mumuco nyarwanda nta mukobwa wihitiramo umusore….. iyo umusore amubwiye ko amushaka ko bazabana, umukobwa amusubiza ko azabibaza iwabo.
2. Hari imiryango idashyingirana kubera impamvu nyinshi….. zimwe ntanubwo umukobwa agomba kuzimenya nkuko atagomba kumenya uko ise na nyina baryamana…..kimwe nibindi byinshi biba murugo avukamo aba atemerewe kumenya ako kanya.
3. Umubyeyi wumwana niwe umukunda kurusha undi muntu uwariwe wese ubaho….. ntabwo rero icyo uyu musore cyangwa RIB cyangwa urundi rwego urwarirwo rwose urukundo rwabo rwasimbura urwumubyeyi wumwana….cyane ko bamubonye akuze.
4. Mubo Imana yashinze kureberera uriya mukobwa ababyeyi nibo baza imbere kabone nubwo leta yakwigira ko ibarusha uburenganzira kuko ntawundi wamubyaye, kumwonsa, kumuvuza, kumurera kugeza aho abereye inkumi ishaka abasore….rero yumvire se nanyina cyangwa azumvire ijeri.
5. Ubwose nibajya gusaba umugeni bazamusaba RIB? cyangwa bazamusaba ababyeyi be….. nyamusore ashakire ahandi areke guteza akavuyo murugo rwabandi……. ejo bitazabaviramo umuvumo bibeshya ngo bazaryoherwa muburiri……ese ubundi uyu nyamusore ntababyeyi agira ngo bamugire inama? cyangwa nabo babirimo? cyangwa ko umukobwa ni nyampinga barekure agende nashaka ntazagaruke….. bihanagure amaraso ye kuko ntakuntu bitamubera bibi.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
None se uwarugiye kubaha umuti wimbeba yabakunfaga ibya kera sibyo byubu sha
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
None se uwarugiye kubaha umuti wimbeba yabakunfaga ibya kera sibyo byubu sha
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ushobora kuba utazi,Imbaraga zurukundo wowe.ubundi se wigeze ukunda cg?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ushobora kuba utazi,Imbaraga zurukundo wowe.ubundi se wigeze ukunda cg?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nawe uracyafite imyumvire igayitse pe!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nawe uracyafite imyumvire igayitse pe!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ntakubeshye ndaboma wowe mu mutwe nta kintu kirimo pe. Ibintu uvuze byasigaye muri za 70. Ubu se nkawe koko urarya ukaryama ngo uri umuntu uciye akenge.? Ibintu byose uvuze, byerekana ko ucirirtse mu mitekerereze. Mbaye ndi wowe nakwiyayahura uyu mwaka utararangira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ubundi se ko muvuga bimwe nkabavuka Kuli bya bigoryi twese tuzi, ubundi urajya gushaka mumuryango utagushaka aruko wabuze abo muhuje? Muli bus bigegera biva iyo ntavuze mukaza mwiroha mumugi ngo murarambagiza inkumi. Ese iyo ngirwamasore ni mwene nde? abavuka mubaki? ninyamaswa ntizipfa kwimanya nkanswe abantu…. azagende atuume iwabo mumuryango akomokamo baze bamusabire Kandi niba abahisha abivuge…. dore ko bamwe Bari za Congo mumashyamba, Zambia nahandi bihishahisha. Yahuye nabantu bacisha make basenga Njye ageze iwanjye namuvunira umuheto. Mujye mushakana uko muziranyi mwakuranye musanzwe munashyingirana. Niba nkubona iwanjye nkumva nkwishisha toka.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ubundi se ko muvuga bimwe nkabavuka Kuli bya bigoryi twese tuzi, ubundi urajya gushaka mumuryango utagushaka aruko wabuze abo muhuje? Muli bus bigegera biva iyo ntavuze mukaza mwiroha mumugi ngo murarambagiza inkumi. Ese iyo ngirwamasore ni mwene nde? abavuka mubaki? ninyamaswa ntizipfa kwimanya nkanswe abantu…. azagende atuume iwabo mumuryango akomokamo baze bamusabire Kandi niba abahisha abivuge…. dore ko bamwe Bari za Congo mumashyamba, Zambia nahandi bihishahisha. Yahuye nabantu bacisha make basenga Njye ageze iwanjye namuvunira umuheto. Mujye mushakana uko muziranyi mwakuranye musanzwe munashyingirana. Niba nkubona iwanjye nkumva nkwishisha toka.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ntakubeshye ndaboma wowe mu mutwe nta kintu kirimo pe. Ibintu uvuze byasigaye muri za 70. Ubu se nkawe koko urarya ukaryama ngo uri umuntu uciye akenge.? Ibintu byose uvuze, byerekana ko ucirirtse mu mitekerereze. Mbaye ndi wowe nakwiyayahura uyu mwaka utararangira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ese muvandimwe wowe urashaka kuvuga ko nano babyeyi bafite uburenganzira bwo kwitambika murukundo rw’aba bana? Uko byagenda kose nibubahe icyemezo cy’uyu mukobwa kuko niwe ufite ibisubizo cya nyuma murukundo rwe ibyo rero uvuga ntawakwemeranywa nawe seriously
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ese muvandimwe wowe urashaka kuvuga ko nano babyeyi bafite uburenganzira bwo kwitambika murukundo rw’aba bana? Uko byagenda kose nibubahe icyemezo cy’uyu mukobwa kuko niwe ufite ibisubizo cya nyuma murukundo rwe ibyo rero uvuga ntawakwemeranywa nawe seriously
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
1. Mumuco nyarwanda nta mukobwa wihitiramo umusore….. iyo umusore amubwiye ko amushaka ko bazabana, umukobwa amusubiza ko azabibaza iwabo.
2. Hari imiryango idashyingirana kubera impamvu nyinshi….. zimwe ntanubwo umukobwa agomba kuzimenya nkuko atagomba kumenya uko ise na nyina baryamana…..kimwe nibindi byinshi biba murugo avukamo aba atemerewe kumenya ako kanya.
3. Umubyeyi wumwana niwe umukunda kurusha undi muntu uwariwe wese ubaho….. ntabwo rero icyo uyu musore cyangwa RIB cyangwa urundi rwego urwarirwo rwose urukundo rwabo rwasimbura urwumubyeyi wumwana….cyane ko bamubonye akuze.
4. Mubo Imana yashinze kureberera uriya mukobwa ababyeyi nibo baza imbere kabone nubwo leta yakwigira ko ibarusha uburenganzira kuko ntawundi wamubyaye, kumwonsa, kumuvuza, kumurera kugeza aho abereye inkumi ishaka abasore….rero yumvire se nanyina cyangwa azumvire ijeri.
5. Ubwose nibajya gusaba umugeni bazamusaba RIB? cyangwa bazamusaba ababyeyi be….. nyamusore ashakire ahandi areke guteza akavuyo murugo rwabandi……. ejo bitazabaviramo umuvumo bibeshya ngo bazaryoherwa muburiri……ese ubundi uyu nyamusore ntababyeyi agira ngo bamugire inama? cyangwa nabo babirimo? cyangwa ko umukobwa ni nyampinga barekure agende nashaka ntazagaruke….. bihanagure amaraso ye kuko ntakuntu bitamubera bibi.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nukuri birababaje kand ababyey ntibagakwiye kwivanga mukibazo cy’abana kuko Bose barakuze kand ntago bagomba kuba bafatira umwanzuro umwana wiga muri Kaminuza so babahe akanya kuko Bari seriously mubyo bakora mugani wabo kand urukundo bifuza umukobwa wabo abamo bashishoze neza kuko sirwo umukobwa ashaka amafaranga rero afasha mukubaka urugo ariko sicyo gusa umuntu yashingiraho ashaka uwo babana kuko Hari benshi bayagira mensh ariko ingo zabananiye .nasoza nsaba RIB kudaha agaciro ikirego bashyikirijwe kuko ntashingiro gifite hanyuma bagahita barekura umusore ndetse agacungirwa Umutekano kuburyo nagira icyaba bizabazwa Sebukwe
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Birakomeye pe
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Birakomeye pe
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mbega ibibzo. Abasore bacuruza abakobwa babeshya ngo barabakunda ngo barabashakira akazi nibindi babambutsa imipaka babavanye iwabo. Ahubwo Leta nibishyiremo imbaraga. Kandi nabakora iryo curuzwa ryabakobwa babashora muri ibi bikorwa nibakurikiranywe. RIB nikomereze aho. Human trafficking and sexual exploration is a serious issue.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ese ubu wasomye neza inkuru muvandi? Ibimenyetso by’uko acuruza abakobwa ko byabuze mu iperereza rya mbere hari aho wabonye ko byabonetse noneho?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
birigaragaza keretse niba utareba
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
birigaragaza keretse niba utareba
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ese ubu wasomye neza inkuru muvandi? Ibimenyetso by’uko acuruza abakobwa ko byabuze mu iperereza rya mbere hari aho wabonye ko byabonetse noneho?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mbega ibibzo. Abasore bacuruza abakobwa babeshya ngo barabakunda ngo barabashakira akazi nibindi babambutsa imipaka babavanye iwabo. Ahubwo Leta nibishyiremo imbaraga. Kandi nabakora iryo curuzwa ryabakobwa babashora muri ibi bikorwa nibakurikiranywe. RIB nikomereze aho. Human trafficking and sexual exploration is a serious issue.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Sebukwe nareke abana bakundane rwose babashigikire aho kubatanya kandi umuhungu ararengana mapenzi hainanga paziya
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Sebukwe nareke abana bakundane rwose babashigikire aho kubatanya kandi umuhungu ararengana mapenzi hainanga paziya
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nibarekure iyo ntama irazira ubusa
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nibarekure iyo ntama irazira ubusa
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nibarekure iyo ntama irazira ubusa
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nibarekure iyo ntama irazira ubusa
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko abakobwa b’abanyarwandakazi b’ubu ni abasazi cg? Mutekereza gute mw’abakobwa mwe b’ubu koko?
Umusore runaka aje m’urugo rw’umugabo, ahakuunze umukobwaaaa, bigera aho bashwaana ntibubakana. Umuhuungu abonye ko uwo bidashobotse ko babaana arashyekerwa ajya kumusimbuza murumuna we w’uwo bashwaanye?
Muzi ko abanyarwaanda b’ubu dutekereza rwaana kweeli. Ngo iki? Nta soni, uwo musore wiha kubahuka urugo rw’umugabo agakiniisha abakobwa be bene ako kageni? Arafashe umukuru aramutaye, asimbiye no k’umuto, uyu ni musore nyabaki?
Ese ubuundi uyu mukobwa uvuga ko yiga Kaminuza ariko akaba adafite n’ubweenge bwo gushyira mu gaciiro we, yafashwe ate? Umukobwa utinyuuka nk’uko abyiyemerera ko yacunze ko uyu musore atandukana na mukuru hanyuma agahita akundana na we, ubundi bwo mu bisaanzwe n’iyo mukuru we aza kubakana n’uyu musore, uyu mukobwa muto ntiyari kujya ajya kuryamana na muramu we?
Ni gute umukobwa wiize yakwiyubahuka akajya kwandavura k’umuhungu wakundaanye na mukuru we bagatandukana batabanye. Ubuundi mu kinyabupfura cyo kubaha mukuru we no kubaha umuryaango, uyu mukobwa ntiyanagatinyuutse no kugirana umushyikirano n’uyu musore…
Nkabona abakobwa ba cu baterwa amada buri munsi, hari mo ubugoryi nk’ubu buvaanze n’ubusazi. Jye nshyigikiye ko ababyeyi bahagurukira kurwana intamabara abakobwa ba bo no mu nkiko bakajya yo kurega bene aba basore babononera abana barangiza bakabata. Iki si ikibazo cyo kwivaanga mu mikundanire y’umukobwa, ni ikibazo cy’umuco no guca akavuyo k’abakobwa b’ubu b’ibiruumbo bataye umuco. Gukuundana birirwa baraata barangiza bagasebesha imiryaango ya bo gusa. Urwaanda rukahasebera buri munsi. Ababyeyi nibahaguruke bace izo ngegera z’abahungu zibakinishiriza abakobwa, bakuure umwaanda mu gihugu.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko nkawe ubu ibitekerezo cyawe urabona Hari cyocyamarira umunyarwanda puuuu abantu nkamwe urwanda ntirubakeneye jyenda vahongaho niba yarakundanye numuntuse bakangana bivugako atakunda undi ikosa nirihe ubuse urabona wakiza abantu cg wakongeza umuriro? Nibakurikirane uwomubyeyi wabujije umwanawe uburenganzira bwe ahumbwo
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko nkawe ubu ibitekerezo cyawe urabona Hari cyocyamarira umunyarwanda puuuu abantu nkamwe urwanda ntirubakeneye jyenda vahongaho niba yarakundanye numuntuse bakangana bivugako atakunda undi ikosa nirihe ubuse urabona wakiza abantu cg wakongeza umuriro? Nibakurikirane uwomubyeyi wabujije umwanawe uburenganzira bwe ahumbwo
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ubwose nkawe uvuze icyi ko wagirango nawe ufite icyindi cyibazo cyihariye Muri Wowe Ngo umwanda ahubwo nta nisoni ugira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ubwose nkawe uvuze icyi ko wagirango nawe ufite icyindi cyibazo cyihariye Muri Wowe Ngo umwanda ahubwo nta nisoni ugira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Wowe kamana ibyo uvuga ni ubusazi n’ubugoryi bigaragare ko nta kinyabupfura ugira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Wowe kamana ibyo uvuga ni ubusazi n’ubugoryi bigaragare ko nta kinyabupfura ugira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ibyo uvuze nibyo pe ! ariko niba byaranabaye ntabwo umusore akwiye kubifungirwa ibyo bireba imyitwarire ndangagaciro n’umuco ntabwo ari icyaha plse tujye dutandukanya ibintu!!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ibyo uvuze nibyo pe ! ariko niba byaranabaye ntabwo umusore akwiye kubifungirwa ibyo bireba imyitwarire ndangagaciro n’umuco ntabwo ari icyaha plse tujye dutandukanya ibintu!!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Wowe KAMANA, uvuze ubusa nkumusazi.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Wowe KAMANA, uvuze ubusa nkumusazi.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uvuze amagambo menshi ariko y’ubugoryi gusa ndakugaye pe ntacyo wafasha abanyarwanda
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uvuze amagambo menshi ariko y’ubugoryi gusa ndakugaye pe ntacyo wafasha abanyarwanda
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
????????????ko ntasobanukiwe igitekerezo watanze!?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
????????????ko ntasobanukiwe igitekerezo watanze!?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Wowe ufite ikibazo cyihungabana ko umukobwa wawe bamuteye inda,kandi nimwe mubitera ababyeyi bo muri ibi bihugu byacu ntago muzi kurera,mufungirana umukobwa yabacika bakamutera inda amakosa nayanyu
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Wowe ufite ikibazo cyihungabana ko umukobwa wawe bamuteye inda,kandi nimwe mubitera ababyeyi bo muri ibi bihugu byacu ntago muzi kurera,mufungirana umukobwa yabacika bakamutera inda amakosa nayanyu
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko aka nakumiro,nonese itegeko rihana ko utashaka umukobwa uvukana nuwo mwatandukaye nirihe.Ariko murasetsa mujy mureka izo documentary zidafasije.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko aka nakumiro,nonese itegeko rihana ko utashaka umukobwa uvukana nuwo mwatandukaye nirihe.Ariko murasetsa mujy mureka izo documentary zidafasije.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko aka nakumiro,nonese itegeko rihana ko utashaka umukobwa uvukana nuwo mwatandukaye nirihe.Ariko murasetsa mujy mureka izo documentary zidafasije.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko aka nakumiro,nonese itegeko rihana ko utashaka umukobwa uvukana nuwo mwatandukaye nirihe.Ariko murasetsa mujy mureka izo documentary zidafasije.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko abakobwa b’abanyarwandakazi b’ubu ni abasazi cg? Mutekereza gute mw’abakobwa mwe b’ubu koko?
Umusore runaka aje m’urugo rw’umugabo, ahakuunze umukobwaaaa, bigera aho bashwaana ntibubakana. Umuhuungu abonye ko uwo bidashobotse ko babaana arashyekerwa ajya kumusimbuza murumuna we w’uwo bashwaanye?
Muzi ko abanyarwaanda b’ubu dutekereza rwaana kweeli. Ngo iki? Nta soni, uwo musore wiha kubahuka urugo rw’umugabo agakiniisha abakobwa be bene ako kageni? Arafashe umukuru aramutaye, asimbiye no k’umuto, uyu ni musore nyabaki?
Ese ubuundi uyu mukobwa uvuga ko yiga Kaminuza ariko akaba adafite n’ubweenge bwo gushyira mu gaciiro we, yafashwe ate? Umukobwa utinyuuka nk’uko abyiyemerera ko yacunze ko uyu musore atandukana na mukuru hanyuma agahita akundana na we, ubundi bwo mu bisaanzwe n’iyo mukuru we aza kubakana n’uyu musore, uyu mukobwa muto ntiyari kujya ajya kuryamana na muramu we?
Ni gute umukobwa wiize yakwiyubahuka akajya kwandavura k’umuhungu wakundaanye na mukuru we bagatandukana batabanye. Ubuundi mu kinyabupfura cyo kubaha mukuru we no kubaha umuryaango, uyu mukobwa ntiyanagatinyuutse no kugirana umushyikirano n’uyu musore…
Nkabona abakobwa ba cu baterwa amada buri munsi, hari mo ubugoryi nk’ubu buvaanze n’ubusazi. Jye nshyigikiye ko ababyeyi bahagurukira kurwana intamabara abakobwa ba bo no mu nkiko bakajya yo kurega bene aba basore babononera abana barangiza bakabata. Iki si ikibazo cyo kwivaanga mu mikundanire y’umukobwa, ni ikibazo cy’umuco no guca akavuyo k’abakobwa b’ubu b’ibiruumbo bataye umuco. Gukuundana birirwa baraata barangiza bagasebesha imiryaango ya bo gusa. Urwaanda rukahasebera buri munsi. Ababyeyi nibahaguruke bace izo ngegera z’abahungu zibakinishiriza abakobwa, bakuure umwaanda mu gihugu.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko harebwe neza uburyo hatabwa muri yombi izo ngirwababyeyi,kandi rib igenzure neza mbere yogufata nogufunga,kuko nabamwe mubakozi ba rib sishyashya.uwo bagabo birumvikana ko yashakiye uwo musore ibyaha bihimbano,kandi nuwo mugenzacyaha akurikiranywe neza,kuko ubugambanyi+ruswa bishobora kuba byarajemo.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ariko harebwe neza uburyo hatabwa muri yombi izo ngirwababyeyi,kandi rib igenzure neza mbere yogufata nogufunga,kuko nabamwe mubakozi ba rib sishyashya.uwo bagabo birumvikana ko yashakiye uwo musore ibyaha bihimbano,kandi nuwo mugenzacyaha akurikiranywe neza,kuko ubugambanyi+ruswa bishobora kuba byarajemo.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyu mugabo ngo ni abagabo ndabona ari kagabo! Nikigoryi! Uwamubaza uko yaguye na nyina ababana yavuga iki? Yaretse ubugoryi! Kandi ubu wasanga ari babagabo bakuze birirwa mudu kobwa twabangavu! None aritambika munkundo z’abana banana bikundanira! Abo bakobwa bawe urimo kubatera umwaku! Urinkunguzi y’umugabo! Gusa ingaruka uzabona zizagukurikirana! Reka abana! Umugegenza cyaha nawe ntabunyamwuga afite! Akwiye gukurikiranwa! Aha yariye Ruswa!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Manawe ndababaye haryaburiyango abananibabakundanye imiryangoyabo itanganyubushobozi abanabogombakubizirakoko ahantawamenya nukuvugako nkatwe barubandabagufi tutazakunda
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Manawe ndababaye haryaburiyango abananibabakundanye imiryangoyabo itanganyubushobozi abanabogombakubizirakoko ahantawamenya nukuvugako nkatwe barubandabagufi tutazakunda
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyu mugabo ngo ni abagabo ndabona ari kagabo! Nikigoryi! Uwamubaza uko yaguye na nyina ababana yavuga iki? Yaretse ubugoryi! Kandi ubu wasanga ari babagabo bakuze birirwa mudu kobwa twabangavu! None aritambika munkundo z’abana banana bikundanira! Abo bakobwa bawe urimo kubatera umwaku! Urinkunguzi y’umugabo! Gusa ingaruka uzabona zizagukurikirana! Reka abana! Umugegenza cyaha nawe ntabunyamwuga afite! Akwiye gukurikiranwa! Aha yariye Ruswa!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mbega urukundowe nisaw arko bamwe mubayobozi bakoreshwa amakosa bakemera ahantu urwanda ruri kugana si heza nagato niba bijyezaha mister yubutegetsi ikwiye guhaguruka ikarwanya ibi bintu nubifatiyemo agahanwa byintagarugero
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mbega urukundowe nisaw arko bamwe mubayobozi bakoreshwa amakosa bakemera ahantu urwanda ruri kugana si heza nagato niba bijyezaha mister yubutegetsi ikwiye guhaguruka ikarwanya ibi bintu nubifatiyemo agahanwa byintagarugero
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
hagakwiyegufungwa isewuwomukobwa wabujije umwana uburenganzira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
hagakwiyegufungwa isewuwomukobwa wabujije umwana uburenganzira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
hagakwiyegufungwa isewuwomukobwa wabujije umwana uburenganzira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
hagakwiyegufungwa isewuwomukobwa wabujije umwana uburenganzira
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
uwomusore nuwokurenganurwa
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
uwomusore nuwokurenganurwa
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Erega ndabona umubyeyi mwamugize ruharwa nkaho yakoze ibara, ibara byaba ari ukubeshyera umuntu ko agurisha abakobwa kandi ataribyo. Ndaho yavogereye urugo rwose. Byonyine gukunda umukobwa mukarekana ugafata murumuna we nishyano rwose. ubundi ubu umwana wa 20ans umwanzuro murukundo wari wafata icyerekezo ko aba agihuzagurika kuba arengeje 18 ntibivuze ko afungutse amaso kabisa. Wamukobwa we nushaka ushyire umupira hasi ejo utazaririra mumyotsi.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Erega ndabona umubyeyi mwamugize ruharwa nkaho yakoze ibara, ibara byaba ari ukubeshyera umuntu ko agurisha abakobwa kandi ataribyo. Ndaho yavogereye urugo rwose. Byonyine gukunda umukobwa mukarekana ugafata murumuna we nishyano rwose. ubundi ubu umwana wa 20ans umwanzuro murukundo wari wafata icyerekezo ko aba agihuzagurika kuba arengeje 18 ntibivuze ko afungutse amaso kabisa. Wamukobwa we nushaka ushyire umupira hasi ejo utazaririra mumyotsi.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mwaramutse neza nukuri urukundo nkurwo ruba hacye nibareke abana bikundanire ibintu nibishakwa kd ubuyobozi nibushishoze burenganure abarengana kd ababyeyi nkabo bisubireho nibatange inama zacyibyeyi ariko bibuza ibyishimo umwana wabo
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mwaramutse neza nukuri urukundo nkurwo ruba hacye nibareke abana bikundanire ibintu nibishakwa kd ubuyobozi nibushishoze burenganure abarengana kd ababyeyi nkabo bisubireho nibatange inama zacyibyeyi ariko bibuza ibyishimo umwana wabo
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Jeanet uri umukobwa mwiza Uzi urukundo icyo aricyo! Humura Umukunzi wawe azarekurwa kdi muzatsinda! Imana ibarengere
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Jeanet uri umukobwa mwiza Uzi urukundo icyo aricyo! Humura Umukunzi wawe azarekurwa kdi muzatsinda! Imana ibarengere
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Jeanet uri umukobwa mwiza Uzi urukundo icyo aricyo! Humura Umukunzi wawe azarekurwa kdi muzatsinda! Imana ibarengere
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Jeanet uri umukobwa mwiza Uzi urukundo icyo aricyo! Humura Umukunzi wawe azarekurwa kdi muzatsinda! Imana ibarengere
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Jeanet uri umukobwa mwiza Uzi urukundo icyo aricyo! Humura Umukunzi wawe azarekurwa kdi muzatsinda! Imana ibarengere
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Jeanet uri umukobwa mwiza Uzi urukundo icyo aricyo! Humura Umukunzi wawe azarekurwa kdi muzatsinda! Imana ibarengere
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nkurikije uko umukobwa yavuze biragaragra ko uyu musore arengana pe,Byari bikwiye ko RIB ikurikirana ise w’umukobwa kucyaha cyo gushinza umuntu icyo atakoze.
Kandi ababyeyi bajye borohera abana babo bahitemo uko babyifuza kuko aba aribo bagiye kubana igihe kirekire.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nkurikije uko umukobwa yavuze biragaragra ko uyu musore arengana pe,Byari bikwiye ko RIB ikurikirana ise w’umukobwa kucyaha cyo gushinza umuntu icyo atakoze.
Kandi ababyeyi bajye borohera abana babo bahitemo uko babyifuza kuko aba aribo bagiye kubana igihe kirekire.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mbona leta yakora uko ishoboye ikarenganura abo bana murakoze
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mbona leta yakora uko ishoboye ikarenganura abo bana murakoze
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyew ndumva ntampamvu yatuma abana barengana bazira urukundo ababyey bicyinjyihe basigaye barashyize ubutunzi imbere knd icyambere nurukondo ahubwo abobabyey bakurikiranwe nibahamwa nicyah babihanirwe peee
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyew ndumva ntampamvu yatuma abana barengana bazira urukundo ababyey bicyinjyihe basigaye barashyize ubutunzi imbere knd icyambere nurukondo ahubwo abobabyey bakurikiranwe nibahamwa nicyah babihanirwe peee
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyu musore konumva bimukomereye barubanda rugufi konumva tukirihasi kandi amacakubiri ubutegetsi bwarayanze kweri ngukundana dosiye ahaaa mutabarire hafi ndumva imitima yabantu ikibitse byishi murakoze.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyu musore konumva bimukomereye barubanda rugufi konumva tukirihasi kandi amacakubiri ubutegetsi bwarayanze kweri ngukundana dosiye ahaaa mutabarire hafi ndumva imitima yabantu ikibitse byishi murakoze.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Aba baba bavutse ndeba none dore!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Aba baba bavutse ndeba none dore!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyewe ukombona mbona nyiyabayazana aribmukuruwe kbx nukuri kuko niwe wakuteje ababyeyi knd mumuco nyarwanda iyo umugore yashakanga mumurya hatabamo amahirwe yokubaka it yapfaga iwabo wumugore numugabo mbese bamwana barcaraga bagahuza imigambi have Hari murumuna wumugore we bakamumushingira ibyobita guhungura ivu ababyeyi bareke abana nukuri
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyewe ukombona mbona nyiyabayazana aribmukuruwe kbx nukuri kuko niwe wakuteje ababyeyi knd mumuco nyarwanda iyo umugore yashakanga mumurya hatabamo amahirwe yokubaka it yapfaga iwabo wumugore numugabo mbese bamwana barcaraga bagahuza imigambi have Hari murumuna wumugore we bakamumushingira ibyobita guhungura ivu ababyeyi bareke abana nukuri
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyewe ukombona mbona nyiyabayazana aribmukuruwe kbx nukuri kuko niwe wakuteje ababyeyi knd mumuco nyarwanda iyo umugore yashakanga mumurya hatabamo amahirwe yokubaka it yapfaga iwabo wumugore numugabo mbese bamwana barcaraga bagahuza imigambi have Hari murumuna wumugore we bakamumushingira ibyobita guhungura ivu ababyeyi bareke abana nukuri
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyewe ukombona mbona nyiyabayazana aribmukuruwe kbx nukuri kuko niwe wakuteje ababyeyi knd mumuco nyarwanda iyo umugore yashakanga mumurya hatabamo amahirwe yokubaka it yapfaga iwabo wumugore numugabo mbese bamwana barcaraga bagahuza imigambi have Hari murumuna wumugore we bakamumushingira ibyobita guhungura ivu ababyeyi bareke abana nukuri
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyewe ukombona mbona nyiyabayazana aribmukuruwe kbx nukuri kuko niwe wakuteje ababyeyi knd mumuco nyarwanda iyo umugore yashakanga mumurya hatabamo amahirwe yokubaka it yapfaga iwabo wumugore numugabo mbese bamwana barcaraga bagahuza imigambi have Hari murumuna wumugore we bakamumushingira ibyobita guhungura ivu ababyeyi bareke abana nukuri
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyewe ukombona mbona nyiyabayazana aribmukuruwe kbx nukuri kuko niwe wakuteje ababyeyi knd mumuco nyarwanda iyo umugore yashakanga mumurya hatabamo amahirwe yokubaka it yapfaga iwabo wumugore numugabo mbese bamwana barcaraga bagahuza imigambi have Hari murumuna wumugore we bakamumushingira ibyobita guhungura ivu ababyeyi bareke abana nukuri
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyewe ukombona mbona nyiyabayazana aribmukuruwe kbx nukuri kuko niwe wakuteje ababyeyi knd mumuco nyarwanda iyo umugore yashakanga mumurya hatabamo amahirwe yokubaka it yapfaga iwabo wumugore numugabo mbese bamwana barcaraga bagahuza imigambi have Hari murumuna wumugore we bakamumushingira ibyobita guhungura ivu ababyeyi bareke abana nukuri
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njyewe ukombona mbona nyiyabayazana aribmukuruwe kbx nukuri kuko niwe wakuteje ababyeyi knd mumuco nyarwanda iyo umugore yashakanga mumurya hatabamo amahirwe yokubaka it yapfaga iwabo wumugore numugabo mbese bamwana barcaraga bagahuza imigambi have Hari murumuna wumugore we bakamumushingira ibyobita guhungura ivu ababyeyi bareke abana nukuri
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nibafashe iyo ntama izira ubusa gukunda ntibihanirwa kd ntabwo akwiriye kuzira aho avuka undi ngo azire uwo bakundana icyambere ni urukundo ibintu ni ibishakwa
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nibafashe iyo ntama izira ubusa gukunda ntibihanirwa kd ntabwo akwiriye kuzira aho avuka undi ngo azire uwo bakundana icyambere ni urukundo ibintu ni ibishakwa
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
nibarenganure iyo nzirarukundo pe!! gukunda biba byiza iyo umuntu akunda umukunda
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
nibarenganure iyo nzirarukundo pe!! gukunda biba byiza iyo umuntu akunda umukunda
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Vakubana bakundane wamusazawe mubi amategeko agukurikirana nababyihishinyuma babiryozwe
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Vakubana bakundane wamusazawe mubi amategeko agukurikirana nababyihishinyuma babiryozwe
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
manawe! ababyeyi nkaba bamaze iki? baretse ababana bakikundanira.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
manawe! ababyeyi nkaba bamaze iki? baretse ababana bakikundanira.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nyamara wasanga harimo ikibazo cyo kudahuza ubwoko akaba aricyo gituma umuhungu atifuzwa mu muryango w’umukobwa!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nyamara wasanga harimo ikibazo cyo kudahuza ubwoko akaba aricyo gituma umuhungu atifuzwa mu muryango w’umukobwa!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njye simbyumva urukundo uwo rushatse ruramusanga kdi amafr siyo yubaka nibareke ese about barayavukanye amafr
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njye simbyumva urukundo uwo rushatse ruramusanga kdi amafr siyo yubaka nibareke ese about barayavukanye amafr
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njye simbyumva urukundo uwo rushatse ruramusanga kdi amafr siyo yubaka nibareke ese about barayavukanye amafr
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Njye simbyumva urukundo uwo rushatse ruramusanga kdi amafr siyo yubaka nibareke ese about barayavukanye amafr
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Abo babyeyi babazwe ibimenyetso simusiga by’iryo curuzwa ry’abantu bavuga. Niba ntabyo babe ari bo bahanwa kuko babeshye.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Abo babyeyi babazwe ibimenyetso simusiga by’iryo curuzwa ry’abantu bavuga. Niba ntabyo babe ari bo bahanwa kuko babeshye.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nukuri uyo muryango wumukobwa uratey isoni cane kandi bitwako arabant bakiz ariko bamenyeko urukundo Atari amaronko urukundo numutim ndest nokwiyumvanamw hagti yabakundany reo nibarek kwica nabi abana kuko ntihubak amahra hubaka umutim ubungenza cyaha nabwo nukri nibwiyambik umutaman burek guc izangondagonde nkugw surubanz muncamak nukureny abikundaniy murakoz
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nukuri uyo muryango wumukobwa uratey isoni cane kandi bitwako arabant bakiz ariko bamenyeko urukundo Atari amaronko urukundo numutim ndest nokwiyumvanamw hagti yabakundany reo nibarek kwica nabi abana kuko ntihubak amahra hubaka umutim ubungenza cyaha nabwo nukri nibwiyambik umutaman burek guc izangondagonde nkugw surubanz muncamak nukureny abikundaniy murakoz
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ndumva abacyene ntarukundo bateze kubona niba Ari uko bimeze,urukundo ruravuna kdi rutesha umutwe ntampamvu yogutesha umutwe abo bana kbx. Ahubwo RIB ikurikirane icyo kigabo.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ndumva abacyene ntarukundo bateze kubona niba Ari uko bimeze,urukundo ruravuna kdi rutesha umutwe ntampamvu yogutesha umutwe abo bana kbx. Ahubwo RIB ikurikirane icyo kigabo.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nibyiza ko umusore cg umukobwa akunda akurikije imyemerere ye,niba umusore yarabonye atashobora Dorcas agahuza imico imyemerere urukundo na Jeannette ntakosa yakoze pee,hakurikiranwe abobabyeyi gito kd bazakizwe bemere Imana urukundo rurihangana.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nibyiza ko umusore cg umukobwa akunda akurikije imyemerere ye,niba umusore yarabonye atashobora Dorcas agahuza imico imyemerere urukundo na Jeannette ntakosa yakoze pee,hakurikiranwe abobabyeyi gito kd bazakizwe bemere Imana urukundo rurihangana.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mutubarize abayobozi babishinzwe , igituma coopérative umwalimu Sacco yafatiriye imishahara y’abarimu bakorera ibigo by’amashuri byigenga bafashe inguzanyo yirengagiza amasezerano yo gukata icyakabiri cyuwo mushahara mukwishyura inguzanyo ! Mwarimu azabaho ate my gihe nta mafaranga yo guhaha bamusigira ku mushahara ??
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mutubarize abayobozi babishinzwe , igituma coopérative umwalimu Sacco yafatiriye imishahara y’abarimu bakorera ibigo by’amashuri byigenga bafashe inguzanyo yirengagiza amasezerano yo gukata icyakabiri cyuwo mushahara mukwishyura inguzanyo ! Mwarimu azabaho ate my gihe nta mafaranga yo guhaha bamusigira ku mushahara ??
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mutubarize abayobozi babishinzwe , igituma coopérative umwalimu Sacco yafatiriye imishahara y’abarimu bakorera ibigo by’amashuri byigenga bafashe inguzanyo yirengagiza amasezerano yo gukata icyakabiri cyuwo mushahara mukwishyura inguzanyo ! Mwarimu azabaho ate my gihe nta mafaranga yo guhaha bamusigira ku mushahara ??
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Mutubarize abayobozi babishinzwe , igituma coopérative umwalimu Sacco yafatiriye imishahara y’abarimu bakorera ibigo by’amashuri byigenga bafashe inguzanyo yirengagiza amasezerano yo gukata icyakabiri cyuwo mushahara mukwishyura inguzanyo ! Mwarimu azabaho ate my gihe nta mafaranga yo guhaha bamusigira ku mushahara ??
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Birababaje
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Birababaje
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ubu Bukwe bazantumire. Umubyeyi aba as haha kurwara ku mwana we umwana ntabyumva. Ariko buri ruhango refine ukuri. Umubyeyi ashakaa ubukwe ukize naho umukobwa agashaka umusore umukunda. Njyewe ME Umusomyi nduciye gutya: Umukunda ruruta Cash.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ubu Bukwe bazantumire. Umubyeyi aba as haha kurwara ku mwana we umwana ntabyumva. Ariko buri ruhango refine ukuri. Umubyeyi ashakaa ubukwe ukize naho umukobwa agashaka umusore umukunda. Njyewe ME Umusomyi nduciye gutya: Umukunda ruruta Cash.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyo musore ararengana. Byaba byiza ko bose bafungwa niba ari icyemezo cy’umugenzacyaha. Bose barakuze kandi ntabwo uyo musore yafashe uyo mukobwa ku ngufu. Igihugu cyacu kigendera ku mategeko, kandi na RIB twabasaba gushishoza mu kurwanya akarengane. Ku babyeyi b’uyo mukobwa,iyo mwari kuba mutuye i Burayi, mwari gufungwa kubera kubuza umukobwa wanyu uburenganzira bwo kwiga no gukunda uwo yishakiye.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyo musore ararengana. Byaba byiza ko bose bafungwa niba ari icyemezo cy’umugenzacyaha. Bose barakuze kandi ntabwo uyo musore yafashe uyo mukobwa ku ngufu. Igihugu cyacu kigendera ku mategeko, kandi na RIB twabasaba gushishoza mu kurwanya akarengane. Ku babyeyi b’uyo mukobwa,iyo mwari kuba mutuye i Burayi, mwari gufungwa kubera kubuza umukobwa wanyu uburenganzira bwo kwiga no gukunda uwo yishakiye.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Arazira ubusape
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Arazira ubusape
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nabera mbonye injiji itazi gukora analysis ubuse nkawe ngo Ni kamana Koko uratukana wabanje gusoma neza wasesenguye ubwo muribyose umaze iki Koko nonese haritegeko ryuko nukundana numuntu ugasanga afite imico mibi Kandi atemera guhindura uzamugumaho cg niba umuntu afite imyemerere idahwitse ukamukunda nyuma ukabimenya uzagume wihambire kubidashoboka Koko nonese kuki niba aribyo iyo izo ngeso zitari nziza iyo zibonetse mwaramaze kubana leta yemera gutanga divorce none niba ubimenye byamahire mutarabana ntimwatandukana kare ntawura teah undi umutwe ibyo tubiveho nonese niba mwaravutse muri babiri umukuru akagira imwifatire mini bizatume umuto ahera murugo ntibamukunde ngo nuko mukuru we afite ingeso mbi oya kuko umwana ashobora kwivukira ntagire ingeso nkizabo bavindimwe cg izababyeyi be cyane iyo abona Atari nziza kimwe nuko haruvuka akaba ikirumbo akarumbira umuryango Kandi baragerageje kumuha uburere bwiza ubwo rero ari murumuna we ntakosa yakoze ryo gukundana nuwatandukanye namukuru we numusore nta kosa yakize ryo gutandukana nuwo agakundana namurumuna we kuko niba murumuna we afite imico ningeso uwo musore yemera yemerewe kumukunda ikindi niba yemera guhindura imyemerere abona ko aribyo bikwiye kumusore bakundana ntakosa ririmo ibindi namatiku nubugome budafite ishingiro
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nabera mbonye injiji itazi gukora analysis ubuse nkawe ngo Ni kamana Koko uratukana wabanje gusoma neza wasesenguye ubwo muribyose umaze iki Koko nonese haritegeko ryuko nukundana numuntu ugasanga afite imico mibi Kandi atemera guhindura uzamugumaho cg niba umuntu afite imyemerere idahwitse ukamukunda nyuma ukabimenya uzagume wihambire kubidashoboka Koko nonese kuki niba aribyo iyo izo ngeso zitari nziza iyo zibonetse mwaramaze kubana leta yemera gutanga divorce none niba ubimenye byamahire mutarabana ntimwatandukana kare ntawura teah undi umutwe ibyo tubiveho nonese niba mwaravutse muri babiri umukuru akagira imwifatire mini bizatume umuto ahera murugo ntibamukunde ngo nuko mukuru we afite ingeso mbi oya kuko umwana ashobora kwivukira ntagire ingeso nkizabo bavindimwe cg izababyeyi be cyane iyo abona Atari nziza kimwe nuko haruvuka akaba ikirumbo akarumbira umuryango Kandi baragerageje kumuha uburere bwiza ubwo rero ari murumuna we ntakosa yakoze ryo gukundana nuwatandukanye namukuru we numusore nta kosa yakize ryo gutandukana nuwo agakundana namurumuna we kuko niba murumuna we afite imico ningeso uwo musore yemera yemerewe kumukunda ikindi niba yemera guhindura imyemerere abona ko aribyo bikwiye kumusore bakundana ntakosa ririmo ibindi namatiku nubugome budafite ishingiro
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
C’est drole!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
C’est drole!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyu mwana w’umukobwa natuze areke kwandagaza ababyeyi be subwambere tubona abasore bashuka abakobwa bakababeshya urukundo,mukobwa rero shishoza urebe impamvu ababyeyi bawe bakubuza uwo musore,arebe nicyatumye ashwana na dlocus. ikindi abana bamenyere kubaha ababyeyi k
Kuba umwana yiga muri kaminuza ntibimubuza ko ababyeyi bamureberera umusore nawe arinda yihambira mumuryango umwe nkaho ariho hasigaye abakobwa honyine,ese ubwo koko ntubona ko harikibyihishe inyuma shishoza rero mukobwa ababyeyi bawe ntabwo bakwanga.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyu mwana w’umukobwa natuze areke kwandagaza ababyeyi be subwambere tubona abasore bashuka abakobwa bakababeshya urukundo,mukobwa rero shishoza urebe impamvu ababyeyi bawe bakubuza uwo musore,arebe nicyatumye ashwana na dlocus. ikindi abana bamenyere kubaha ababyeyi k
Kuba umwana yiga muri kaminuza ntibimubuza ko ababyeyi bamureberera umusore nawe arinda yihambira mumuryango umwe nkaho ariho hasigaye abakobwa honyine,ese ubwo koko ntubona ko harikibyihishe inyuma shishoza rero mukobwa ababyeyi bawe ntabwo bakwanga.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ivangura ni ribi! Ubu se uyu mwana w’umukobwa ntibamuteye umwaku, akarwara ihahamuka
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ivangura ni ribi! Ubu se uyu mwana w’umukobwa ntibamuteye umwaku, akarwara ihahamuka
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Yebabawe Jeannette niwowe ibibyabayeho koko? Ndamutse mvuze navuga byinshi ariko ihangane.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Yebabawe Jeannette niwowe ibibyabayeho koko? Ndamutse mvuze navuga byinshi ariko ihangane.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ikibazo gikomeye ni uko abana batacyubaha ababyeyi ahubwo aba babyeyi baracyafitiye urukundo abana babo kuko babakurikirana bakabarinda ikibi.Uyu mukobwa yamaze kuyobywa ibitekerezo n’uwi yibeshyako ari umukunzi we.Babyeyi ntimudohoke mukomeze mucungire hafi umwana wanyu atagwa mu ruzi arwita ikiziba.Imyaka 20 ni muto cyane akeneye inkunga y’imyanzuro y’ababyeyi ahubwo iyaba n’abandi babyeyi bose bameraga nk’abangaba
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Ikibazo gikomeye ni uko abana batacyubaha ababyeyi ahubwo aba babyeyi baracyafitiye urukundo abana babo kuko babakurikirana bakabarinda ikibi.Uyu mukobwa yamaze kuyobywa ibitekerezo n’uwi yibeshyako ari umukunzi we.Babyeyi ntimudohoke mukomeze mucungire hafi umwana wanyu atagwa mu ruzi arwita ikiziba.Imyaka 20 ni muto cyane akeneye inkunga y’imyanzuro y’ababyeyi ahubwo iyaba n’abandi babyeyi bose bameraga nk’abangaba
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyu muryango ni ureke kwivanga mu bibazo by’abana.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Uyu muryango ni ureke kwivanga mu bibazo by’abana.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
jyewe maze gusoma iyi guru ntagajwe ni bitekerezo bya buva ko ikibazo ari urukundo gusa ariko mwishirire mumwanya wumubyeyi umusore gukunda umwana umwe akamuta agakunda umukurikiye nibande mubabyeyi nyarwanda babishigikira dugaruke ku mucyo , umureke gushigikira amafuti kdi nawuzi uyu mukobwa personellement utinyuka gukundana numusora wakundanye na mukuruwe , ahubwo afite ikibazo
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
jyewe maze gusoma iyi guru ntagajwe ni bitekerezo bya buva ko ikibazo ari urukundo gusa ariko mwishirire mumwanya wumubyeyi umusore gukunda umwana umwe akamuta agakunda umukurikiye nibande mubabyeyi nyarwanda babishigikira dugaruke ku mucyo , umureke gushigikira amafuti kdi nawuzi uyu mukobwa personellement utinyuka gukundana numusora wakundanye na mukuruwe , ahubwo afite ikibazo
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Abo babyeyi abe aribo nafatwa bigishwe. Cyangwa bafungirwe icyaha cyo kubeshyera umuntu bagamije kumubutsa uburenganzira bwo kwisanzura muri sosiyeti. Nibo babona umuhungu ayishoboye she namufashije akagera Ku rwego bifuza.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Abo babyeyi abe aribo nafatwa bigishwe. Cyangwa bafungirwe icyaha cyo kubeshyera umuntu bagamije kumubutsa uburenganzira bwo kwisanzura muri sosiyeti. Nibo babona umuhungu ayishoboye she namufashije akagera Ku rwego bifuza.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Gutandukanya abakundanye nikosa ribicyane kdi ntanicyakorwa ngo ubatanye uwo mubyeyi nashyire agapira hasi areke abana bikundanire kdi ibintu nibishakwa nawe ntiyavukanye ubwo bukire
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Gutandukanya abakundanye nikosa ribicyane kdi ntanicyakorwa ngo ubatanye uwo mubyeyi nashyire agapira hasi areke abana bikundanire kdi ibintu nibishakwa nawe ntiyavukanye ubwo bukire
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Sinari nzi ko abakobwa nk’aba bakibaho. Uyu mukobwa afite true love pe!!! Gusa niba ari gutya byagenze koko, ahubwo uyu musore akwiye indishyi z’akababaro!!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Sinari nzi ko abakobwa nk’aba bakibaho. Uyu mukobwa afite true love pe!!! Gusa niba ari gutya byagenze koko, ahubwo uyu musore akwiye indishyi z’akababaro!!
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Iki kibazo cyabakobwa babaye imfugwa murugo kireze mu gihugu cyacu,nkizi abantu henshi cyane,cyane cyane mu babyeyi bumva ko bakize ,ari nayo mpamvu abakobwa henshi babayeho bumva Bata iwabo bakigendera,nkanjye numukunzi wanjye dukundana twihishe,yanansabye ko namutera inda tukibanira,gusa naramubwiye abanze asoze kwiga ,ataziga tubana bikabangama,ariko imirere yababyeyi bacu nibisubireho.ibaze umukobwa wimyaka 20 iwabo bakamukubita?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Iki kibazo cyabakobwa babaye imfugwa murugo kireze mu gihugu cyacu,nkizi abantu henshi cyane,cyane cyane mu babyeyi bumva ko bakize ,ari nayo mpamvu abakobwa henshi babayeho bumva Bata iwabo bakigendera,nkanjye numukunzi wanjye dukundana twihishe,yanansabye ko namutera inda tukibanira,gusa naramubwiye abanze asoze kwiga ,ataziga tubana bikabangama,ariko imirere yababyeyi bacu nibisubireho.ibaze umukobwa wimyaka 20 iwabo bakamukubita?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Iki kibazo cyabakobwa babaye imfugwa murugo kireze mu gihugu cyacu,nkizi abantu henshi cyane,cyane cyane mu babyeyi bumva ko bakize ,ari nayo mpamvu abakobwa henshi babayeho bumva Bata iwabo bakigendera,nkanjye numukunzi wanjye dukundana twihishe,yanansabye ko namutera inda tukibanira,gusa naramubwiye abanze asoze kwiga ,ataziga tubana bikabangama,ariko imirere yababyeyi bacu nibisubireho.ibaze umukobwa wimyaka 20 iwabo bakamukubita?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Iki kibazo cyabakobwa babaye imfugwa murugo kireze mu gihugu cyacu,nkizi abantu henshi cyane,cyane cyane mu babyeyi bumva ko bakize ,ari nayo mpamvu abakobwa henshi babayeho bumva Bata iwabo bakigendera,nkanjye numukunzi wanjye dukundana twihishe,yanansabye ko namutera inda tukibanira,gusa naramubwiye abanze asoze kwiga ,ataziga tubana bikabangama,ariko imirere yababyeyi bacu nibisubireho.ibaze umukobwa wimyaka 20 iwabo bakamukubita?
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
1. Ababyeyi bimanye umugeni
2. Iyo nsoresore ijye kurambagiza ahandi
3. Mwebwe muvuga nfo za rukundo mugende mumushyingire bashiki Bantu.
4. Hanyuma ibindi niba mutazi umuco nyarwanda nuko mutakuriye mungo.
5. Uwo mukobwa nyirasenge amugire inama nizo nshingano ze.
6. Uwo mugirigiri nukomeza guhunahuna muri urwo rugo nakazi ke.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
1. Ababyeyi bimanye umugeni
2. Iyo nsoresore ijye kurambagiza ahandi
3. Mwebwe muvuga nfo za rukundo mugende mumushyingire bashiki Bantu.
4. Hanyuma ibindi niba mutazi umuco nyarwanda nuko mutakuriye mungo.
5. Uwo mukobwa nyirasenge amugire inama nizo nshingano ze.
6. Uwo mugirigiri nukomeza guhunahuna muri urwo rugo nakazi ke.
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
@Rwasubutare ufite imyumvire pe igihe tugezemo iyo myumvire ntiyagakwiye kuranga umuntu ushaka kuba muri societe abana nabantu bose amahoro,ninde wakubwiye ko umuntu abana nuwo bareshya ,ubukire se niki?nimba umukobwa amukunda bose bakaba bakundana ibyo by’ababyeyi ntibakwiye kubyivangamo,bagenda bagakora ubukwe Imana ikabashyigikira. umukire n’umukene bose ni bamwe,ntugakangishe ibyo sha,kandi gukunda n’uburenganzira bw’umuntu uwo yishimira akaba ariwe bajyana,niba ari urubavu rwe ntanakimwe kizababuza kubana.ugombe nawe uhindure those wrong mindset .
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
1.Gusaba umugeni…………….muzamusaba kwande?
2. Gukwa…………………………..muzakwera nde?
3. Gucyuza ubukwe……………ninde uzafata umugeni akaboko akamuhereza umukwe?
4. Nimwishyingira ……………..muzajya kwirega kwande?
5. Ababyeyi………………………..bamaze iki mumibanire?
Ubanze wibaze ibyo wisubize ubone ujye uvuga ngo ibihe tugezemo….. nibyo byongereza bidafututse utanazi neza.
Go and marry from your own people not from where they detest you. People like to like people who are like them.
Anamushituye akajyana mpita muca ntiyazongera gukandgira iwanjye nubwo batana….wowe uri munyarwanda ki utazi miziririzo? Uzi sekuru wuwo mukobwa yararaze ngwiki? uzi bapfana iki? kuki mumisango yubukwe no gusaba basubiramo ibisekuru? wowe se ibigezweho uzi nibihe? atari ibyo twabazaniye…
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
1.Gusaba umugeni…………….muzamusaba kwande?
2. Gukwa…………………………..muzakwera nde?
3. Gucyuza ubukwe……………ninde uzafata umugeni akaboko akamuhereza umukwe?
4. Nimwishyingira ……………..muzajya kwirega kwande?
5. Ababyeyi………………………..bamaze iki mumibanire?
Ubanze wibaze ibyo wisubize ubone ujye uvuga ngo ibihe tugezemo….. nibyo byongereza bidafututse utanazi neza.
Go and marry from your own people not from where they detest you. People like to like people who are like them.
Anamushituye akajyana mpita muca ntiyazongera gukandgira iwanjye nubwo batana….wowe uri munyarwanda ki utazi miziririzo? Uzi sekuru wuwo mukobwa yararaze ngwiki? uzi bapfana iki? kuki mumisango yubukwe no gusaba basubiramo ibisekuru? wowe se ibigezweho uzi nibihe? atari ibyo twabazaniye…
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
@Rwasubutare ufite imyumvire pe igihe tugezemo iyo myumvire ntiyagakwiye kuranga umuntu ushaka kuba muri societe abana nabantu bose amahoro,ninde wakubwiye ko umuntu abana nuwo bareshya ,ubukire se niki?nimba umukobwa amukunda bose bakaba bakundana ibyo by’ababyeyi ntibakwiye kubyivangamo,bagenda bagakora ubukwe Imana ikabashyigikira. umukire n’umukene bose ni bamwe,ntugakangishe ibyo sha,kandi gukunda n’uburenganzira bw’umuntu uwo yishimira akaba ariwe bajyana,niba ari urubavu rwe ntanakimwe kizababuza kubana.ugombe nawe uhindure those wrong mindset .
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nzabatwerera rwose
Kigali: Umusore yatawe muri yombi, umukobwa afungirwa iwabo bazira urukundo
Nzabatwerera rwose