Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, yanenze cyane Ikigo cy’Igihugu cy’Uburezi (REB), agaragaza ko kiza ku isonga mu gihugu mu gutanga serivisi mbi.
Madamu Ingabire yabigarutseho, nyuma y’abenshi mu bakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter bakomeje kunenga REB bayishinja kubakumira kuri urwo rubuga (block).
Abo REB yabrotse kuri Twitter biganjemo abakundaga gutanga ibitekerezo banenga imikorere yayo, cyangwa abagiye bagira ibisobanuro bayaka bifashishije ruriya rubuga ruri mu zikunzwe ku Isi.
Umwe mu bakoresha Twiter witwa ‘Ijapo’, yavuze ko REB ikeneye impinduka, nyuma y’uko ugize icyo ayibaza wese ihitamo kumukumira.
Ati: “Ariko PR (Public Relations Officer) wa REB rwose uwamunyereka. Ese ko mbona abo kuri tweeter (Twitter) bose babablotse? They need to change.”
Madamu Ingabire Marie Immaculée yunze mu butumwa bw’uyu muntu ashimangira ko REB ari rwo rwego mu Rwanda ruza imbere mu kugira imikorere mibi, yibaza icyo abashinzwe gukurikirana imikorere ya ruriya rwego bakora.
Ati: “REB nimuyireke! Nirwo rwego rukora nabi mu Rwanda kurusha izindi nzego zose za Leta. Abashinzwe gukurikirana imikorere ya REB nibo bafite ikibazo. None se iriya mikorere idafututse ntibayibona? Babikoraho iki?”
Madamu Ingabire yanenze imikorere ya REB, mu gihe ruriya rwego rukomeje gutungwa agatoki rushinjwa kurenganya bamwe mu bakoze ibizamini by’akazi bitandukanye, birimo ibyo kwigisha no kuyobora ibigo by’amashuri.
Nko mu bakoze ibizamini byo kuyobora ibigo by’amashuri mu Ukuboza 2019, hari abavuga ko batsinze ibizamini bagashyirwa ku rutonde rw’abagomba gutegereza akazi (Waiting list) nyamara imyanya batsindiye ikaba yarashyizwemo by’agateganyo abandi bantu kandi bahari.
Abaganiriye na BWIZA mu minsi yashize bari bayigaragarije ko bafite amakuru yizewe y’uko abahawe akazi by’agateganyo ari bo bizarangira bagahawe, nyamara bari baranasabwe kutagira ahandi basaba akazi.
Iki gitangazamakuru giheruka kubaza Dr Uwamariya Valentine ufite uburezi Nyarwanda mu nshingano ze umurongo Minisiteri ayoboye iteganya guha kiriya kibazo, asubiza ko bitarenze mu ntangiriro z’uku kwezi abatsindiye akazi bazamenyeshwa ibigo bagomba kujya kuyobora.
Amakuru BWIZA ifite ni uko hari bamwe mu bari barakoze ibizamini bahawe akazi bari baratsindiye mu mpera z’Ukuboza, gusa abandi bagumishwa kuri waiting list ifite manda y’amezi 20 uhereye muri Werurwe umwaka ushize.



132 Responses
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Yewe ibya REB nagahoma munwa ahubwo ni murebe kubanyeshuri bazajya kwiga muri kaminuza muruy’umwaka murebe kubarimu bahawe akazi byose ntagisobanutse umuntu ufite64muri HEG bamwime akazi kd ufite10muri LKK bakamuhe!!!! Murakoze
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ahh ubu kobafata abatarize uburezi bakabaha akazi ndetse badafite namanota ahagije nyamara uwakoze ikizamini akagitsinda akakwa umwanya ngo ntiyakoze imenyereza mwuga ubwo uwo nafashe utabwize niwe ugiye gutanga ireme ryuburezi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ahh ubu kobafata abatarize uburezi bakabaha akazi ndetse badafite namanota ahagije nyamara uwakoze ikizamini akagitsinda akakwa umwanya ngo ntiyakoze imenyereza mwuga ubwo uwo nafashe utabwize niwe ugiye gutanga ireme ryuburezi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ahh ubu kobafata abatarize uburezi bakabaha akazi ndetse badafite namanota ahagije nyamara uwakoze ikizamini akagitsinda akakwa umwanya ngo ntiyakoze imenyereza mwuga ubwo uwo nafashe utabwize niwe ugiye gutanga ireme ryuburezi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ahh ubu kobafata abatarize uburezi bakabaha akazi ndetse badafite namanota ahagije nyamara uwakoze ikizamini akagitsinda akakwa umwanya ngo ntiyakoze imenyereza mwuga ubwo uwo nafashe utabwize niwe ugiye gutanga ireme ryuburezi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nonese niba bari bakeneye uwigisha indimi wari ugirango bazihe uwa heg Kandi hari uwabyize:lkk? Ntimugakunde amatiku
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Heg se yakwigisha indimi nyine
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Heg se yakwigisha indimi nyine
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nonese niba bari bakeneye uwigisha indimi wari ugirango bazihe uwa heg Kandi hari uwabyize:lkk? Ntimugakunde amatiku
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nonese niba bari bakeneye uwigisha indimi wari ugirango bazihe uwa heg Kandi hari uwabyize:lkk? Ntimugakunde amatiku
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nonese niba bari bakeneye uwigisha indimi wari ugirango bazihe uwa heg Kandi hari uwabyize:lkk? Ntimugakunde amatiku
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Wagakwiye kubanza kumenya icyo REB ishinzwe, uragira uti barebe abanyeshuri bagiye kaminuza ? Ninde wakubwiye ko REB ariyo ishinzwe gushyira abanyeshuri muri za kaminuza ?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Wagakwiye kubanza kumenya icyo REB ishinzwe, uragira uti barebe abanyeshuri bagiye kaminuza ? Ninde wakubwiye ko REB ariyo ishinzwe gushyira abanyeshuri muri za kaminuza ?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Yewe ibya REB nagahoma munwa ahubwo ni murebe kubanyeshuri bazajya kwiga muri kaminuza muruy’umwaka murebe kubarimu bahawe akazi byose ntagisobanutse umuntu ufite64muri HEG bamwime akazi kd ufite10muri LKK bakamuhe!!!! Murakoze
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
ko abantsinze ikizamini mukwa 7/2020 bataba
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
ko abantsinze ikizamini mukwa 7/2020 bataba
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Reb?mineduc?hec? Undi nuko igihugu cyacu cyavunnye banyakubahwa Tutabigenza nkomuri USA twarikuzazindukira mumihanda umunsi umwe. Abadepite? Kurya gusa.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Reb?mineduc?hec? Undi nuko igihugu cyacu cyavunnye banyakubahwa Tutabigenza nkomuri USA twarikuzazindukira mumihanda umunsi umwe. Abadepite? Kurya gusa.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ibyo ikora birayoberanye pe ni akarengane gusa!Baratubeshye ngo badushyize kuri waiting list barangije uyu umunsi batwirengagije bashyira mu myanya abarimu badepoje transcripts.Ibi byatubabaje cyane!
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ibyo ikora birayoberanye pe ni akarengane gusa!Baratubeshye ngo badushyize kuri waiting list barangije uyu umunsi batwirengagije bashyira mu myanya abarimu badepoje transcripts.Ibi byatubabaje cyane!
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ibyo biravugwa mutaramenya ibyavuye mu manota batangaje uyu munsi ku wa 11 mutarama 2021. Birababaje cyane
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ibyo biravugwa mutaramenya ibyavuye mu manota batangaje uyu munsi ku wa 11 mutarama 2021. Birababaje cyane
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Murakoze bwiza, natwe twakoze ibizamini byo kwigisha turabitsinda none batwimye akazi ahubwo bagaha abatarakoze ibizamini ahubwo mudutumirire REB tubasobanuze nkubu email batanga nabandikiye kenshi, Twitter ni uko ndetse na numero zabo bwite
Murakoze
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Murakoze bwiza, natwe twakoze ibizamini byo kwigisha turabitsinda none batwimye akazi ahubwo bagaha abatarakoze ibizamini ahubwo mudutumirire REB tubasobanuze nkubu email batanga nabandikiye kenshi, Twitter ni uko ndetse na numero zabo bwite
Murakoze
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ikora nabi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ikora nabi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nibyo ark muzatubarize nokuri police ikorera mu karere kakamonyi ishami ryomumuhanda rirenganya abatwarabagenzi kuri za moto
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nibyo ark muzatubarize nokuri police ikorera mu karere kakamonyi ishami ryomumuhanda rirenganya abatwarabagenzi kuri za moto
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB IRAKORA ARIKO NTITAN AZE AMAKURU AMARA AMATSIKO. ABARI KURI WAITING LIST KO BATIBONYE KURI PLACEMENT YASOHOWE NA REB. IYABO YABA IRI INYUMA CG BABIRENGAGIJE?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB IRAKORA ARIKO NTITAN AZE AMAKURU AMARA AMATSIKO. ABARI KURI WAITING LIST KO BATIBONYE KURI PLACEMENT YASOHOWE NA REB. IYABO YABA IRI INYUMA CG BABIRENGAGIJE?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwikosorerwose
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwikosorerwose
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nge mfite ikibazo kuwanditse iyi nkuru , ko utari umugenzuzi w’inzego za Leta ubwirwa niki ko bakora nabi kurusha abandi ?
Ntago muri abanyamwuga rwose , mwisubireho pe .
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nge mfite ikibazo kuwanditse iyi nkuru , ko utari umugenzuzi w’inzego za Leta ubwirwa niki ko bakora nabi kurusha abandi ?
Ntago muri abanyamwuga rwose , mwisubireho pe .
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mutubarize natwe icyo bagendeyeho batanga imyanya kubatanze indangamanota kuko niba Ari REB ibikora sinibaza impamvu umuntu yaba afite amanota meshi mukarere yatsemo akazi ntibamuhe akazi mukandi karere bakarenga bakagaha abafite make.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mutubarize natwe icyo bagendeyeho batanga imyanya kubatanze indangamanota kuko niba Ari REB ibikora sinibaza impamvu umuntu yaba afite amanota meshi mukarere yatsemo akazi ntibamuhe akazi mukandi karere bakarenga bakagaha abafite make.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ko muvuga REB gusa urwego rushinzwe umupira w’amaguru mubona rwo waruha igikombe mumiyoborere?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ko muvuga REB gusa urwego rushinzwe umupira w’amaguru mubona rwo waruha igikombe mumiyoborere?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
mwaramutse neza? nange ndabaza gahunda yoguhabwa akazi utarize ubwarimu izahoraho cy bibaye uyumwaka gusa mutubwire
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
mwaramutse neza? nange ndabaza gahunda yoguhabwa akazi utarize ubwarimu izahoraho cy bibaye uyumwaka gusa mutubwire
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Twe twize major subject baraturenganya twakoze examen turanatsinda none akazi gahawe abataranakoze examen nikibazo ESE niba narize history na geography nkakora major subject ya history ntabwo geography nayigisha
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Twe twize major subject baraturenganya twakoze examen turanatsinda none akazi gahawe abataranakoze examen nikibazo ESE niba narize history na geography nkakora major subject ya history ntabwo geography nayigisha
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ubuvugizi mu gutanga akazi babikosore ,nigute umuntu wize MATH-BIO akagira 70% adahabwa akazi,uwize math-comp akagira 58% akagahabwa,kandi bose wagombaga kwigisha math
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ubuvugizi mu gutanga akazi babikosore ,nigute umuntu wize MATH-BIO akagira 70% adahabwa akazi,uwize math-comp akagira 58% akagahabwa,kandi bose wagombaga kwigisha math
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Hakenewe impunduka mu burezi.
Ireme ry’uburezi??????
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Hakenewe impunduka mu burezi.
Ireme ry’uburezi??????
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ndi umwarimu mu mashuri abanza,nkabapfite impamyabumenyi yaA0 mu ishami ry, imbonezamubano (Sociologie).Mporantanga “dossiers” zisabwa mugupiganwa umwanya w, akazi ko kwigisha muri “Secondaire” nkabona “dossiers” bayishize iruhande ngo ntabwo Diplome ariyo mu ishami ry, inderabarezi kandi nsanzwe nigisha.Ibi bikorwa n,Akarere ka RUBAVU ,kandi ngendera kumabwiriza y,umuyobozi wa REB.Nifuza ko nanjye mwamvuganira. Murakoze
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ndi umwarimu mu mashuri abanza,nkabapfite impamyabumenyi yaA0 mu ishami ry, imbonezamubano (Sociologie).Mporantanga “dossiers” zisabwa mugupiganwa umwanya w, akazi ko kwigisha muri “Secondaire” nkabona “dossiers” bayishize iruhande ngo ntabwo Diplome ariyo mu ishami ry, inderabarezi kandi nsanzwe nigisha.Ibi bikorwa n,Akarere ka RUBAVU ,kandi ngendera kumabwiriza y,umuyobozi wa REB.Nifuza ko nanjye mwamvuganira. Murakoze
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ikibazo ni ubusumbane buri kuboneka bikabije mumanota; ubonye make bamuhe umwanya uwamenshi asigare? Niba ari ikibazo cya system sinzi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ikibazo ni ubusumbane buri kuboneka bikabije mumanota; ubonye make bamuhe umwanya uwamenshi asigare? Niba ari ikibazo cya system sinzi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nyumvira NTABARANGE nawe ra, none se kuvuga ukuri bisaba kuba uri UMUGENZUNZI W’IMIRIMO MURI LETA. Buriya les larmes des crocodilles ces sont des vrais larmes. Uge utinya icyo abagabo bavuze ari benshi. Ubonye iyo uhakana ko ibyo barimo kuvuga atari ukuri. None se niba tugomba kurwanya akarengane, ikigo nka REB cya LETA kigakinisha abanyarwanda bishavuriye kibakoresha ibizamini, bagatsinda, akazi kakaboneka, ntubahe imyanya batsindiye, wowe ubikora uri umuyobozi, cyangwa itsinda ry’abayobozi , mwibaza ko bazazaceceka. Humiriza nkuyobore niyo mushaka? Muragirango bajye mu mihanda? Murakorera igihugu nabi. Mbere yo guha abashya akazi, mwagombaga kubanza abo mwashyize kuri iyo LISTI YA TEGEREZA. Bazategereza kugeza ryari? MWARAHEMUTSE.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nyumvira NTABARANGE nawe ra, none se kuvuga ukuri bisaba kuba uri UMUGENZUNZI W’IMIRIMO MURI LETA. Buriya les larmes des crocodilles ces sont des vrais larmes. Uge utinya icyo abagabo bavuze ari benshi. Ubonye iyo uhakana ko ibyo barimo kuvuga atari ukuri. None se niba tugomba kurwanya akarengane, ikigo nka REB cya LETA kigakinisha abanyarwanda bishavuriye kibakoresha ibizamini, bagatsinda, akazi kakaboneka, ntubahe imyanya batsindiye, wowe ubikora uri umuyobozi, cyangwa itsinda ry’abayobozi , mwibaza ko bazazaceceka. Humiriza nkuyobore niyo mushaka? Muragirango bajye mu mihanda? Murakorera igihugu nabi. Mbere yo guha abashya akazi, mwagombaga kubanza abo mwashyize kuri iyo LISTI YA TEGEREZA. Bazategereza kugeza ryari? MWARAHEMUTSE.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Reka ngewe narumiwe ubaha ibyangobwa byawe byuzuye neza bakazakumbwirango niwabitanze niba barayigabanyije Koko ibayagiyehe kko mbaa nzabambarirwa gusa batuma uburezi bwo mu Rwanda buguma kudindirakbs
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Reka ngewe narumiwe ubaha ibyangobwa byawe byuzuye neza bakazakumbwirango niwabitanze niba barayigabanyije Koko ibayagiyehe kko mbaa nzabambarirwa gusa batuma uburezi bwo mu Rwanda buguma kudindirakbs
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ifite akavuyo keshi abantu bimwe imyanya abandi bahabwa akazi mumyanya irenze umwe.
Ikindi banze abize uburezi babiha abatarabwize ESE kuki mukiganga hataryamo abatarabyize muteke uburezi bupfu hari ikibwishe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ifite akavuyo keshi abantu bimwe imyanya abandi bahabwa akazi mumyanya irenze umwe.
Ikindi banze abize uburezi babiha abatarabwize ESE kuki mukiganga hataryamo abatarabyize muteke uburezi bupfu hari ikibwishe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ifite akavuyo keshi abantu bimwe imyanya abandi bahabwa akazi mumyanya irenze umwe.
Ikindi banze abize uburezi babiha abatarabwize ESE kuki mukiganga hataryamo abatarabyize muteke uburezi bupfu hari ikibwishe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ifite akavuyo keshi abantu bimwe imyanya abandi bahabwa akazi mumyanya irenze umwe.
Ikindi banze abize uburezi babiha abatarabwize ESE kuki mukiganga hataryamo abatarabyize muteke uburezi bupfu hari ikibwishe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB njye nayifata nkurugo rurangwa namakimbirane kuko abarugize ntibashobora guhuza ngo barebere hamwe icyakemura ikibazo,none bayobozi nabibutsaga ko abo muyobora bajijutse.inama kunengwa ni kimwe no kwikosora ni ikindi mushyire umupira hasi muve mubiro mwegere about muyobora Kandi mugaragaze impinduka kuko ibyiriya minisiteri birarambiranye pe.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB njye nayifata nkurugo rurangwa namakimbirane kuko abarugize ntibashobora guhuza ngo barebere hamwe icyakemura ikibazo,none bayobozi nabibutsaga ko abo muyobora bajijutse.inama kunengwa ni kimwe no kwikosora ni ikindi mushyire umupira hasi muve mubiro mwegere about muyobora Kandi mugaragaze impinduka kuko ibyiriya minisiteri birarambiranye pe.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB njye nayifata nkurugo rurangwa namakimbirane kuko abarugize ntibashobora guhuza ngo barebere hamwe icyakemura ikibazo,none bayobozi nabibutsaga ko abo muyobora bajijutse.inama kunengwa ni kimwe no kwikosora ni ikindi mushyire umupira hasi muve mubiro mwegere about muyobora Kandi mugaragaze impinduka kuko ibyiriya minisiteri birarambiranye pe.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB njye nayifata nkurugo rurangwa namakimbirane kuko abarugize ntibashobora guhuza ngo barebere hamwe icyakemura ikibazo,none bayobozi nabibutsaga ko abo muyobora bajijutse.inama kunengwa ni kimwe no kwikosora ni ikindi mushyire umupira hasi muve mubiro mwegere about muyobora Kandi mugaragaze impinduka kuko ibyiriya minisiteri birarambiranye pe.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB njye nayifata nkurugo rurangwa namakimbirane kuko abarugize ntibashobora guhuza ngo barebere hamwe icyakemura ikibazo,none bayobozi nabibutsaga ko abo muyobora bajijutse.inama kunengwa ni kimwe no kwikosora ni ikindi mushyire umupira hasi muve mubiro mwegere about muyobora Kandi mugaragaze impinduka kuko ibyiriya minisiteri birarambiranye pe.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB njye nayifata nkurugo rurangwa namakimbirane kuko abarugize ntibashobora guhuza ngo barebere hamwe icyakemura ikibazo,none bayobozi nabibutsaga ko abo muyobora bajijutse.inama kunengwa ni kimwe no kwikosora ni ikindi mushyire umupira hasi muve mubiro mwegere about muyobora Kandi mugaragaze impinduka kuko ibyiriya minisiteri birarambiranye pe.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ngewe mfite ikibazo ko abantu bize bio-geo na math-computer diplome zacu bari bazemeye tugatanga na transcripts nne ko ntamuntu numwe bahaye umwanya, kd tubyiga rwose muri kaminuza kki izi combination ziteshwa agaciro? Murakoze ngewe nicyo kibazo narimfite.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ngewe mfite ikibazo ko abantu bize bio-geo na math-computer diplome zacu bari bazemeye tugatanga na transcripts nne ko ntamuntu numwe bahaye umwanya, kd tubyiga rwose muri kaminuza kki izi combination ziteshwa agaciro? Murakoze ngewe nicyo kibazo narimfite.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ikwiye kwisubiraho.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ikwiye kwisubiraho.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB akarengane gacike kuko kadindiza Iterambere ry’igihugu cyacu bakoreshe ukuri mbifurije guhinduka murakoze
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB akarengane gacike kuko kadindiza Iterambere ry’igihugu cyacu bakoreshe ukuri mbifurije guhinduka murakoze
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Umuntu abona akazi ate afite65 bagenzi be bafite Hejuru ye kdi Bose baradepoje transcript? Mutubarize!!(ibyo bize ari bimwe)
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Umuntu abona akazi ate afite65 bagenzi be bafite Hejuru ye kdi Bose baradepoje transcript? Mutubarize!!(ibyo bize ari bimwe)
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nkubu nadepoje Nyamasheke kuri Patron post none REB bampaye kwigisha kandi ntabyo nabasabye ubwo hari ibyo nari nabasa ye muge mutuvuganira turenganurwe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nkubu nadepoje Nyamasheke kuri Patron post none REB bampaye kwigisha kandi ntabyo nabasabye ubwo hari ibyo nari nabasa ye muge mutuvuganira turenganurwe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nkubu nadepoje Nyamasheke kuri Patron post none REB bampaye kwigisha kandi ntabyo nabasabye ubwo hari ibyo nari nabasa ye muge mutuvuganira turenganurwe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nkubu nadepoje Nyamasheke kuri Patron post none REB bampaye kwigisha kandi ntabyo nabasabye ubwo hari ibyo nari nabasa ye muge mutuvuganira turenganurwe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Rwose nibaturenganure twararenganye
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Rwose nibaturenganure twararenganye
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ninkumubyeyi ariko utagira amabere
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ninkumubyeyi ariko utagira amabere
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwarimu birazwi ko ahembwa make ariko nababonye imyanya bagiye babajugunya aho bibonye ntacyo bitayeho!Ubu twagiye turenga uturere tutabarika kandi iwacu dusizeyo imyanya!Twakagezemo banga kuduhemba bank zirimo ziraduca ibihano kunguzanyo twishyuraga buri kwezi(Abagiye secondaire bavuye Primaire)ibabazo ni byinshi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwarimu birazwi ko ahembwa make ariko nababonye imyanya bagiye babajugunya aho bibonye ntacyo bitayeho!Ubu twagiye turenga uturere tutabarika kandi iwacu dusizeyo imyanya!Twakagezemo banga kuduhemba bank zirimo ziraduca ibihano kunguzanyo twishyuraga buri kwezi(Abagiye secondaire bavuye Primaire)ibabazo ni byinshi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mu byukuri haribazwa ibyagendeweho mu gutanga akazi nyuma yo gutanga transcripts abafite make bakabona akazi, abafite menshi bagasigara. Hagendewe kuki bashyira mu myanya?
Abantu bize muri UR-College of Education bafite isomo rimwe kuri degrees baratanze transcripts ziriho amasomo abiri ntibahabwe akazi kagahabwa abafite amanota make ngo nuko bafite amasomo abiri kuri degrees!
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mu byukuri haribazwa ibyagendeweho mu gutanga akazi nyuma yo gutanga transcripts abafite make bakabona akazi, abafite menshi bagasigara. Hagendewe kuki bashyira mu myanya?
Abantu bize muri UR-College of Education bafite isomo rimwe kuri degrees baratanze transcripts ziriho amasomo abiri ntibahabwe akazi kagahabwa abafite amanota make ngo nuko bafite amasomo abiri kuri degrees!
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Iyu aba yivugira sha. Burya kuvuga biroroha kurusha gukora. Ubwo se we uwamuha kuyobora REB yahindura iki cg yahindura iki kidanzwe? Ubwo ibigo anenga byose TRANSPARENCE I. Rwanda ikora neza kubirusha. Nawe abanze akemure imikorere ya T.I. Rda abone kujya acira abandi imanza.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Iyu aba yivugira sha. Burya kuvuga biroroha kurusha gukora. Ubwo se we uwamuha kuyobora REB yahindura iki cg yahindura iki kidanzwe? Ubwo ibigo anenga byose TRANSPARENCE I. Rwanda ikora neza kubirusha. Nawe abanze akemure imikorere ya T.I. Rda abone kujya acira abandi imanza.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ibya REB nagahoma munwa pe Reba umwana ufite amanota cumi10 Koko azavuga iki imbere yabanyeshuri uwavuzeko kwiga byabaye imiryango remezo nabwo yabeshye icyakora guha akazi abatarize uburezi byo nakibazo kirimo kuko nubundi abayarigishijwe nabarimu kdi agatsinda ikibazo ufite make ariguhabwa akazi ufite menshi akakabura mbega
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ibya REB nagahoma munwa pe Reba umwana ufite amanota cumi10 Koko azavuga iki imbere yabanyeshuri uwavuzeko kwiga byabaye imiryango remezo nabwo yabeshye icyakora guha akazi abatarize uburezi byo nakibazo kirimo kuko nubundi abayarigishijwe nabarimu kdi agatsinda ikibazo ufite make ariguhabwa akazi ufite menshi akakabura mbega
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Tinya ikigo kizi ko gifite abarimu bafite za level in educ bigisha muri primary cyajyagutanga akazi ntikibahereho kdi bakoranye igihe kirekire ntibabahe nibura promotion barize muri ducye bahembwaga kdi barirwaga baka urutonde rwabo.Narumiwe nahisemo kubatura Imana
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Tinya ikigo kizi ko gifite abarimu bafite za level in educ bigisha muri primary cyajyagutanga akazi ntikibahereho kdi bakoranye igihe kirekire ntibabahe nibura promotion barize muri ducye bahembwaga kdi barirwaga baka urutonde rwabo.Narumiwe nahisemo kubatura Imana
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ahubwo se abatanze dossiers mu turere basaba ubuyobozi ko babirambitse bagashyiraho Acting HT Uzi kwirukanka wuzuza dossier ukuntu bivuna.None se kujonjora izo dossiers byarabananiye !!!
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ahubwo se abatanze dossiers mu turere basaba ubuyobozi ko babirambitse bagashyiraho Acting HT Uzi kwirukanka wuzuza dossier ukuntu bivuna.None se kujonjora izo dossiers byarabananiye !!!
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Uwakwereka abo REB yambuye amafaranga yamahugurwa.ahubwo muzatubarize aho bayashyira
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Uwakwereka abo REB yambuye amafaranga yamahugurwa.ahubwo muzatubarize aho bayashyira
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Uwakwereka abo REB yambuye amafaranga yamahugurwa.ahubwo muzatubarize aho bayashyira
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Uwakwereka abo REB yambuye amafaranga yamahugurwa.ahubwo muzatubarize aho bayashyira
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwihangane abarenganijwe mukazi kwibeshya bibaho every human being makes mistake ness.
Muzatubarize kuri direct promotion of leaders babona idatuma abanyeshuri bareza kwiga ndetse bigatuma Irene ryuburezi ritagerwaho.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwihangane abarenganijwe mukazi kwibeshya bibaho every human being makes mistake ness.
Muzatubarize kuri direct promotion of leaders babona idatuma abanyeshuri bareza kwiga ndetse bigatuma Irene ryuburezi ritagerwaho.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwiriwe neza, ababyeyi turababaye cyane kuba Leta itangaza ko abana hasigaye bazatangira kuya 18/01/2021 ariko nkatwe babyeyi twari twarishyuye ibihembwe cya 1 mbere ya Covid-19 ntibadutekerezeho mbese nitwe tugomba kwishyura igaruka za Covid-19 Nyakubahwa President yaturwanyeho, Ibigo Minerval pyakubye 2 intumwa za rubanda zirahari cg?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwiriwe neza, ababyeyi turababaye cyane kuba Leta itangaza ko abana hasigaye bazatangira kuya 18/01/2021 ariko nkatwe babyeyi twari twarishyuye ibihembwe cya 1 mbere ya Covid-19 ntibadutekerezeho mbese nitwe tugomba kwishyura igaruka za Covid-19 Nyakubahwa President yaturwanyeho, Ibigo Minerval pyakubye 2 intumwa za rubanda zirahari cg?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB izakosore imikorere rwose
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB izakosore imikorere rwose
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ese nkiyuhaye akazi umuntuwize kotabirite ukakima uwize education wumvako uwo ariwe ije gutanga Irene ryuburezi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ese nkiyuhaye akazi umuntuwize kotabirite ukakima uwize education wumvako uwo ariwe ije gutanga Irene ryuburezi
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ese Ndibaza nigute umuntu umurusha amanonata akagira 54 wowe ufite 67 akabona akazi ugasigara ? byibuze ntibanagushyire kuri waiting list?? Aha harimo akarengane cyane!!!! REB igire icyo ibikoraho.
Murakoze.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ese Ndibaza nigute umuntu umurusha amanonata akagira 54 wowe ufite 67 akabona akazi ugasigara ? byibuze ntibanagushyire kuri waiting list?? Aha harimo akarengane cyane!!!! REB igire icyo ibikoraho.
Murakoze.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ko tuzi ko umukozi waleta ahabwa akazi biciye mubizamini REB yahaye abanyarwanda bose amahirwe angana yogupiganirwa ibigo byamashuri byubatswe uyumwaka kuba umaze imyaka myinshi mukazi sibyo bikora akazi neza,uko leta yiyubaka ninako yubaka ubumenyi ibaze naww REB umuntu ugiye guha akazi atazi gukoresha ikorana buhanga kandi azasabwa raporo inyuze my ikorana buhanga,mwaretse abanyarwanda bose bakadepoza ubundi ibigo bigahabwa ababikwiye murako
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ko tuzi ko umukozi waleta ahabwa akazi biciye mubizamini REB yahaye abanyarwanda bose amahirwe angana yogupiganirwa ibigo byamashuri byubatswe uyumwaka kuba umaze imyaka myinshi mukazi sibyo bikora akazi neza,uko leta yiyubaka ninako yubaka ubumenyi ibaze naww REB umuntu ugiye guha akazi atazi gukoresha ikorana buhanga kandi azasabwa raporo inyuze my ikorana buhanga,mwaretse abanyarwanda bose bakadepoza ubundi ibigo bigahabwa ababikwiye murako
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Yewe nuko REB ari urwego rufite aabantu benshi bahabwa akazi aha twatungira agatoki ingabire Marie Immaculee utajya aripfana iyo abonye akarengane. Azabaze impamvu urwego nk’Inama y’Igihugu y’Abagore igabanyirizwa ingufu bityo rukisanga rwahujwe na Minisiteri ndetse rwagabanyirijwe abakozi aho kugirango ruhabwe ingufu dore ko muri reforme kwari guha ingufu inzego zimwe na zimwe no kuzongerera ubushobozi. Ibi kandi bikaba byarakozwe rwihishwa nta kugisha inama inzego zafashe iya mbere zishyiraho ruriya rwego ndetse bakagira umugisha hakabaho ubushake bwa Politikiki ku isonga HE Ubu se Perezida ababajije niba barageze iyo bajya bamusubiza ko bagezeyo? Hari abatema igiti bicayeho kandi bizabagora kubisubiza. Ibi bijyanye n’ukuntu Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abagore KAMANZI Jackline wagira ngo niwe uyobora board kuko niwe ubaha amabwiriza nk’uko amakuru abivuga ndetse banamutinya cyane kuko abizeza indi myanya. Ku bijyanye n’Abakozi ho muzabashake mubibarize kuko nta mukozi ngirango numwe batagiranye ibibazo. Ngaho abo abwira ngo ntibize bigakemurwa na REB hari abandi yirukanye bamwe bagarurwa na MIFOTRA hari abashakiwe akazi ahandi n’ibindi byinshi. Muri reforme ho yabigirijeho nkana aho afatanyije na Mifotra na Migeprof yahinduye profile z’abo ashaka kwikiza ndetse Minisiteri ibiha umugisha kandi mu buryo bufutamye nabyo Ingabire azabitohoze neza azamenya ukuri naho Minisitiri we baramukoranye arasinya . Rwose amakuru muzayashake arahari ni menshi. Aha na Minisitiri w’Intebe azabikurikirana azamenya amakosa iyi reforme iri gukora aho abayobozi bamwe babonye umwanya wo kwikiza abo badashaka.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Yewe nuko REB ari urwego rufite aabantu benshi bahabwa akazi aha twatungira agatoki ingabire Marie Immaculee utajya aripfana iyo abonye akarengane. Azabaze impamvu urwego nk’Inama y’Igihugu y’Abagore igabanyirizwa ingufu bityo rukisanga rwahujwe na Minisiteri ndetse rwagabanyirijwe abakozi aho kugirango ruhabwe ingufu dore ko muri reforme kwari guha ingufu inzego zimwe na zimwe no kuzongerera ubushobozi. Ibi kandi bikaba byarakozwe rwihishwa nta kugisha inama inzego zafashe iya mbere zishyiraho ruriya rwego ndetse bakagira umugisha hakabaho ubushake bwa Politikiki ku isonga HE Ubu se Perezida ababajije niba barageze iyo bajya bamusubiza ko bagezeyo? Hari abatema igiti bicayeho kandi bizabagora kubisubiza. Ibi bijyanye n’ukuntu Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abagore KAMANZI Jackline wagira ngo niwe uyobora board kuko niwe ubaha amabwiriza nk’uko amakuru abivuga ndetse banamutinya cyane kuko abizeza indi myanya. Ku bijyanye n’Abakozi ho muzabashake mubibarize kuko nta mukozi ngirango numwe batagiranye ibibazo. Ngaho abo abwira ngo ntibize bigakemurwa na REB hari abandi yirukanye bamwe bagarurwa na MIFOTRA hari abashakiwe akazi ahandi n’ibindi byinshi. Muri reforme ho yabigirijeho nkana aho afatanyije na Mifotra na Migeprof yahinduye profile z’abo ashaka kwikiza ndetse Minisiteri ibiha umugisha kandi mu buryo bufutamye nabyo Ingabire azabitohoze neza azamenya ukuri naho Minisitiri we baramukoranye arasinya . Rwose amakuru muzayashake arahari ni menshi. Aha na Minisitiri w’Intebe azabikurikirana azamenya amakosa iyi reforme iri gukora aho abayobozi bamwe babonye umwanya wo kwikiza abo badashaka.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mutubarize abize education ariko batize combination uko Reb izadufasha
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mutubarize abize education ariko batize combination uko Reb izadufasha
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Imfashanyigisho zuzuye amakosa nta proofreading ikorwa
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Imfashanyigisho zuzuye amakosa nta proofreading ikorwa
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB irishoboye kuko bayishizeho bayizeye murenganye abayiyoboye mwekunenga abagenerwabikorwa kuko twe turi murwuri .
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB irishoboye kuko bayishizeho bayizeye murenganye abayiyoboye mwekunenga abagenerwabikorwa kuko twe turi murwuri .
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Oya rwose ikora neza, Immaculee ubanza atazi ibibera mu nkiko zo muri iki gihugu.
Ugasanga umuntu wibye amamiliyoni araburanye abaye umwere, undi ngo yakoze amakosa yibeshya ibihumbi 20 agakatirwa imyaka 10!
Ahaaaaa.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Oya rwose ikora neza, Immaculee ubanza atazi ibibera mu nkiko zo muri iki gihugu.
Ugasanga umuntu wibye amamiliyoni araburanye abaye umwere, undi ngo yakoze amakosa yibeshya ibihumbi 20 agakatirwa imyaka 10!
Ahaaaaa.
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ikora nabi rwose ntiwamenya kaminuza sinzi icyo bakurikije abacomptable ntibabafashe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
REB ikora nabi rwose ntiwamenya kaminuza sinzi icyo bakurikije abacomptable ntibabafashe
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwihangane bavandi gusa nibikosore kuko turababaye
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwihangane bavandi gusa nibikosore kuko turababaye
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwihangane bavandi gusa nibikosore kuko turababaye
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwihangane bavandi gusa nibikosore kuko turababaye
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwihangane bavandi gusa nibikosore kuko turababaye
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Mwihangane bavandi gusa nibikosore kuko turababaye
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ndabaza abantu bakora muri REB icyo bagendeyeho bima akazi umuntu wise uburezi muri KIE hanyuma bakagaha uwize muri twelve cg utarize uburezi? Kandi yarabanye shortlisted mbere ubu akaba ntahantu agaragara? None kuki usanga umuntu yarabonye akazi ahantu 2cg 3 ubwo bisobanura iki?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Ndabaza abantu bakora muri REB icyo bagendeyeho bima akazi umuntu wise uburezi muri KIE hanyuma bakagaha uwize muri twelve cg utarize uburezi? Kandi yarabanye shortlisted mbere ubu akaba ntahantu agaragara? None kuki usanga umuntu yarabonye akazi ahantu 2cg 3 ubwo bisobanura iki?
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
ariko ntekereza ko ibijyanye n,uburezi byagaruzwa muri ministeri y,uburezi gusa.Noneho REB yo igasigarana ibijyanye n,impamyabumenyi na za buruse yenda nibyo guhugura abarimu.
naho kuvuga ngo ikora nabi,ntabwo yakora ibintu uko abantu bose babyifuza ikindi twibuke ko abanyeshuli n,abarimu ari benshi cyane mu gihugu,tworoshye ibintu.ese nta byiza ijya ikora?nabyo bivugweho
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
ariko ntekereza ko ibijyanye n,uburezi byagaruzwa muri ministeri y,uburezi gusa.Noneho REB yo igasigarana ibijyanye n,impamyabumenyi na za buruse yenda nibyo guhugura abarimu.
naho kuvuga ngo ikora nabi,ntabwo yakora ibintu uko abantu bose babyifuza ikindi twibuke ko abanyeshuli n,abarimu ari benshi cyane mu gihugu,tworoshye ibintu.ese nta byiza ijya ikora?nabyo bivugweho
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nanjye byarambabaje kuko natanze iki rego nibaransubiza ngo menya niba service nabasavyeko izakunda
REB ni rwo rwego rukora nabi mu gihugu kurusha izindi nzego za leta_Ingabire M. Immaculée
Nanjye byarambabaje kuko natanze iki rego nibaransubiza ngo menya niba service nabasavyeko izakunda