img-20210108-wa0009.jpg

Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana

Sangiza iyi nkuru

Padiri Ubald Rugirangoga wari uzwi mu bikorwa byo gusengera abarwayi bagakira , yitabye Imana kuri uyu wa 8 Mutarama 2021, aguye mu bitaro byo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aho yari amaze iminsi arwariye.

Amakuru y’urupfu rw’uyu Padiri, yemejwe n’Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Gikongoro, akaba n’Umuyobozi wa Diyosezi ya Cyangugu, Nyiricyubahiro Musenyeri CĂ©lestin Hakizimana, mu itangazo yashyize ahagaragara.

img-20210108-wa0009.jpg Itangazo ribika Padiri Ubald

Mu Kwakira 2020 ni bwo abakoresha imbuga nkoranyambaga za Padiri Ubald yagaragayeho icyorezo cya Covid-19.

Nyuma yaje kugikira gusa akomeza kwitabwaho n’abaganga kuko iki cyorezo cyari cyaramwangije ibihaha.

Hari amakuru yari amaze igihe akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga mu mpera z’umwaka ushize (2020), avuga ko Padiri Ubald yamaze gupfa, gusa nyirubwite wari ufite intege nke z’umubiri yaje kugaragara ku rubuga rwa Facebook rwe, agenera abamukurikira ubutumwa bw’umwaka mushya, tariki ya 1 Mutarama 2021. Icyo gihe ni bwo aheruka kugaragara mu ruhame.

Soma Izindi Nkuru

The Ben ari mu bitaro

April 16, 2026

28 Responses

  1. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Imana y’Amahoro adashira Imwakire mu ntore zayo. Yasengeye mukuru wanjye akira umutima.Niyigendere Uwiteka yamukunze kuturusha namushyire iburyo bwe.Till we meet again

  2. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Imana y’Amahoro adashira Imwakire mu ntore zayo. Yasengeye mukuru wanjye akira umutima.Niyigendere Uwiteka yamukunze kuturusha namushyire iburyo bwe.Till we meet again

  3. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Iyi nkuru mbi y’itabaruka rya Padiri Obald irashengura imitima yacu abamukundaga kuko yari umugisha bitari kuri kiliziya gusa ahubwo ku nyoko muntu no ku gihugu cyacu bityo turahombye cyane, reka twizere ko yagize amahirwe yo kwitegura ubuzima bwo kuzabana n’Uwiteka iteka ryose kuko niho heza haruta cyane kuba mu isi y’imiruho n’imibabaro. Twese turi abagenzi dukwiriye kwitoza kubana neza no kumvira Imana tugihumeka tukazasiga inkuru nziza imusozi ndetse Imana ikazaterwa ishema no kutwakira neza no kutwiratira imbere y’abamalayika bera ko twanesheje isi n’ibihendo/ibishuko byayo. May he rest in eternal peace. Murakoze cyane

  4. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Iyi nkuru mbi y’itabaruka rya Padiri Obald irashengura imitima yacu abamukundaga kuko yari umugisha bitari kuri kiliziya gusa ahubwo ku nyoko muntu no ku gihugu cyacu bityo turahombye cyane, reka twizere ko yagize amahirwe yo kwitegura ubuzima bwo kuzabana n’Uwiteka iteka ryose kuko niho heza haruta cyane kuba mu isi y’imiruho n’imibabaro. Twese turi abagenzi dukwiriye kwitoza kubana neza no kumvira Imana tugihumeka tukazasiga inkuru nziza imusozi ndetse Imana ikazaterwa ishema no kutwakira neza no kutwiratira imbere y’abamalayika bera ko twanesheje isi n’ibihendo/ibishuko byayo. May he rest in eternal peace. Murakoze cyane

  5. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    iyi nkuru y’urupfu rwa padiri Obald rurababaje cyane tubuze umuntu w’ingenzi.imana imwakire mubayo kandi twihanganishije n’umuryango we.

  6. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    iyi nkuru y’urupfu rwa padiri Obald rurababaje cyane tubuze umuntu w’ingenzi.imana imwakire mubayo kandi twihanganishije n’umuryango we.

  7. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Padiri Ubald agiye tukimukeneye,ariko nta kundi Iyamukunze mbere iramwisubije.

  8. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Padiri Ubald agiye tukimukeneye,ariko nta kundi Iyamukunze mbere iramwisubije.

  9. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Padiri ugiye abanyarwanda n,isi yose bakigukeneye igendere kwa jambo maze usanganirwr naba malayika bo mu ijuru.

  10. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Padiri ugiye abanyarwanda n,isi yose bakigukeneye igendere kwa jambo maze usanganirwr naba malayika bo mu ijuru.

  11. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Uwiteka yacyuye intoreye.Gupfa ni inyungu ku mukristo wese w’ukuri. uwiteka amwakire mubo yahamagaye!

  12. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Uwiteka yacyuye intoreye.Gupfa ni inyungu ku mukristo wese w’ukuri. uwiteka amwakire mubo yahamagaye!

  13. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Ku isi ni ko bigenda. Kwitwa umuntu mu nda y’umubyeyi,ukavuka,ugakura ukanakora nyuma ugapfa.Urupfu rw’abo tubona cyangwa twumva bose,rukwiye kubera icyigisho ababa basigaye. Ibikorwa bya Ubald turizera ko bimuha kugira iherezo ryiza ku isi.Abasigaye bo mu Muryango we,abo yafashaga kubaho mu rugendo rwo ku isi dukomeze kwihangana no kwigira ku rupfu rwe.

  14. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Ku isi ni ko bigenda. Kwitwa umuntu mu nda y’umubyeyi,ukavuka,ugakura ukanakora nyuma ugapfa.Urupfu rw’abo tubona cyangwa twumva bose,rukwiye kubera icyigisho ababa basigaye. Ibikorwa bya Ubald turizera ko bimuha kugira iherezo ryiza ku isi.Abasigaye bo mu Muryango we,abo yafashaga kubaho mu rugendo rwo ku isi dukomeze kwihangana no kwigira ku rupfu rwe.

  15. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Padre Ubald Imana nyiri ubugingo imwiyereke iteka kd umurimo yari yamushinze ntekereza ko yawusohoje neza

    Yasengeye mukecuru wanjye i Nyagahanga akira umutwe wari waramuzengereje kuva kera.

    Mana mwakire mu bawe Kandi utore izindi ntore zikomeze umurimo nk’uwowari waramuhaye.

  16. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Padre Ubald Imana nyiri ubugingo imwiyereke iteka kd umurimo yari yamushinze ntekereza ko yawusohoje neza

    Yasengeye mukecuru wanjye i Nyagahanga akira umutwe wari waramuzengereje kuva kera.

    Mana mwakire mu bawe Kandi utore izindi ntore zikomeze umurimo nk’uwowari waramuhaye.

  17. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Padir obarid nukuri ababaje abantu. Yaje inyamiyaga akiza ikirema kiva mukagare maze aragenda ahumura impumyi twexe adusubiza ibyishimo. Yezu woe umenyabyox ngutuye umutimawe uwakire kuko mpamya ntashidikanyako ariwowe wamukoreragamo. Yezu duhe kujyira umutima nkuwe uduhe gukurikiza igero nziza yaduhaye. Yezu umwakire mubawe.

  18. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana
    Padir obarid nukuri ababaje abantu. Yaje inyamiyaga akiza ikirema kiva mukagare maze aragenda ahumura impumyi twexe adusubiza ibyishimo. Yezu woe umenyabyox ngutuye umutimawe uwakire kuko mpamya ntashidikanyako ariwowe wamukoreragamo. Yezu duhe kujyira umutima nkuwe uduhe gukurikiza igero nziza yaduhaye. Yezu umwakire mubawe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *