eu1v6ilxyai5znq.jpg

Amafoto: RIB yafashe ukekwaho kwica Rutayisire George akanamwambura

Sangiza iyi nkuru

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe yafashe Ndayambaje Bahati w’imyaka 27 ukurikiranyweho icyaha cyo kwica Rutayisire George ku itariki ya 11 Gashyantare 2021 akanamwiba.

Amakuru BWIZA ikesha urubuga rwa Twitter rwa RIB avuga ko iperereza rirakomeje kugira ngo hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha.

Uwishwe ni mwene Rubangura Uzziel. Umuvugizi RIB, Dr Murangira B. Thierry avuga ko Ndayambaje w’imyaka 27 yafashwe tariki ya 21 Gashyantare, ku bufatanye n’abaturage. Asaba ko ubwo bufatanye bwakomeza no mu gukumira ibyaha.

eu1v6ilxyai5znq.jpg

Ndayambaje Bahati ukurikiranweho kwica Rutayisire akanamwambura/RIB

eu1v7vbxmam3mw9.jpg

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *