uturerepng-118e2-d865d.png

Imyaka itatu: Uko uturere dukurikirana mu kubamo ingengabitekerezo ya jenoside

Sangiza iyi nkuru

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buherutse gushyira hanze icyegeranyo kigaragaza ishusho y’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyaha bifitanye isano nayo mu myaka itatu ishize, aho bwerekanye uko uturere 30 tugize u Rwanda dukurikirana kuri iki kibazo.

Iki cygeranyo kigaragaza ko amadosiye y’ingengabitekerezo ya jenoside yagiye yiyongera mu myaka itatu ishize. Mu 2017-2018 hinjiye amadosiye 333, mu 2018-2019 hinjira amadosiye 293, naho mu 2019-2020 hinjiye amadosiye 323.

Ku rwego rw’intara, Iy’Amajyepfo ni yo yagaragayemo amadosiye menshi y’Ingengabitekerezo ya Jenoside angana 262, ikurikirwa n’Uburasirazuba hagaragaye amadosiye 223, mu Mujyi wa Kigali hagaragaye amadosiye 163, mu Burengerazuba hagaragara 141 mu gihe Intara y’Amajyaruguru ari yo yagaragayemo amadosiye make angana 72.

Ku rwgo rw’uturere, Gasabo, Kicukiro na Huye turaza ku isonga naho Burera, Nyabihu na Gakenke baraza inyuma mu kugira amadosiye make y’ingengabitekerezo ya jenoside.

Dore uko uturere dukurikirana mu kubamo ingengabitekerezo ya Jenoside mu Rwanda

uturerepng-118e2-d865d.png

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Imyaka itatu: Uko uturere dukurikirana mu kubamo ingengabitekerezo ya jenoside
    Mubituma Akarere ka Ngoma gatera inyuma aho gutera imbere ningengabitekerezo ihatuye ivangura rishingira ku karere kubera amatiku ahaba ubonye amafaranga wese ahita ahava .

  2. Imyaka itatu: Uko uturere dukurikirana mu kubamo ingengabitekerezo ya jenoside
    Mubituma Akarere ka Ngoma gatera inyuma aho gutera imbere ningengabitekerezo ihatuye ivangura rishingira ku karere kubera amatiku ahaba ubonye amafaranga wese ahita ahava .

  3. Imyaka itatu: Uko uturere dukurikirana mu kubamo ingengabitekerezo ya jenoside
    Mubituma Akarere ka Ngoma gatera inyuma aho gutera imbere ningengabitekerezo ihatuye ivangura rishingira ku karere kubera amatiku ahaba ubonye amafaranga wese ahita ahava .

  4. Imyaka itatu: Uko uturere dukurikirana mu kubamo ingengabitekerezo ya jenoside
    Mubituma Akarere ka Ngoma gatera inyuma aho gutera imbere ningengabitekerezo ihatuye ivangura rishingira ku karere kubera amatiku ahaba ubonye amafaranga wese ahita ahava .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *