Umwe mu bageni, umukobwa utifuje gutangazwa amazina wari wakoze ubukwe bugahagarikwa na we akajyanwa kuri sitade akanacibwa amande, avuga ko ibyamubayeho ari “agahomamunwa” gusa akavuga ko atari wo muti watuma abantu birinda Coronavirus. Muri wikendi ishize, polisi yagaragaje abantu bari mu bukwe burenze bubiri i Kigali bafashwe bakarazwa muri sitade banacibwa amande baregwa kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Uyu mugeni mu buryo bwanditse yabwiye BBC ati “Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona”. Yongeyeho ati: “Birababaje gusa, ni ibintu ntazibagirwa mu buzima bwanjye gufunganwa n’ababyeyi n’abandi bagutahiye ubukwe”. Umuvigizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera yabwiye abanyamakuru ko abantu bakomeje kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 cyane cyane abakora ibirori. Yavuze ko bamwe mu bo bafatiye muri hotel ku Kimironko bari kwiyakira bari bageze kuri 60, iyi hotel nayo yahise ifungwa mu gihe cy’ukwezi. Ubundi bukwe bwahagaritswe buri kuba ababurimo bakarazwa muri sitade bwabereye Kicukiro, Kabuga i Kigali no mu Karere ka Gatsibo. Amabwiriza yatanzwe na Leta mu kwezi gushize avuga ko ubukwe bwemewe ariko bwitabirwa n’abantu batarenze 20 ariko ibirori byo kwiyakira bibujijwe. Mu Rwanda abantu barenga 22,000 bamaze gutangazwa ko banduye Covid-19 mu gihe abo yahitanye kugeza ubu ari 311. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV



38 Responses
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Yemwe nagahomamunwa
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Yemwe nagahomamunwa
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ibyo Police yakoze ni byo.
Kuki abantu bica amategeko nkana? Igihano babonye na bo ubwabo bari bazi ko bagihabwa.
Kubikorera kugirango bahinyuze Police ngo “reka tubikore turebe ko itinyuka kutujyna muri stade”.
Nta tegeko ritinya amakosa.
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Nturakura bihagije mumutwe, Ubwana nibugushiramo uzamenya.
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Nturakura bihagije mumutwe, Ubwana nibugushiramo uzamenya.
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ibyo Police yakoze ni byo.
Kuki abantu bica amategeko nkana? Igihano babonye na bo ubwabo bari bazi ko bagihabwa.
Kubikorera kugirango bahinyuze Police ngo “reka tubikore turebe ko itinyuka kutujyna muri stade”.
Nta tegeko ritinya amakosa.
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Kuba umuntu bihabanye cyane no kugira ubumuntu.
Kuki ibyo wifuzako bagukorera wowe utabikorera abandi !!!!!
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Kuba umuntu bihabanye cyane no kugira ubumuntu.
Kuki ibyo wifuzako bagukorera wowe utabikorera abandi !!!!!
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Kuba umuntu bihabanye cyane no kugira ubumuntu.
Kuki ibyo wifuzako bagukorera wowe utabikorera abandi !!!!!
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Kuba umuntu bihabanye cyane no kugira ubumuntu.
Kuki ibyo wifuzako bagukorera wowe utabikorera abandi !!!!!
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ubu ni ubugome burenze nimugabanye natwe turi mu mahanga turabona ko urwanda rurimokwitwara nab
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ubu ni ubugome burenze nimugabanye natwe turi mu mahanga turabona ko urwanda rurimokwitwara nab
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ubu ni ubugome burenze nimugabanye natwe turi mu mahanga turabona ko urwanda rurimokwitwara nab
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ubu ni ubugome burenze nimugabanye natwe turi mu mahanga turabona ko urwanda rurimokwitwara nab
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Pense qu’on devrait faire plus de place à notre intellect afin de trouver des solutions intélligentes aux problèmes de société
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Pense qu’on devrait faire plus de place à notre intellect afin de trouver des solutions intélligentes aux problèmes de société
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Pense qu’on devrait faire plus de place à notre intellect afin de trouver des solutions intélligentes aux problèmes de société
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Pense qu’on devrait faire plus de place à notre intellect afin de trouver des solutions intélligentes aux problèmes de société
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Nubundi ntaheza hiyisi…
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Nubundi ntaheza hiyisi…
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ahubwo iyo babatwara mageragere abo bicanyi bakomeje gukwirakwiza covid-19
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
ariko ubundi iyo logique ngo yo kutarenza abantu 20 nayo ntisobanutse.kwakira abantu 20,ukabakirira muri salle ya metero care 200,no kwakira abantu 100,ukabakirira muri salle ingana hegutari,icyiza nikihe.hakagombye kurebwa social distance.kurusha kureba imibare.naho ubundi ndumva polisi ikora nka robots pe.
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
ariko ubundi iyo logique ngo yo kutarenza abantu 20 nayo ntisobanutse.kwakira abantu 20,ukabakirira muri salle ya metero care 200,no kwakira abantu 100,ukabakirira muri salle ingana hegutari,icyiza nikihe.hakagombye kurebwa social distance.kurusha kureba imibare.naho ubundi ndumva polisi ikora nka robots pe.
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Nawe siwowe
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Nawe siwowe
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ahubwo iyo babatwara mageragere abo bicanyi bakomeje gukwirakwiza covid-19
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
nta mpamvu yo gukabya rwose. nta gikuba cyacitse ku buryo wafunga ababyeyi batashye ubukwe baturutse i kantarange hamwe n’abageni. mujye mworoshya ibintu nkuko byari bisanzwe biranga inkotanyi: gukadiriya
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
nta mpamvu yo gukabya rwose. nta gikuba cyacitse ku buryo wafunga ababyeyi batashye ubukwe baturutse i kantarange hamwe n’abageni. mujye mworoshya ibintu nkuko byari bisanzwe biranga inkotanyi: gukadiriya
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Muce iteka mu Rwanda rubanda iruhuke.
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Muce iteka mu Rwanda rubanda iruhuke.
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
ariko niba umubyeyi utwite ahanwa akajya kuryi ibigori akaryama kuri sima no gute umuntu urimo gukwiza icyorezo nkana anishimisha ahanwa bikaba intambara bibere abandi nkawe urugero kbs ubundi ubukwe busora kurusha imyidagaduro
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
ariko niba umubyeyi utwite ahanwa akajya kuryi ibigori akaryama kuri sima no gute umuntu urimo gukwiza icyorezo nkana anishimisha ahanwa bikaba intambara bibere abandi nkawe urugero kbs ubundi ubukwe busora kurusha imyidagaduro
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ariko kombona mwese mwabihaye umunyarwanda yaciye umugani ngo agahwa kari kuwundi karahandurika kandi muje muvuga muziga uyumunsi nibo eje ni wowe kuko
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ariko kombona mwese mwabihaye umunyarwanda yaciye umugani ngo agahwa kari kuwundi karahandurika kandi muje muvuga muziga uyumunsi nibo eje ni wowe kuko
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Njyewe ndumva batagakwiye kuraza abageni muri stade basi bakabaca amande bikarangira kuko bishe amategeko arko nabakoresha ibirori nabo bakibuka ko haribyo bagomba kwirinda bakubahiriza amabwiriza
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Njyewe ndumva batagakwiye kuraza abageni muri stade basi bakabaca amande bikarangira kuko bishe amategeko arko nabakoresha ibirori nabo bakibuka ko haribyo bagomba kwirinda bakubahiriza amabwiriza
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ariko kumva nabi mwumva byabageza kuki << Mureke iki ati turagikora maze>> burya ukubita umwana ngo adafata umuriro nyamara ahiye ariwe wababara ntakundi mubatuke bicecekere bakaze kubarinda ibyabakoraho.
Kubabaza abantu gutya no kubakoza isoni sibyo bituma batinya cyangwa birinda corona-Umugeni warajwe muri sitade na polisi
Ariko kumva nabi mwumva byabageza kuki << Mureke iki ati turagikora maze>> burya ukubita umwana ngo adafata umuriro nyamara ahiye ariwe wababara ntakundi mubatuke bicecekere bakaze kubarinda ibyabakoraho.