ezlubhlviauepgz.jpg

Gen. Kainerugaba arashakisha hasi hejuru umuntu wamushushanyije

Sangiza iyi nkuru

Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba n’Umujyanama wa Se mu bya gisirikare, Umuyobozi w’Ingabo zidasanzwe, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba avuga ko akeneye guhura n’umwe mu banyabugeni bamushushanyije.

Ku rubuga rwe rwa Twitter, Muhoozi avuga ko yifuza guhura n’uwo muntu wamushushanyije. Ati ” Ndacyakeneye guhura na we.”

Muhoozi ati ” Ndacyakeneye guhura n’uyu munyabugeni w’agatangaza. Ndashaka guhura na we.”

Nk’ibisanzwe, hari ababyishimiye mu gihe abandi bivugiraga ibindi bidahuye n’ibyo we yatangaje.

ezlubhlviauepgz.jpg

Gen. Muhoozi arashakisha uwaba yarashushanyije iyi foto/Twitter

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *