Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Angola aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga y’umutekano ku karere k’ibiyaga bigari (ICGLR) yiga ku bibazo by’umutekano muri Centrafurika. Perezidansi itangaza ko mukuru w’igihugu yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Angola, João Lourenço. Ntihatangajwe ibyo aba bombi baganiriyeho. Amafoto: Village Urugwiro Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Angola, João Lourenço




