ezaihihxeaefepd.jpg

Perezida Kagame i Luanda (amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Angola aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga y’umutekano ku karere k’ibiyaga bigari (ICGLR) yiga ku bibazo by’umutekano muri Centrafurika.

Perezidansi itangaza ko mukuru w’igihugu yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Angola, João Lourenço. Ntihatangajwe ibyo aba bombi baganiriyeho.

ezaihihxeaefepd.jpg
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Angola, João Lourenço

ezaigzaxeaidfnx.jpg

ezaigazx0aalunv.jpg

Amafoto: Village Urugwiro

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *