Uwari umupolisi, Derek Chauvin,umuzungu, yahamwe n’icyaha cyo kwica umwirabura George Floyd mu Mujyi wa Minneapolis muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka ushize. Umucamanza yasanze ibirego bitatu byose bihama Chauvin, abari aho batera hejuru bigaragaza ukwishimira uyu mwanzuro. Abunganira Chauvin bo bavugaga ko Floyd yapfuye kuko yakoreshaga ibiyobyabwenge, ngo yari arwaye. Umucamanza yatangaje ko Derek Chauvin w’imyaka 45 azosomerwa igihano mu minsi irindwi iri imbere Ni ubwa mbere umupolisi w’umuzungu ahamwa n’icyaha co kwica umwirabura mu mateka ya Leta ya Minnesota. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Derek Chauvin yahamijwe ibyaha
XMA Header Image
Amateka akomeye: Mu mibabaro yo kwa Gisimba hashibutse ibyishimo! Sekuru yahanganye na Ruzagayura
youtube.com



2 Responses
Derek Chauvin yahamwe n’icyaha cyo kwica George Floyd wamubwiraga ko ‘atabasha guhumeka’
Iki s,ikinyarwanda.
Derek Chauvin yahamwe n’icyaha cyo kwica George Floyd wamubwiraga ko ‘atabasha guhumeka’
Iki s,ikinyarwanda.