Umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 15 wo mu Mudugudu wa Kigasa, Akagari ka Mburabuturo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, ahitwa mu Mugara abaturage bavuga ko ari mwene Nsenga, yasambanyije ihene ihaka ya Mama Yvonne, bucya yahurumuye. Umwe mu baturage bahaye BWIZA amakuru avuga ko nyir’ubwite yamuhamirije ko ihene ye yafashwe mu cyumweru gishize ubwo yari iragiwe mu Mugara. Yagize ati ” Mama Yvonne rwose twahuye yumiwe. Yambwiye ko ubwo iyo hene yari ifite amezi yari iragiwe, abashumba bagiye mu bindi bimwe abana baba bakina. Ariko bakajya bumva ihene iri kwabira cyane ntibabyiteho. Nyuma baje kujya kureba, basanga uwo mwene Nsenga (Izina ryagizwe ibanga) yakuyemo, ari gusambanya iyo hene, yayizirikiye ku giti. Basanze yamanuye ikabutura, hoshi hoshi ari nako ihene nayo yabira cyane. Mu muhogo yasaga ngo naho yayinize kugira ngo ihame hamwe na we akore ibye.” Abajijwe uko byagenze nyuma, uyu yavuze ko ” Uwo yabonye bamubonye yambara vuba ariruka, arabacika. Gusa ngo iki kibazo bakigejeje mu buyobozi bw’umudugudu n’akagari.” Veterineri utuye mu Mudugudu wa Nduruma yabwiye nyir’iyi hene ko nta kundi byagenda yayigurisha kuko ngo ishobora kuba yahakuye uburwayi. Mama Yvonne yabwiye uwahaye amakuru BWIZA ko ubu umuryango wa Nsenga amureba nabi bavuga ko yabeshyeye umwana wabo. We ngo avuga ko nta nyungu yagira muri icyo gikorwa. Ntibirakunda ko BWIZA igera ahabereye ibi, ikaza kuhagera bityo igakusanya amakuru yose. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV



14 Responses
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Ntibyoroshye!
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Ntibyoroshye!
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Umuntu utarimurwanda yaba inchuti yanyu bigenze gute.Mutubwire ndi umukĂ´ngomani.
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Umuntu utarimurwanda yaba inchuti yanyu bigenze gute.Mutubwire ndi umukĂ´ngomani.
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Mujye mwandika ibyo muzi.ihene ntiyabira irahebeba,kd inkuru nkizi ntacyo zitumariye mujye mwandika inkuru zifasha Societe nyarwanda.jye kugiti cyanjye NDABANEGUYE.
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Mujye mwandika ibyo muzi.ihene ntiyabira irahebeba,kd inkuru nkizi ntacyo zitumariye mujye mwandika inkuru zifasha Societe nyarwanda.jye kugiti cyanjye NDABANEGUYE.
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Mujye mwandika ibyo muzi.ihene ntiyabira irahebeba,kd inkuru nkizi ntacyo zitumariye mujye mwandika inkuru zifasha Societe nyarwanda.jye kugiti cyanjye NDABANEGUYE.
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Mujye mwandika ibyo muzi.ihene ntiyabira irahebeba,kd inkuru nkizi ntacyo zitumariye mujye mwandika inkuru zifasha Societe nyarwanda.jye kugiti cyanjye NDABANEGUYE.
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
guhurumura ni iki?
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
guhurumura ni iki?
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Uhomwana nuwo guhanwa byinanga rugero nokumugorora kuko uwo sikiremwa muntu.
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
twizere ko atali cyomoro wasambanyije ihene kuko nase yigeze kuyisambanya arangije arayirya twali mu ishyamba
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
twizere ko atali cyomoro wasambanyije ihene kuko nase yigeze kuyisambanya arangije arayirya twali mu ishyamba
Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura
Uhomwana nuwo guhanwa byinanga rugero nokumugorora kuko uwo sikiremwa muntu.