e2eab5mxoaak7uu.jpg

Ishyaka riravuga ko ubukungu bw’u Rwanda bwaguye ku buryo bukabije

Sangiza iyi nkuru

Ishyaka Rwandese Platform for Democracy (RPD) riravuga ko hakwiriye ibiganiro ku cyo rivuga ko ari ikibazo cy’ubukungu bw’ u Rwanda buhagaze nabi gusa ngo byagera mu myaka itatu ishize, bukaba bwaraguye ‘bikabije’.

Iri shyaka mu itangazo ryashize hanze kuri uyu wa 28 Gicurasi 2021 BWIZA yabonye, ritangaza ko ibyo rivuga bishingiye ku mibare ya MINECOFIN, Banki y’Isi na IMF. RPD isaba ko abashinzwe ubukungu n’abanyepolitiki bahura bakaganiri kuri iyi ngingo.

e2eab5mxoaak7uu.jpg
Itangazo rya RPD

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *