Umuhunzikazi Tiwa Savage yarwanye na mugenzi we witwa Seyi Shay bari bahuriye mu nzu itunganya imisatsi (salon de coiffure) mu bivugwa ko bapfaga Wizkid. Aba n’ubusanzwe, batabanye neza kuva mu 2016, bahuriye muri saloon iri mu Mujyi wa Lagos, Seyi Shay yamusuhuje, undi aramwadukira si ukumutuka, amubwira akari imurori. Hari amakuru ko Tiwa Savage yamenyesheje abategura ibirori ko atazigera ajya mu gitaramo cyatumiwemo Seyi Shay na Victoria Kimani. Abari aho bavuga ko ” Seyi Shay yasuhuje Tiwa Savage undi akamwadukira, barafatana.”



2 Responses
Video: Tiwa Savage yarwaniye n’umukobwa muri ‘ salon de coiffure’
urwo surwango da
Video: Tiwa Savage yarwaniye n’umukobwa muri ‘ salon de coiffure’
urwo surwango da