Amakuru ava ku munyamakuru w’Ijwi rya Amerika (VOA), Eric Bagiruwubusa ni uko uwitwa Twagiramungu Eric nyuma yo kutishimira icyemezo cy’Urukiko yahise aryama mu muhanda ngo imodoka zimugonge. Mu makuru make yasangije abantu kuri Twitter, avuga ko icyateye Twagiramungu kuryama mu muhanda ari uko ashinja ubutabera kubogama. Yagize ubumuga budakira yagiriye mu kazi ku burangare bwa RSSB.” NI nyuma yo kumenya imyanzuro y’urukiko kuwa 25 Kamena 2021. Ni ingingo yateye bamwe amarangamutima, abandi bagaragaza uguhangana ku buryo bumva imikorere y’ubutegetsi buriho. Dr Kayumba Christopher uyobora Ishyaka, Rwandese Platform for Democracy ati ” Iki ni ikimenytso cy’aho agahinda kageze abaturage kubera akarengane. Kandi mwibuke ko hari n’abaturage bamaze iminsi bivugwa ko biyahuye harimo na nyakwigendera Bukuru Ntwali. Guca akarengane ni kimwe mu byatuma iki kibazo gikemuka.”





10 Responses
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Abacamanza bashyira mu gaciro bo ntibahabwa agaciro. Ba bandi bakoresha itegeko nta kujenjeka ntibazamurwa mu ntera. Bituma abasigaye baba kali cyane
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Abacamanza bashyira mu gaciro bo ntibahabwa agaciro. Ba bandi bakoresha itegeko nta kujenjeka ntibazamurwa mu ntera. Bituma abasigaye baba kali cyane
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Biratangaje kubona hari umunyarwanda muri iki gihe utinyuka gufata icyemezo nk’iki kigayitse. Ubundi iyo utishimiye icyemezo cy’urukiko urakijuririra ukagaragaza ingingo zititaweho cg se ugasubirishamo urubanza ku mpamvu z’akarengane ukagaragaza ko hari ibimenyetso bya ngombwa cyangwa Amategeko yirengagijwe nabyo bigasuzumwa ukitabaza n’ubundi buryo bwose bwateganyijwe n”amategeko nko gusubirishamo urubanza ingingo nshya( case review) ariko kwigabiza umuhanda ngo imodoka zikugonge biraciriritse banyarwanda. Inkiko ntizirenganya kuko zizi ubwenge kdi mu mirimo yazo zirigenga zigakoresha ubushishozi.
Murakoze!
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Utanze igitekerezo uko ubyumva.
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Utanze igitekerezo uko ubyumva.
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Muvandimwe Pierre ,ntukavuge gutyo uti biragayitse uzi agahinda buriya afite bitumye aryama hariya ? Ntabwo yagiye munkiko atazi ko bajurira arabizi ahubwo akeneye ubufasha niba Hari uburyo wamufasha tabara
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Muvandimwe Pierre ,ntukavuge gutyo uti biragayitse uzi agahinda buriya afite bitumye aryama hariya ? Ntabwo yagiye munkiko atazi ko bajurira arabizi ahubwo akeneye ubufasha niba Hari uburyo wamufasha tabara
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Biratangaje kubona hari umunyarwanda muri iki gihe utinyuka gufata icyemezo nk’iki kigayitse. Ubundi iyo utishimiye icyemezo cy’urukiko urakijuririra ukagaragaza ingingo zititaweho cg se ugasubirishamo urubanza ku mpamvu z’akarengane ukagaragaza ko hari ibimenyetso bya ngombwa cyangwa Amategeko yirengagijwe nabyo bigasuzumwa ukitabaza n’ubundi buryo bwose bwateganyijwe n”amategeko nko gusubirishamo urubanza ingingo nshya( case review) ariko kwigabiza umuhanda ngo imodoka zikugonge biraciriritse banyarwanda. Inkiko ntizirenganya kuko zizi ubwenge kdi mu mirimo yazo zirigenga zigakoresha ubushishozi.
Murakoze!
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Nkurikije ibyo nibon
eye ndahamye neza ko mu nkiko ahenshi huzuyemo kubogama no guca urubanza bitewe n’abahanganye abaribo
Kigali: Umugabo yaryamye mu muhanda ngo imodoka zimugonge nyuma yo ‘kurenganywa n’inkiko’ (amafoto)
Nkurikije ibyo nibon
eye ndahamye neza ko mu nkiko ahenshi huzuyemo kubogama no guca urubanza bitewe n’abahanganye abaribo