Mukeshabatware Dismas wamamaye kuri RBA no mu makinamico yitabye Imana

Sangiza iyi nkuru

Amakuru agera kuri Bwiza.com aravuga ko Mukeshabatware Dismas wamenyekanye cyane kuri Radio y’Igihugu (RBA) no mu makinamico kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 30 Kamena 2021 yitabye Imana aguye mu Bitaro bya Faisal, aho yari yakiriwe kuri uyu wa Kabiri.

Amakuru yashyizwe ahagaragara n’abana be kuri rumwe mu rubuga rwa whatsApp rwa korali baririmbamo aravuga ko nyakwigendera yazize indwara y’umuvuduko w’amaraso (Hypertension).

Mukeshabatware yari yarashakanye na Mukakarangwa Marie Hélène nawe witabye Imana mu 2017 ku myaka 52, bakaba bari afitanye abana barindwi.

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Mukeshabatware Dismas wamamaye kuri RBA no mu makinamico yitabye Imana
    Uyu musaza arambabaje cyane gusa tuzibuka urugero adusigiye cyane cyane mu makinamico ndetse no mu kwamamaza.

  2. Mukeshabatware Dismas wamamaye kuri RBA no mu makinamico yitabye Imana
    Uyu musaza arambabaje cyane gusa tuzibuka urugero adusigiye cyane cyane mu makinamico ndetse no mu kwamamaza.

  3. Mukeshabatware Dismas wamamaye kuri RBA no mu makinamico yitabye Imana
    Nihanganishije umuryango wawe n’uw’abahanzi bose. Tuzahora tukwibuka duhorane ibyishimo uko twumvishe ijwi ryawe mu mikino y’ikinamico wumvikanyemo kenshi kuri Radio Rwanda. Wabaye intore, ikirangirire cy.umuhanzi w’intajorwa. Umurage wawe ntuzazima kuko igiti wateye ugihumeka kizakomeza gukura, kigabe amashami menshi, kibe inganzamarumbo,, ukomeze ubeho, n’ubwo utuvuyemo, ukaba wimukiye mu bundi buzima, Tuzahora tukuzirikana. Nyagasani akawakire mu bayo, uruhukire mu mahoro.

  4. Mukeshabatware Dismas wamamaye kuri RBA no mu makinamico yitabye Imana
    Nihanganishije umuryango wawe n’uw’abahanzi bose. Tuzahora tukwibuka duhorane ibyishimo uko twumvishe ijwi ryawe mu mikino y’ikinamico wumvikanyemo kenshi kuri Radio Rwanda. Wabaye intore, ikirangirire cy.umuhanzi w’intajorwa. Umurage wawe ntuzazima kuko igiti wateye ugihumeka kizakomeza gukura, kigabe amashami menshi, kibe inganzamarumbo,, ukomeze ubeho, n’ubwo utuvuyemo, ukaba wimukiye mu bundi buzima, Tuzahora tukuzirikana. Nyagasani akawakire mu bayo, uruhukire mu mahoro.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *