e7khug8weaahdqm.jpg

Guma mu Rugo yavanweho, hashyirwaho amasaha yo gutaha kare

Sangiza iyi nkuru

Inama y’abaminisititi yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga 2021, iyobowe na Perezida Kagame Paul, yanzuye ko Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali no mu turere 8 ivuyeho gusa Gera mu Rugo iba saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ikarangira saa kumi za mu gitondo.

Ibice byavuzwe haruguru byari muri Guma mu Rugo kuva kuwa 17 Nyakanga 2021 mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Covid19.

Hagati aho hari imirenge 50 yashyizwe muri Guma mu Rugo y’iminsi 14 mu minsi ishize, ntibarebwa n’uyu mwanzuro.

Ibikubiye muri aya mabwiriza bizatangira kubahirizwa guhera kuwa 1 Kanama 2021.

e7khug8weaahdqm.jpg

e7khbu8weaabiwx.jpg

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *