Umwanzuro wavuye Ntungamo ku nka ziva mu Rwanda bitemewe

Sangiza iyi nkuru

Abayobozi mu Karere ka Ntungamo, Rukiga, polisi n’igisirikare banzuye ko inka ziva mu Rwanda mu buryo butemewe, zizajya zigurishwa muri cyamunara.

Inama yo kuwa 30 Nyakanga 2021, yarimo uyobora Ntungamo, George Bakunda, uwa Rukiga, Pulkeria Mwiine Muhindo, umuyobozi wa Batayo ya 19 muri UPDF, Lt Col Robert Nahamya n’abandi, bemeje ko ari kwifashisha cyamunara.

Byemejwe ko amashilingi azajya ava muri cyamunara, azajya yifashishwa n’akarere mu kazi.

Bivugwa ko vuba aha inka zigera kuri 900 zafatiwe muri Uganda, zinjijwe mu buryo butemewe.

Byinshi wasoma: https://bwiza.com/?Muzigurishe-cyamunara-cyangwa-muzibage-Min-Rwamirama-ku-nka-ziva-mu-Rwanda

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *