Umusore yishyurwa Frw asaga miliyoni eshanu ku munsi ku bwo kwirirwa afashe umutaka utwikiriye umuhanzi

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi wo mu itsinda rya Migos muri Amerika, Quavo, yatangaje ko umusore utwara umutaka umutwikira, Joshua Washington, ahabwa $5,000 (503934,50) ku munsi umwe.

Ibi yabitangarije kuri Instagram, ati ” Ibihumbi bitanu ku mukozi wanjye. Yabaye miliyoneri.”

Joshua Washington afasha umutaka Quavo ariko anafite akazi ko kwita ku bibera muri Quavo Huncho Records.

Biramutse ari impamo, Joshua Washington yaba yinjiza $182,000 ku mwaka nta misoro ibariwemo.

Hari amakuru yizewe ko Quavo ashobora kuba yinjiza hagati ya $ miliyoni 20 na 80 ku mwaka.


Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *