Imirwano hagati ya Twirwaneho na FARDC yatumye abasaga 10,000 bava mu byabo

Sangiza iyi nkuru

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo imirwano imaze iminsi mu burasirazuba bw’igihugu mu Ntara ya Kivu y’Epfo hagati y’ingabo za Leta n’iz’umutwe w’Abanyamulenge uzwi nka Twirwaneho yatumye abaturage bata ibyabo barahunga.

Iyo mirwano ibera muri groupement ya Bijombo imaze gukura mu byababo abagera ku 10000 nkuko byemezwa n’abakozi b’imiryango itegamiye kuri leta.

Benshi muri abo baturage bugarijwe n’ikibazo cy’inzara ndetse no kutagira amazu yo kubamo nk’uko inkuru ya VOA yakozwe n’umunyamakuru wayo wageze aho abakuwe mu byabo baherereye.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Imirwano hagati ya Twirwaneho na FARDC yatumye abasaga 10,000 bava mu byabo
    Amateka azandikwe uko ari. Kuva abanyamulenge bafata intwaro bakajya gufata ubutegetsi i Kinshasa, ntibazigera bizerwa nk’abandi banyekongo. Twirwaneho itera abasilikari b’igihugu kandi ikarwanira ubwoko aho kurwanira igihugu. Bivuzeko ntawashyigikira akunda igihugu! Gusa, ababiri inyuma bahemukira abaturage babeshyako barwanira. Ntacyo umuturage azungukamo. Urugero ni nka Ruberwa wibereye muri Afurika Yepfo aho Kinshasa imaze gutahurira amayeri ye, cyanga se Nyarugabo wibereye i Kigali hamwe n’umulyango we!

  2. Imirwano hagati ya Twirwaneho na FARDC yatumye abasaga 10,000 bava mu byabo
    Amateka azandikwe uko ari. Kuva abanyamulenge bafata intwaro bakajya gufata ubutegetsi i Kinshasa, ntibazigera bizerwa nk’abandi banyekongo. Twirwaneho itera abasilikari b’igihugu kandi ikarwanira ubwoko aho kurwanira igihugu. Bivuzeko ntawashyigikira akunda igihugu! Gusa, ababiri inyuma bahemukira abaturage babeshyako barwanira. Ntacyo umuturage azungukamo. Urugero ni nka Ruberwa wibereye muri Afurika Yepfo aho Kinshasa imaze gutahurira amayeri ye, cyanga se Nyarugabo wibereye i Kigali hamwe n’umulyango we!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *