fac6r_7uyba9yio.jpg

Amafoto: Perezida Kagame yageze muri Cabo Delgado mu mwambaro wa gisirikare

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Mozambique, yageze mu Ntara ya Cabo Delgado, imaze iminsi iberamo ibikorwa by’ingabo z’u RWanda byo guhashya ibyihebe byari bimaze imyaka isaga itatu biyigaruriye

Aherekejwe na mugenzi we wa Mozambique, Felipe Nyusi, kuri uyu wa Gatanu, itariki 24 Nzeri, umukuru w’igihugu akaba yaganiriye n’abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bari mu bikorwa byo kugarura amahoro muri iyi Ntara.

fac6r_7uyba9yio.jpg

fac6r_gxiaeno7-.jpg

fac2inbviawjbpx.jpg

fac2jz8viakiivn.jpg

facyyvaviawb-cl.jpg

fac3ck7uuaq5wmh.jpg
Ingabo z’u Rwanda zakiriye umukuru w’igihugu

fac3hv-uuaeg5lv.jpg
Ingabo za Mozambique na zo zirahari

facyin6weaa_zsx.jpg

facygmxvgaosbxg.jpg
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *