img_20211015_143707.jpg

RDF yatangiye kwandika abifuza kwinjira mu ngabo zayo

Sangiza iyi nkuru

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyahaye rugari Abanyarwanda bifuza kwinjira mu ngabo zacyo ku rwego rw’abasirikare bato.

Kwiyandikisha byatangiye kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira kugeza ku wa 21 Ukwakira, bikaba biri gukorerwa ku rwego rw’imirenge.

Ibisabwa ku bifuza kwinjira muri RDF

img_20211015_143707.jpg

img_20211015_143711.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *