Kaminuza ya Atlantic International, AIU, yemeza ko Igabe Egide uherutse gutabwa muri yombi n’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gukoresha impamyabumenyi mpimbano ya PhD, yizeyo kandi ari yo yamuhaye iyi mpamyabumenyi.
Tariki ya 7 Mutarama 2022 ni bwo RIB yatangarije kuri Twitter ko ifungiye Igabe muri sitasiyo yayo ya Kicukiro, nyuma y’aho agerageje gusaba akazi muri kaminuza zitandukanye mu Rwanda, akoresheje iyi mpamyabumenyi avuga ko yakuye muri iyi kaminuza yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Iyi Kaminuza nayo yifashishije uru rubuga, yahise isubiza RIB ko “Dr Egide Igabe” yakuyeyo iyi mpamyabumenyi, mu kwemeza ko atari impimbano nk’uko RIB ibikeka. Iti: “Atlantic International University iremeza ko Dr Igabe Egide yarangije amasomo muri porogaramu yacu ya PhD. Aya makuru yagenzuwe mu nyandiko za burundu ziri mu biro by’Umwanditsi wa AIU.”
RIB yavugaga ko irimo gukora dosiye ya Igabe kugira ngo iyishyikirize Ubushinjacyaha, nta kiramenyekana irasubiza iyi kaminuza.



36 Responses
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ikibabake ni ukuba baramutaranze ngo ntiyize,agafungwa…!Ese buriya iyo akurukiranwa adafunze byari konona iki?
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Naba umwere ahabwe indishyi yakababaro
Thanks
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Naba umwere ahabwe indishyi yakababaro
Thanks
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ikibabake ni ukuba baramutaranze ngo ntiyize,agafungwa…!Ese buriya iyo akurukiranwa adafunze byari konona iki?
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Nibyiza ko RIB igabanya nuhuguka.RIB brutality.Bagombye kubanza gukora iperereza mbere yo gufunga naho ubundi ibyo violence rwose.None se Ubu Niyihe mpozamarira bari nuwuhe?
Niki bari gukora mu kumusubiza agaciro ke na k’amasomo ye yize arara amajoro abandi harya neza?
Reka tubitege amaso.
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Nibyiza ko RIB igabanya nuhuguka.RIB brutality.Bagombye kubanza gukora iperereza mbere yo gufunga naho ubundi ibyo violence rwose.None se Ubu Niyihe mpozamarira bari nuwuhe?
Niki bari gukora mu kumusubiza agaciro ke na k’amasomo ye yize arara amajoro abandi harya neza?
Reka tubitege amaso.
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
uyumugabo ikigaragara ararengana, bamureze ibihimbano none hagaragayeko atariwe wayikoze ahubwo yayihawe, nubundi yagize amanota yambere mugihugu arangiza secondaire twariganye yabaye uwambere murwanda. Sha nyibibona naramwibutse mbonako arengana
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Disi yararwnganyijwe, uyu mugabo n’umuhanga, yaranyigishije, numuhanga cyane, aranitonda!
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Disi yararwnganyijwe, uyu mugabo n’umuhanga, yaranyigishije, numuhanga cyane, aranitonda!
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ishyari se rizaze ryari! Ubwo azize ubuhanga bwe nyine twese bitubaho! Isi iragoye! Cyakoze barebe ababiri inyuma hose Kandi babahane bazanabanike muri media nk’uko na we bamwanitse bamubeshyera. Isi we!
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ishyari se rizaze ryari! Ubwo azize ubuhanga bwe nyine twese bitubaho! Isi iragoye! Cyakoze barebe ababiri inyuma hose Kandi babahane bazanabanike muri media nk’uko na we bamwanitse bamubeshyera. Isi we!
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ishyari se rizaze ryari! Ubwo azize ubuhanga bwe nyine twese bitubaho! Isi iragoye! Cyakoze barebe ababiri inyuma hose Kandi babahane bazanabanike muri media nk’uko na we bamwanitse bamubeshyera. Isi we!
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ishyari se rizaze ryari! Ubwo azize ubuhanga bwe nyine twese bitubaho! Isi iragoye! Cyakoze barebe ababiri inyuma hose Kandi babahane bazanabanike muri media nk’uko na we bamwanitse bamubeshyera. Isi we!
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
uyumugabo ikigaragara ararengana, bamureze ibihimbano none hagaragayeko atariwe wayikoze ahubwo yayihawe, nubundi yagize amanota yambere mugihugu arangiza secondaire twariganye yabaye uwambere murwanda. Sha nyibibona naramwibutse mbonako arengana
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Mbega urwanda!!
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Mbega urwanda!!
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
RiB nayo igomba kongera ubushishozi knd ikajya ireka kwihutira gufunga abantu
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
RiB nayo igomba kongera ubushishozi knd ikajya ireka kwihutira gufunga abantu
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ngewe egode yarangigishije muri kaminuza tubwira ko Arimo no kwigira PhD rwose ni bashakire ahandi ntago abanyabyaha babuze mugihugu kuko ejide nyiyakora amanyanga aranasenga cyane pe
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ngewe egode yarangigishije muri kaminuza tubwira ko Arimo no kwigira PhD rwose ni bashakire ahandi ntago abanyabyaha babuze mugihugu kuko ejide nyiyakora amanyanga aranasenga cyane pe
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ese kombona harabafungishwa ijisho Kd barakoze Amahano kukiwe batari babikoze batyo gusa hari abamugiriye ishyari arinabo bamufungishije kuko RIB ntiyari kwiha ayo makuru rero ndumva hano iwacu twareka gushyanuka dutanga amakuru atariyo ikindi nuko nkekako muri ziriya kamenuza yasabyemo akazi arinazo zamutanzeho ayo makuru ya feke kubera ubwoba bwiriya mpamyabumenyi yaberekaga asaba akazi Ndasaba ko RIB ishyira ibintu ahagaragara kubamutanze hanyuma agahabwa n,akazi muriyo kamenuza
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Ese kombona harabafungishwa ijisho Kd barakoze Amahano kukiwe batari babikoze batyo gusa hari abamugiriye ishyari arinabo bamufungishije kuko RIB ntiyari kwiha ayo makuru rero ndumva hano iwacu twareka gushyanuka dutanga amakuru atariyo ikindi nuko nkekako muri ziriya kamenuza yasabyemo akazi arinazo zamutanzeho ayo makuru ya feke kubera ubwoba bwiriya mpamyabumenyi yaberekaga asaba akazi Ndasaba ko RIB ishyira ibintu ahagaragara kubamutanze hanyuma agahabwa n,akazi muriyo kamenuza
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Naba umwere ahabwe indishyi yakababaro thanks
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Naba umwere ahabwe indishyi yakababaro thanks
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Yari akwiye kugana inkiko akaregera indishyi n’impozamarira no kugarurirwa icyubahiro ce cyahindanyijwe mu binyamakuru
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Yari akwiye kugana inkiko akaregera indishyi n’impozamarira no kugarurirwa icyubahiro ce cyahindanyijwe mu binyamakuru
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Inaze aregeye indishyi buriya nurupfu rumuri hejuru Sha ibyiwacu turabizi
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Inaze aregeye indishyi buriya nurupfu rumuri hejuru Sha ibyiwacu turabizi
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Nariyandikishije muri rya kaminuza ariko nyuma ngira amakenga kwari amanyanga none ndemeye kobigisha,icivugo cabo ni You are not a member , you are unique Egide nawe niyihangane isi iragoye ariko nyuma y’ivyo nayandimateka yanditse bitumye amenyekana nabo bamutanze bazomwubaha.
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Nariyandikishije muri rya kaminuza ariko nyuma ngira amakenga kwari amanyanga none ndemeye kobigisha,icivugo cabo ni You are not a member , you are unique Egide nawe niyihangane isi iragoye ariko nyuma y’ivyo nayandimateka yanditse bitumye amenyekana nabo bamutanze bazomwubaha.
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
yazizeko arisebahinzi
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
yazizeko arisebahinzi
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
yazizeko arisebahinzi
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
yazizeko arisebahinzi
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Mu Rwanda umuntu arakwanga akagufungisha imyaka myinshi iyo afite cash cyangwa mwene wabo ukora mu nzego zibera Dore ko nta butabera nduzi RIB. Ni abaryi gusa bakiyongeraho abacamanza na ba Procureurs bo ni akumiro!!!!
Kaminuza ya AIU yemeje ko Igabe Egide ufunzwe yizeyo PhD
Mu Rwanda umuntu arakwanga akagufungisha imyaka myinshi iyo afite cash cyangwa mwene wabo ukora mu nzego zibera Dore ko nta butabera nduzi RIB. Ni abaryi gusa bakiyongeraho abacamanza na ba Procureurs bo ni akumiro!!!!