Perezida wa Zimbabwe yagiye mu kiruhuko

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Repubulika ya Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa kuri uyu wa 13 Mutarama 2022 yagiye mu kiruhuko cy’ibyumweru bitatu.

Itangazo ryaturutse mu biro by’Umukuru w’Igihugu bisobanura ko Perezida Mnangagwa asimburwa na Visi Perezida wa mbere, Gen (Rtd) Constantino Chiwenga.

Perezida Mnangagwa azasubira mu kazi tariki ya 5 Gashyantare 2022.

Uyu Mukuru w’Igihugu yaherukaga mu kiruhuko muri Mutarama 2020.

Inkuru y’igihe aherukira mu kiruhuko https://bwiza.com/?Perezida-wa-Zimbabwe-yagiye-mu-kiruhuko-asiga-abantu-babiri-bo-kumusimbura

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *