Dore uko munsi mpuzamahanga w’abafite ibibazo byo mu mutwe wizihijwe hirya no hino ku isi (mu mafoto)

Sangiza iyi nkuru

Kuri iki cyumweru tariki ya 8 Mutarama 2017, abaturage bo mu bihugu bikomeye ku isi byiganjemo ibyo ku mugabane w’Amerika n’u Burayi, bazindukiye mu muhanda mu munsi mukuru bo bita uw’abarwayi bo mu mutwe.
b
Uyu munsi wizihizwa hakorwa ibikorwa bidasanzwe ndetse bamwe mu baturage bakaba bajya mu mihanda basa n’abari kwigaragambya.
c
Muri uyu mwaka wa 2017, abaturage bo mu gihugu cy’u Bwongereza ndetse no muri Amerika bagaragaye mu mihanda bambaye utwenda tw’imbere gusa.
a
Aba baturage bari bambaye imyenda ijyanye n’igihe bagezemo cy’ubukonje, ariko hasi Bambara uko bashaka aho byabaye ngombwa ko bakuramo imyenda miremire ubundi bakajya gukora siporo ngororamubiri.
d
Iki gikorwa cyatangirijwe muri Amerika ubwo boherezaga ubutumwa no ku yindi migabane kugira ngo bahuriremo.
f
Gusa ngo ibi byaje no kugira ingaruka ku bagenzi batari bitabiriye iki gikorwa kuko babyiganiraga mu duce tumwe na tumwe nk’aho bategera imodoka n’ahandi.
g
Mu mwaka wa 2002, nibow mu mujyi wa New York babyitabiriye bonyine, kugeza ubu hakaba habarurwa imijyi isaga 20 hirya no hino ku isi ibyitabira irimo Prague, Berlin n’indi.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
e
Nubwo nta yindi nyungu baba bateze muri iki gikorwa cyabo, aba bantu babikora ngo baba bagomba kubikora nk’aho nta we uzi undi kugirango hatagira useka undi.
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *