U Buyapani: Amafoto y'inyamaswa zivogera umujyi wa Nara yateje urujijo

Sangiza iyi nkuru

Umufotozi Yoko Ishii wo mu gihugu cy’u Buyapani aherutse gushyira ahagaragara amafoto y’inyamaswa zo mu bwoko bw’Isha zivogera umujyi wa Nara, aho muri uwo mujyi nta muntu n’umwe wawurangwagamo uretse izo nyamaswa gusa zo mu bwoko bw’Isha.
a
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
b
Muri aya mafoto yateje urujijo ku bantu batandukanye bayabonye bibaza aho abantu bari bagiye ubwo izi nyamaswa zavogeraga uyu mujyi, izi nyamaswa zigaragara mu maguriro y’ibintu bitandukanye, zisa naho zibereye aho zisanzwe ziba nta cyo zikanga.
c d
Izi nyamaswa zageze ahantu hatandukanye no mu mihanda ibinyabiziga ntibyari bigitambuka.
e f g h
Mu nyubako zitandukanye hoze zaruriraga zikajyayo
Dear stood at the entrance of building like waiting for an appointment.
l
Iyi parike yaturutsemo izi nyamaswa yabarirwagamo inyamaswa zo muri ubu bwoko zisaga 1200 zose zikaba zari zatorotse ishyamba zikirara mu mujyi wa Nara.
m n
Amafoto y’uyu mugabo ngo yashakaga gusa kugaragaza isi iramutse ibaye ituwe n’inyamaswa gusa mu gihe abantu bafite nk’aho bazimiriye.
o
Igitangaje ni uko inzego z’umutekano zasabye abaturage bo muri uyu mujyi gufunga ibikorwa byabo kugira ngo hatagira ubangamira izi nyamaswa.
p q
Yagiye yerekana ahantu hatandukanye hatangirwa serivsi runaka, inyamaswa zahigabije
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
s
Uyu mujyi wa Nara wigeze no kuba umurwa mukuru w’iki gihugu nyuma y’uko witwa agace cyangwa agahigu k’Isha gusa.
u

In Nara city, deer go to work for doing lawn.
Uyu mufotozi washyize ahagaragara aya mafoto, yashatse kugaragaza inyamaswa zibaye arizo ziyoboye isi mu gihe nta kiremwamuntu kigaragara.

w
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
x
Deer neglected the no-entry sign and entered in the area under construction.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *