MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga

Sangiza iyi nkuru

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), yatangaje ko nta kigo cya leta kizongera gukoresha ibizamini by’akazi byo kwandika hadakoreshejwe ikoranabuhanga, mu rwego rwo kwirinda impugenge z’uburiganya zagendaga zigaragazwa n’abapiganira iyi myanya.

Umunyamabanga uhoraho w’agateganyo muri iyi minisiteri, Abimana Fidel, avuga ko gukoresha ikoranabuhanga mu gushaka abakozi ba leta no kubashyira mu myanya byatumye habaho umucyo ndetse bigabanya igihe byamaraga n’inzira ndende byanyuragamo kuko umukandida akorera kuri mudasobwa.

BWIZA yavuganye n’umwe mu basore badafite akazi nyuma yo gusoza amasomo ye muri Kaminuza y’u Rwanda ati ” Ibi bizafasha cyane kabisa. Ntacyo bitwaye.”

Komisiyo y’abakozi ba Leta n’umurimo ntiyahwemye kugaragaza ko hari inenge mu gutanga imyanya y’akazi, aho bamwe bahabwa imyanya batatsindiye, ruswa, akazu n’ibindi bityo bamwe bagahabwa imyanya y’akazi batabasha gukora inshingano zabo n’ibindi bibazo BWIZA itarondoye bijyanye no kwikubira umugati.

Soma Izindi Nkuru

16 Responses

  1. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Ibi bizorohereza kdi abashomeri ku kibazo cya tickets

  2. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Ibi bizorohereza kdi abashomeri ku kibazo cya tickets

  3. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Ibi rwose nibyo pe bizakemura ikibazo cy’akarengane kakorerwaga abasaba akazi .Ariko minisiteri nishishoze kuko na n’ubu haracyari ikibazo cy’uko n’ubu uwo urwego rudashaka ntako yabona kuko umunsi w’ikizamini hari abo urwego rushaka abakozi rumenyesha itariki n’aho ikizame kiri bubere n’abo rutamenyesha.
    Urugero nasabye akazi muri Kamonyi mba shortlisted ariko ntangazwa no kwinjira muri account yange nsanga handitsemo ko ikazame cyakozwe kandi singe gusa kuko ntiwambwira ukuntu mu bakandida barenga 300 hakora ikizamini abatarenze50 mukuri uwo badashaka ko akabona ntibamumenyesha igihe cy’ikizamini.

  4. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Ibi rwose nibyo pe bizakemura ikibazo cy’akarengane kakorerwaga abasaba akazi .Ariko minisiteri nishishoze kuko na n’ubu haracyari ikibazo cy’uko n’ubu uwo urwego rudashaka ntako yabona kuko umunsi w’ikizamini hari abo urwego rushaka abakozi rumenyesha itariki n’aho ikizame kiri bubere n’abo rutamenyesha.
    Urugero nasabye akazi muri Kamonyi mba shortlisted ariko ntangazwa no kwinjira muri account yange nsanga handitsemo ko ikazame cyakozwe kandi singe gusa kuko ntiwambwira ukuntu mu bakandida barenga 300 hakora ikizamini abatarenze50 mukuri uwo badashaka ko akabona ntibamumenyesha igihe cy’ikizamini.

  5. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    N’UBUNDI NIHAHANDI

  6. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    N’UBUNDI NIHAHANDI

  7. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Ibyo nibyobyiza pe murakoze

  8. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Ibyo nibyobyiza pe murakoze

  9. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Nibyizagukora ibizamini hifashijwe ikoranabuhanga ariko basigaye bakoreshwa amananiza mwikorwa ryibizami ahusanga ibizamini byimuriwemukandikarere ukibazimpamvu zikakuyobera Kandi umuntu asabagukorera murako karere bitewe nubushobozi bwamatike afite.nkinama nabagira mwazamushiraho imyanyayakazi mu ashizeho ahazakorera kuvirango ahasabe azinezaka ariyo azakorera cg murebere kuri REB yo yarabikemuye nikigo cyintangarugero gitanga service neza Kandi zinyuze mumucyo

  10. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Nibyizagukora ibizamini hifashijwe ikoranabuhanga ariko basigaye bakoreshwa amananiza mwikorwa ryibizami ahusanga ibizamini byimuriwemukandikarere ukibazimpamvu zikakuyobera Kandi umuntu asabagukorera murako karere bitewe nubushobozi bwamatike afite.nkinama nabagira mwazamushiraho imyanyayakazi mu ashizeho ahazakorera kuvirango ahasabe azinezaka ariyo azakorera cg murebere kuri REB yo yarabikemuye nikigo cyintangarugero gitanga service neza Kandi zinyuze mumucyo

  11. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Nibyizagukora ibizamini hifashijwe ikoranabuhanga ariko basigaye bakoreshwa amananiza mwikorwa ryibizami ahusanga ibizamini byimuriwemukandikarere ukibazimpamvu zikakuyobera Kandi umuntu asabagukorera murako karere bitewe nubushobozi bwamatike afite.nkinama nabagira mwazamushiraho imyanyayakazi mu ashizeho ahazakorera kuvirango ahasabe azinezaka ariyo azakorera cg murebere kuri REB yo yarabikemuye nikigo cyintangarugero gitanga service neza Kandi zinyuze mumucyo

  12. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Nibyizagukora ibizamini hifashijwe ikoranabuhanga ariko basigaye bakoreshwa amananiza mwikorwa ryibizami ahusanga ibizamini byimuriwemukandikarere ukibazimpamvu zikakuyobera Kandi umuntu asabagukorera murako karere bitewe nubushobozi bwamatike afite.nkinama nabagira mwazamushiraho imyanyayakazi mu ashizeho ahazakorera kuvirango ahasabe azinezaka ariyo azakorera cg murebere kuri REB yo yarabikemuye nikigo cyintangarugero gitanga service neza Kandi zinyuze mumucyo

  13. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Njyewe mfite ikibzo

  14. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Njyewe mfite ikibzo

  15. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Ni byiza gukoresha ikorana buhanga kabisa.

  16. MIFOTRA ivuga ko nta kigo cya Leta kizongera gukoresha ibizamini bya Leta hadakoreshejwe ikoranabuhanga
    Ni byiza gukoresha ikorana buhanga kabisa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *