Amafoto: Polisi yasubije ba nyirabyo ibikoresho bitandukanye yafashe byibwe

Sangiza iyi nkuru

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu yakoze igikorwa cyo gusubiza ba nyirabyo ibikoresho bya elegitoloniki bari baribwe yagiye ifata mu mikwabu itandukanye. Iki gikorwa kikaba cyabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru.

c2mxnw9w8aamt2g

Mu minsi ishize nibwo Polisi y’u Rwanda yahamagariye abantu bibwe ibikoresho bitandukanye bya elegitoloniki kujya kureba ko hari ibyabo byaba biri mu byo yafashe.

c2mxy96wiaazij3

c2mxsdyw8aab49x

Polisi y’u Rwanda kandi ivuga ko muri iyo mikwabu yakoze yagiye ita muri yombi benshi mu bagize udutsiko tw’amabandi yibaga ibikoresho nk’ibi nyuma yo kumena amazu.

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

c2mb5aexaaawole

c2mb1t-xeaijzow

Umuvugizi w’igipolisi mu Mujyi wa Kigali Spt. Emmanuel Hitayezu akaba akomeza gusaba abaturage kujya batangira amakuru ku gihe mu gihe bibwe mu rwego rwo korohereza polisi iperereza.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
 
Dennis Ns./Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *