Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda ageze aho kuremerwa indirimbo

Sangiza iyi nkuru

Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda, Fille Mutoni, ageze aho aremerwa indirimbo n’abandi bahanzi mu rwego rwo kuzahura umuziki we.

Kuri ubu, Mutoni yamaze guhabwa indirimbo ebyiri n’umuhanzi King Saha, umwe mu bagabo bazwiho kugira ijwi riyinga irya Mowzey Radio.

Iby’aya makuru byashyizwe hanze n’uwo babyaranye, akaba yarahoze ari na Manaja we, Edwin Katamba uzwi nka MC Kats.

Nyuma y’aho aba bombi ubusanzwe batakibana, bahuriye mu birori byo kwizihiza isabukuru y’umukobwa wabo, Abby Katamba, wari wujuje imyaka irindwi, bongeye kwihuza, Katas areba uko yafasha umugore we.

Fille Mutoni yari amazi igihe atagaragara mu ruhando rwa muzika kuva yatandukana na Kats. Yaranzwe no kuba muri rwaserera n’izindi nkuru z’ibihuha zitandukanye zagiye zimvugwaho. Muri iyi minsi, byitezwe ko azashyira hanze EP.

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda ageze aho kuremerwa indirimbo
    namuzamure kabisa kuko aho yaciye ntarwango ruhaca

    1. Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda ageze aho kuremerwa indirimbo
      NONE.UWOMUHANZI AREMEREWENINDIRIMBOGUTESE?

    2. Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda ageze aho kuremerwa indirimbo
      NONE.UWOMUHANZI AREMEREWENINDIRIMBOGUTESE?

  2. Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda ageze aho kuremerwa indirimbo
    namuzamure kabisa kuko aho yaciye ntarwango ruhaca

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *