Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) wungirije, Wendy Sherman, yamenyesheje Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta ko igihugu cye cyitaye cyane ku rubanza rw’umufungwa Paul Rusesabagina.
Minisitiri Biruta yabimenyeshejwe kuri uyu wa 29 Werurwe 2022, ubwo yagiriraga uruzinduko muri USA, rwari rugamije gukomeza ubufatanye ibihugu byombi bisanganwe.
Muri uru ruzinduko nk’uko ibiro bya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga byabitangaje, yahuye n’Umunyamabanga wa USA wungurije ushinzwe Afurika, Molly Phee na Sherman.
Umuvugizi w’ibiro by’Umunyamabanga wa USA, Ned Price, yatangaje ko mu kiganiro Sherman yagiranye na Minisitiri Biruta, yashimiye u Rwanda uburyo rwashyigikiye umwanzuro w’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye wo kwamagana ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine.
Ned Price yavuze kandi ko Sherman yanakomoje kuri Rusesabagina. Ati: “Yanagaragaje ko arajwe ishinga bikomeye n’ihamwa ry’ibyaha rya Paul Rusesabagina wemerewe gutura mu bwa burundu muri USA.”
Tariki ya 4 Mata 2022, ni bwo Urukiko rw’Ubujurire ruzasoma umwanzuro w’urubanza rwa Rusesabagina n’abandi 20 bareganwa bari barahamijwe n’Urukiko Rukuru ibyaha by’iterabwoba muri Nzeri 2021.



12 Responses
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta yo yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Mwanjiji MWe z’abanukamishuo MWe mukeka ko muzamara abahutu muri beshya BO barororoka MWe muswera ba nyoko ,bashoki byanyu,ba nyogosenge ntimushobora kubyarana kubera muri amaraso amwe mu byara ibicucu,abasazi,zbadashyitse
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta yo yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Uyu se kandi ateye aturuka hehe?ko mbona akangisha majorité,Muri 94 barutaye batarureba cg kiriya gihe ntibabyaraga ari nkanjye naruca nkarumira.yewe birababaje kubona hakiriho abatekereza iby’amoko.
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta yo yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Uyu se kandi ateye aturuka hehe?ko mbona akangisha majorité,Muri 94 barutaye batarureba cg kiriya gihe ntibabyaraga ari nkanjye naruca nkarumira.yewe birababaje kubona hakiriho abatekereza iby’amoko.
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta yo yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Uyu se kandi ateye aturuka hehe?ko mbona akangisha majorité,Muri 94 barutaye batarureba cg kiriya gihe ntibabyaraga ari nkanjye naruca nkarumira.yewe birababaje kubona hakiriho abatekereza iby’amoko.
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta yo yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Uyu se kandi ateye aturuka hehe?ko mbona akangisha majorité,Muri 94 barutaye batarureba cg kiriya gihe ntibabyaraga ari nkanjye naruca nkarumira.yewe birababaje kubona hakiriho abatekereza iby’amoko.
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta yo yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Wowe ufite amagambo nk’aya urababaje urutwa n’inda yavuyemo, uburyo utazi no kwandika bigaragara ko ubujiji ufite butagira umupaka! Abo bahutu uvuga bashaka kumara ninde ushaka kubamara? Uri ikigoryi cya mbere mbonye kibaho
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta yo yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Wowe ufite amagambo nk’aya urababaje urutwa n’inda yavuyemo, uburyo utazi no kwandika bigaragara ko ubujiji ufite butagira umupaka! Abo bahutu uvuga bashaka kumara ninde ushaka kubamara? Uri ikigoryi cya mbere mbonye kibaho
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta yo yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Mwanjiji MWe z’abanukamishuo MWe mukeka ko muzamara abahutu muri beshya BO barororoka MWe muswera ba nyoko ,bashoki byanyu,ba nyogosenge ntimushobora kubyarana kubera muri amaraso amwe mu byara ibicucu,abasazi,zbadashyitse
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta ko yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Rugwe Paul uranyumije. Ubu se iyi comment yawe ihuriye he n’inkuru wasomye hano? Urarwaye uri indembe gana umuganga muvandi. Ni nde ukeneye kwica abo bahutu bawe?
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta ko yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
Rugwe Paul uranyumije. Ubu se iyi comment yawe ihuriye he n’inkuru wasomye hano? Urarwaye uri indembe gana umuganga muvandi. Ni nde ukeneye kwica abo bahutu bawe?
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta ko yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
ndifuza ko uyumuntu amategeko yamukurikirana kuko abantu nkaba nibo bangiza urubyiruko ndetse bagasubiza igihugu cyacu Rwanda inyuma.
USA yamenyesheje Minisitiri Biruta ko yitaye cyane ku rubanza rwa Rusesabagina
ndifuza ko uyumuntu amategeko yamukurikirana kuko abantu nkaba nibo bangiza urubyiruko ndetse bagasubiza igihugu cyacu Rwanda inyuma.