Imiterere y’umubiri wa Amber Rose- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Amber Rose, umugore w’imyaka 33 y’amavuko uri mu biruhuko ahitwa Honolulu Mu birwa bya Hawaii, amafoto ye akomeje kwifotoreza muri ubu buzima akomeje gushyirwa hanze ku bwinshi ari nako benshi bayahanahana ku mbuga nkoranyambaga banayavugaho ibitandukanye.
a1
Ku gitekerezo umwe mu bishimiye aya mafoto yatanze kuri Dailymail, ikinyamakuru cyashyize hanze aya mafoto, yagize ati: “Uyu ninde? sinibaza urukundO DM yaba ifitanye n’uyu mugore, nejejwe nuko nawe ubwe yishimiye umubiri we, ariko kuki ari iby’agaciro, nkuko bisanzwe ari umuco uzwi kuri Kardashian”.
a2
Muri aya mafoto, Amber Rose agaragara ari kumwe na nyina umubyara bose bambaye bikini (umwambaro wo kogana), bayifotoje kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Gashyantare 2017, muri imwe muri Hotel zibarizwa muri aka gace barimo kuruhukiramo.
a3
Bitangazwa ko uyu mugore Amber Rose yaba yaratandukanye n’umugabo we, Wiz Khalifa, umuraperi ukomeye muri Amerika.
a4
Amber Rose si ubwa mbere agaragaye mu mafoto yambaye uko yavutse ndetse amafoto ye agakundwa akanahanahanwa ku mbuga nkoranyambaga.
a5
Uyu mugore w’umwana umwe, yagacishijeho mu rukundo n’icyamamare Kanye West, ubu washakanye na Kim Kardashian, nawe uzwiho gushyira amafoto hanze agaragaza ubwambure.
ANDI MAFOTO:
a6 a7 a8 a9 a10
KANDA HANO UBONE ANDI MAFOTO:
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *