Igisirikare cyo muri Afrika y’Iburasirazuba kitatangajwe cyaguze igice kinini cy’imbunda za Grot zikoresha amasasu ya 7,62 × 39 mm nk’uko Ikigo gicuruza intwaro muri Pologne (Polska Grupa Zbrojeniowa: PGZ) cyabitangaje mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryo ku ya 19 Gicurasi.
Imbunda zo mu bwoko bwa Grot zakozwe n’uruganda rw PGZ rwitwa Fabryka Broni (FB) ‘?ucznik’ Radom, kandi zizatangwa ziriho n’igice kirasa grenade kiri munsi y’umunwa w’imbunda hariho n’indebakure ituma ufute iyi mbunda areba ninjoro byakozwe n’urundi ruganda rwa PGZ rwitwa Przemys?owe Centrum Optyki (PCO).

Nk’uko tubikesha Africanmilitaryblog, ubu bwoko bw’imbunda zagenewe ubutumwa budasanzwe bwemera kuba wayihindura byihuse uko ubyifuza ukurikije ugiye kuyikoresha.
Ukaba ushobora guhindura umunwa wayo cyangwa ukazinga ikibuno cyayo bitewe n’uko ushaka kuyitwara.

FB “?ucznik” Radom yari yarigeze kohereza imbunda zayo mu gisirikare gitandukanye muri Afurika. Muri 2014, Igisirikare cya Nigeria cyatumije imbunda 1.000 za Beryl mu masezerano ya miliyoni imwe y’amadolari.

Nk’uko byatangajwe na Tomasz Nita, umuyobozi mukuru wa Fabryka Broni Lucznik, ngo abasirikare ba Nigeria bakoreye imyitozo yo kuzikoresha i Radom, muri Pologne.



10 Responses
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
IMBUNDA ni igikoresho cyamaze abantu kibica.Intambara zitwara budget ingana na 2 trillions usd buri mwaka.Ayo mafaranga bayakoresheje ibindi,nta mukene waba ku isi.Intambara zimaze gutwara abantu bagera kuli 1 billion kuva muntu yabaho.Nyamara imana yaturemye itubuza kwicana no kurwana.Byerekana ko abantu bananiye imana.Niyo mpamvu nayo yashyizeho umunsi w’imperuka,ubwo izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza.
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
Danieli 2:44 irabivuga neza.Imana izarimbura abantu bose bicana.
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
Danieli 2:44 irabivuga neza.Imana izarimbura abantu bose bicana.
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
Danieli 2:44 irabivuga neza.Imana izarimbura abantu bose bicana.
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
Danieli 2:44 irabivuga neza.Imana izarimbura abantu bose bicana.
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
Danieli 2:44 irabivuga neza.Imana izarimbura abantu bose bicana.
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
Danieli 2:44 irabivuga neza.Imana izarimbura abantu bose bicana.
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
Danieli 2:44 irabivuga neza.Imana izarimbura abantu bose bicana.
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
Danieli 2:44 irabivuga neza.Imana izarimbura abantu bose bicana.
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?
IMBUNDA ni igikoresho cyamaze abantu kibica.Intambara zitwara budget ingana na 2 trillions usd buri mwaka.Ayo mafaranga bayakoresheje ibindi,nta mukene waba ku isi.Intambara zimaze gutwara abantu bagera kuli 1 billion kuva muntu yabaho.Nyamara imana yaturemye itubuza kwicana no kurwana.Byerekana ko abantu bananiye imana.Niyo mpamvu nayo yashyizeho umunsi w’imperuka,ubwo izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza.