Mfite amabere mato kandi nifuza ko yakura, bambwira ko umuti ari ugukora imibonano mpuzabitsina- Ugisha inama

Sangiza iyi nkuru

Ndi umukobwa w’imyaka 22, nigaga muri segonderi ngarukiramo hagati, ese iyo umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina bituma agira amataye koko n’amabere ye agakura neza akaba manini?
Njyewe mfite mu gatuza hato, amabere yanjye ni mato, numva bimbangamiye kuko iyo mbonye abakobwa bafite amabere agaragara mu mwenda mba numva mbikunze.
Hari uko njya mbyumva, umukobwa ufite ikibuno kinini yatambuka bati uriya mukobwa atanga ibintu, bashatse kuvuga gusambana kandi mu byukuri nareba uko ateye nkumva ndabikunze.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Nkunda kumva bavuga ko hari imisemburo iba ibura mu mubiri, ko imibonano igira urwo ruhare mu kuyirekura. Nanjye inama zanyu ndazikeneye.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *