Umuntu bikekwa ko ari Umunyarwanda kuri uyu wa Gatandatu, itariki 18 Kamena, yishwe n’abaturage muri Komini ya Kalima, Teritwari ya Pangi, mu birometero bigera mu ijana uvuye mu Mujyi wa Kindu, Umurwa Mukuru wa Maniema, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Kugeza ubu nk’uko tubikesha urubuga 7sur7.cd, abayobozi b’Intara ya Maniema nta kintu baratangaza ku mpamvu y’iyicwa ry’uyu muntu bivugwa ko ari Umunyarwanda. Gusa, ababibonye bavuga ko uyu yaba yazize uko ateye.
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, umurambo we watwikiwe mu mujyi rwagati nk’uko amakuru aturuka aho akomeza avuga.
Mu itangazo ryasohowe kuri iki Cyumweru na guverineri w’agateganyo wa Maniema, Afani Idrissa Mangala, yahamagariye abaturage bo muri iyi ntara gutuza.
Ati “ Nyuma y’ibintu bibabaje byabereye i Kalima kuwa Gatandatu itariki 18 Kamena 2022, Guverineri (w’agateganyo) Afani Idrissa Mangala arasaba abaturage bose ba Teritwari ya Pangi muri rusange n’aba Komini Kalima by’umwihariko gutuza no kudaha icyuho abanzi b’amahoro n’iterambere,”
Ku rundi ruhande, Ishyirahamwe riharanira kurinda uburenganzira bwa muntu, Haki Zabinadamu-Maniema, ryamaganye ubu bugizi bwa nabi bita ubutabera bw’abaturage, ryibutsa ko ubuzima bwa muntu ari ubw’agaciro.



18 Responses
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Abantu tuvuga ururimi rwikinyarwanda turibasiwe muri Drcongo. Imperuka yacu yageze amahanga arikubirebera kuko ubutegetsi bwigihugu kyacu bwo bwamaze kubishiraho umukono????????.
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Abantu tuvuga ururimi rwikinyarwanda turibasiwe muri Drcongo. Imperuka yacu yageze amahanga arikubirebera kuko ubutegetsi bwigihugu kyacu bwo bwamaze kubishiraho umukono????????.
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Umva ako karengane kabayeho iteka ryose nzi umugabo wu mu islam igoma ufite bene uwo mutima nawe ya bikora kuko iteka ryose yigisha amacakubiri kandi yahoze ayobora amadini na ma chefferie mu byu kuri autodétermination ku garura hariya hantu hakigenga byaba karusho tura rambiwe nizo vangura za buri munsi
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Umva ako karengane kabayeho iteka ryose nzi umugabo wu mu islam igoma ufite bene uwo mutima nawe ya bikora kuko iteka ryose yigisha amacakubiri kandi yahoze ayobora amadini na ma chefferie mu byu kuri autodétermination ku garura hariya hantu hakigenga byaba karusho tura rambiwe nizo vangura za buri munsi
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Nda keka ko communauté internationale yamaze gutegura mandat d’arrêt yuwo gêneral wa Congo wa hamagariye abaturage kwica abantu
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
mutuvuganire kuko iyi ni génocide iri gukorerwa abatutsi kandi bakoreshe itegeko nshinga
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
mutuvuganire kuko iyi ni génocide iri gukorerwa abatutsi kandi bakoreshe itegeko nshinga
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Nda keka ko communauté internationale yamaze gutegura mandat d’arrêt yuwo gêneral wa Congo wa hamagariye abaturage kwica abantu
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Nda keka ko communauté internationale yamaze gutegura mandat d’arrêt yuwo gêneral wa Congo wa hamagariye abaturage kwica abantu
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Nda keka ko communauté internationale yamaze gutegura mandat d’arrêt yuwo gêneral wa Congo wa hamagariye abaturage kwica abantu
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Ibi abaturagi ba RDC bariko barakora nagahoma munwa kuko bariko bica inzirakarengane kweli.mbe abo ba nyarucari baziki muvya politique biriko biraba?nibareke kwica barindire ababatwara bavyigiremo kuko iryo nibere riyaze.turabanya afurika ntaco twohorana atari ubucucu bubazingamitse abo bantu bariko barakora ayo mateshwa.muntunge niciyumviro canje nkumunta ataho mbogamiye.
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Ibi abaturagi ba RDC bariko barakora nagahoma munwa kuko bariko bica inzirakarengane kweli.mbe abo ba nyarucari baziki muvya politique biriko biraba?nibareke kwica barindire ababatwara bavyigiremo kuko iryo nibere riyaze.turabanya afurika ntaco twohorana atari ubucucu bubazingamitse abo bantu bariko barakora ayo mateshwa.muntunge niciyumviro canje nkumunta ataho mbogamiye.
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Bareke guhohotera agateka kakiremwa muntu,kuko uko mbazi uwo Muriel batsa ntibowuzimya.
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Bareke guhohotera agateka kakiremwa muntu,kuko uko mbazi uwo Muriel batsa ntibowuzimya.
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Imana imwacyire mubayo.RIP gusa iy’inkuru irababaje cyane.
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
Imana imwacyire mubayo.RIP gusa iy’inkuru irababaje cyane.
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
none seem ubuyobozi burabivugaho i
ki?
RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati
none seem ubuyobozi burabivugaho i
ki?